Amateka ya Rujugiro Ayabatwa Tribert wari Umunyarwanda ukize cyane kurusha abandi

UmuherweTribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata 2023. Umwe mu banyamategeko be yahamirije BBC Gahuzamiryango urupfu rwa Rujugiro, yongeraho ati: “Nta yandi makuru dufite yo gutanga muri aka kanya.” Amakuru avuga ko yari asigaye aba i Dubai muri Emira […]

Continue Reading

Umuherwe Rujugiro yatabarutse ku myaka 82

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana.  Rujugiro yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi. Umuherwe kabuhariwe Rujugiro yamenyekanye mu gucuruza itabi, amazu, n’ibindi yakoreye ahanini mu Burundi, mu Rwanda, muri Uganda, Angola, Afurika y’Epfo, Kenya na Nijeriya. Muri Uganda, yahashoye miliyoni 20 z’amadorari yashyize mu gucuruza itabi no kugemura ibyokurya. Ajya […]

Continue Reading

Ububi bw’inzoga ku mugore utwite harimo no gukuramo inda

Ikigo gishinzwe kurwanya no gukumira indwara muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (CDC), mu Ukwakira 2023 cyatangaje ko kunywa inzoga ku mugore utwite bishobora gushyira ubuzima bwe n’ubw’uwo atwite mu kaga, harimo no kuba inda yavamo. Iki kigo cyemeje ko nta mwanya mwiza wa nyawo wo kunywa inzoga ku mugore utwite, yaba mu mezi ya […]

Continue Reading

Umurwayi wa mbere watewemo impyiko y’ingurube yasezerewe mu bitaro

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika, umurwayi wa mbere ku Isi witwa Rick Slayman w’imyaka 62, watewemo impyiko y’ingurube yatashye iwe, nyuma yo gusezererwa n’ibitaro bya ‘Massachusetts General Hospital’, akaba atashye yari amaze ibyumweru hafi bibiri akorewe ubwo buvuzi. Igikorwa cyo kubaga uwo murwayi no kumuteramo impyiko y’ingurube, cyakozwe ku itariki 16 Werurwe 2024, kimara […]

Continue Reading

Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension arterielle) ni indwara yibasira abantu benshi ariko idakunze kumenyekana kubera ko akenshi itagira ibimenyetso bigaragara. Nubwo nta mibare y’abantu barwaye iyo ndwara mu Rwanda igaragazwa, muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, 32% by’abirabura n’abafite inkomoko muri Afrika (Afro-americans) barwaye hypertension. 23% by’abakomoka mu bihugu byo muri Amerika yo hagati n’iyo Amajyepfo (whites […]

Continue Reading

Miliyoni 5 zarokora ubuzima bwa Yubahe ugeze mu marembera kubera uburwayi bw’Impyiko

Yubahe Beatrice w’imyaka 15 akeneye Miliyoni 5 Frw ngo ubuzima bwe bugeze habi burokoke kubera uburwayi bw’impyiko, atuye mu murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu.   Uyu mwana arasabirwa ubutabazi bwihuse bw’amafaranga yo kumufasha kuyungurura amaraso (Dialysis) mu gihe hategerejwe ko hakorwa ibizami byo gupima uwamwereye impyiko no kuyimushyiramo.     Yubahe yatangiye kugaragaza […]

Continue Reading

Ni iki wagakoze mu gihe ubyutse kugirango ugire umunsi mwiza?

Kenshi Abantu ducurika ibintu cyangwa se tukibwira ibitari byo  kubwo kumva ibintu bitandukanye hirya no hino ku mbugankoranyambaga cyangwa se wenda ahandi ubyumvira, kuko bavuga byinshi bitandukanye rero bituma bicanga benshi bikanabatera kutabikurikiza kugirango bagire umunsi mwiza, niyo mpamvu rero tugiye kurebera hamwe iby’ibanze wagakoze mu gihe ubyutse bikagufasha kugira umunsi mwiza.       […]

Continue Reading

Icyo Abagabo barengeje imyaka 50 bagakwiye gukora.

Kenshi  kuri benshi yewe nabakiri bato usanga yicara agatekereza ukuntu mu myaka mirongo itanu azaba ameze, agatekereza ibyiza byose azaba yaragezeho nko kuzaba yarabyaye umwana we w’imfura arimo kuminuza, urugo rwiza azaba afite, akazi keza k’inzozi ze, icyubahiro mu bantu n’ibindi. ariko  sikenshi Abntu batekereza ndetse ngo bapange uburyo bwiza bwo kuzita k’umibiri yabo kugira […]

Continue Reading

Rutsiro: Inzu y’ababyeyi y’Ikigo nderabuzima yangiritse itamaze kabiri

Inzu y’ababyeyi (Materineti) yo ku kigo nderabuzima cya Mukura, mu karere ka Rutsiro abayigana bavuga ko yangiritse itamaze kabiri, ikaba ishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga.   Abagana iyi nzu y’ababyeyi baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko batunguwe no kubona iyi nzu y’ababyeyi yaratangiye kwangirika mu myaka mike yuzuye.   Iyi nzu y’Ababyeyi bakomeza bavuga ko […]

Continue Reading

Rutsiro: Haravugwa abinangira gufata imiti igabanya ubwandu bwa Virus itera Sida

Bamwe mu bajyanama b’urungano, n’abubuzima bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko bibatwara imbaraga nyinshi mu kwigisha abinangiye gufata imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida.   Ibi babigarutseho ubwo barimo bishimira ko Ikigo nderabuzima cya Kayove cyabashije kwegukana igikombe mu ntara y’iburengerazuba mu kurwanya no gukurikirana neza abarwayi, gukumira ubwandu bushya bwa virus itera […]

Continue Reading