Menya operasiyo ikomeye abasirikare b’Inkotanyi bakoze yo gufata i Butare, ahari Ingabo z’Abafaransa

Ni byagarutsweho n’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, ku munsi wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yavuze ko yigeze gusurwa na General Romeo Dallaire wari umuzaniye ubutumwa. Yavuze ko muri ubwo butumwa harimo ko General Romeo Dallaire yasabye Paul Kagame kutazareka Inkotanyi zinjira […]

Continue Reading

Niki cyihishe inyuma y’umugambi wa Amerika wo gupfobya Jenoside ?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwisanga mu rugamba rwa yonyine rw’ibihugu byanze kuva ku izima, ku buryo nyuma y’imyaka 30 igikoresha imvugo zipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ibigambiriye, mu mugambi umaze igihe wo kwibasira ubuyobozi bw’u Rwanda no kubuca intege. Ubutumwa bw’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken, bujyanye no […]

Continue Reading

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo Thabo Mbeki arasaba ko habaho ibiganiro mu kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Thabo Mbeki, avuga ko igisubizo cya politiki gusa, atari imbunda, ari cyo kizakemura amakimbirane ashingiye ku moko ndetse n’ihungabana rya politiki mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu kiganiro na SABC News yo muri Afurika y’Epfo, Mbeki yasabye ko ingabo zahagarara  kugira ngo habe inzira yo […]

Continue Reading

Televiziyo yo mu Bubiligi mu mazabira nyuma yo gutangaza ko Tshisekedi yaje mu Rwanda Kwibuka

RTBF Televiziyo yo mu Bubiligi, iri ku gitutu nyuma yo gutangaza ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaje mu Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi. Iki gitangazamakuru cyatangaje ko Tshisekedi na we yari yaje i Kigali, mu gihe hari andi makuru yavugaga ko yagiye mu […]

Continue Reading

Burundi: Havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro kwa Leta y’uburundi ku rubyiruko rw’ishya riri ku butegetsi CNDD-FDD

Burundi, havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro mu itsinda ry’urubyiruko rufitanye isano n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD. Imipanga bivugwa ko yatumijwe mu Bushinwa binyuze muri Tanzaniya, yazamuye impungenge haba mu gihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga. Nk’uko amakuru abitangaza, iyi mihoro yari igenewe abanyamuryango b’urubyiruko rwishaka CNDD-FDD, izwi ku izina rya imbonerakure, bamenyeshwa ko bagamije kurengera […]

Continue Reading

Rusesabagina yongeye kwihenura ku bahitanywe na MRCD-FLN yashinze

Rusesabagina Paul yavuze ko aticuza impfu umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wateye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Mu kiganiro kuri CNN kuri uyu wa 4 Mata 2024, umunyamakuru Christiane Amanpour yabajije Rusesabagina niba yicuza kubera impfu ibitero bya MRCD-FLN byateje mu Rwanda. Amanpour yamwibukije ko mu ibaruwa yandikiye Perezida Kagame, yagaragaje ko yicuza kubera ingaruka […]

Continue Reading

Yiyamamaje amaze icyumweru kimwe afunguwe Bassirou Diomaye Faye niwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Senegal

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi  muri Sénégal, , Bassirou Diomaye Faye niwe usatira kwegukana itsinzi  mu matora y’umukuru w’Igihugu. Mugenzi we bari bahanganye ,Amadou Ba,yamuhamagaye kuri  telefoni amubwira ko yemeye ko yatsinzwe na we mu matora ya perezida yabaye ku cyumweru, nkuko byavuzwe n’umutegetsi wo muri leta. Inkuru dukesha ikinyamakuru BBC ivuga ko,ibyavuye mu matora […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading

Imirwano yubuye nyuma y’inama y’abagaba b’ingabo za SADC n’u Burundi ziri muri Congo

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe mu bari hafi yaho babivuga.   Inyeshyamba za M23 zatangaje ko mu gitondo uyu munsi ingabo za leta zifatanyije n’imitwe y’inyeshyamba yiswe Wazalendo, ingabo zo mu bihugu bimwe by’ihuriro […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko muri Ghana iri mu icuraburindi

  Ikigo gishinzwe Ingufu muri Ghana, Electricity Company of Ghana (ECG), ku wa Kane cyakupiye amashanyarazi Inteko Ishinga Amategeko kubera umwenda wa miliyoni $1.8 ikibereyemo. Byatumye ibiganiro ku ijambo rya Perezida ryerekana uko igihugu gihagaze bihagarara.   Video yasangijwe n’ibitangazamakuru byaho yerekana abadepite mu cyumba cyijimye baririmba bati: “Dumsor, dumsor”, bivuze ko umuriro w’amashanyarazi mu […]

Continue Reading

Abagaba b’Ingabo zoherejwe na SADC mu nama idasanzwe I Goma

  Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u Burundi,bahuriye mu nama I Goma,kuri uyu wa kane.   Uwa mbere wakiriwe ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Goma ni Umugaba w’Ingabo za Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Gen. Jacob […]

Continue Reading