Menya Impamvu abantu bakenera kwayura

Abashakashatsi b’urubuga YouTube/Vsauce rushyira ahagaragara amashusho y’ingingo zakozweho ubushakashatsi mu bya siyansi bavuga ko kwayura bidaterwa n’uko umwuka uba wabaye muke ahantu umuntu wayura aherereye, nk’uko bamwe babikeka. Kwayura ahubwo ngo ni nko gusubiza intege umubiri igihe wananiwe kugira ngo ukomeze gukora neza. Abo bashakashatsi banagaragaje ko ubwonko bukora nka mudasobwa ku buryo buba bukeneye […]

Continue Reading

Menya akamaro ko kunywa amakara nk’umuti n’uburyo atunganywa

Amakara akoreshwa nk’umuti w’indwara zitandukanye harimo no gusohora uburozi mu mubiri, ntabwo ari amakara yo mu ziko cyangwa se mu mbabura amenyerewe, ahubwo ni amakara yatunganyirijwe kuba umuti azwi nka ‘Charbon actif/Activated charcoal’. Izina ryayo rya gihanga ni ‘Carbo vegetabilis’. Aya makara aboneka mu nzu zicuruza imiti ashobora kuboneka ari ifu cyangwa ibinini. Gukoresha amakara […]

Continue Reading

Dore ibyago byo gukuramo inda ku bushake,ndetse n’ingaruka bigira

Zimwe mu ngorane ziri kuba mu ngo zimwe na zimwe ni ukubura urubyaro nyamara basuzuma ugasanga umugabo n’umugore bose ni bazima, nuko abazi amateka y’umugore ugasanga bahwihwisa ko ari uko umugore akiri inkumi yakuyemo inda nyinshi. Gutwara inda zitateganyijwe bituma abazitwara bamwe muri bo bahitamo kuzikuramo nubwo hari intwari zemera zikabyara nubwo biba bigoye gutwita […]

Continue Reading

Ese Koko Nibyo Iyo Umuntu Urwaye IGICURI Agusuriye Nawe Uhita Ukirwara?

Igicuri ni indwara y’imitsi irangwa no gutuma ubwonko budakora uko bikwiye, ibyo bigakurikirwa no kwikubita hasi bitunguranye kandi bigakunda kubaho kenshi. mu gihe umuntu yikubise hasi bikurikirwa no gutitira amaguru cyangwa se umubiri wose. Gusa uko kwikubita hasi k’umuntu urwaye igicuri ntibimara igihe kinini kuko nyuma y’iminota runaka arahaguruka gakomeza ubuzima bisanzwe. Uko kugwa bitunguranye […]

Continue Reading

Waruziko guhorana Stress bishobora gutuma umera imvi?

Ushobora kuba warabyumvise cyangwa bikaba ari ubwa mbere wumvise ko stress ishobora kugutera kuzana imvi imburagihe. Ubusanzwe icyegeranyo kigaragaza ko abagabo bamera imvi guhera ku myaka 30 naho abagore bakazizana hejuru y’imyaka 35 gusa bitewe n’akoko hari abashobora gutangira kuzimera munsi y’iyo myaka nkuko hari n’abazimera barengeje 50. Stress ihurira he no kumera imvi? Ibi […]

Continue Reading

Uko wakwivura Diyabete , Hypertension n’umubyibuho ukabije ukoresheje amababi y’imyembe

Amababi y’imyembe ashobora gukoreshwa mu kwivura indwara zitandukanye zirimo nka Diyabete , indwara z’umutima , kugabanya umubyibuho ukabije , indwara za infegisiyo zo ku ruhu ndetse nizindi nyinshi , muri iyi nkuru turakubwira uko wakoresha aya mababi mu kwivura n’indwara wakwivura . Kuva kera amababi y’imyembe yakoreshejwe kuva kera mu buvuzi gakondo , aho akungahaye […]

Continue Reading

Ntabanganyimana arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri y’ibihaha

Umunyarwanda witwa Ntabanganyimana Francois arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri y’ibihaha. Ntabanganyimana avuga ko nyuma y’igihe kinini yarahuye n’ikibazo cy’ubuzima, mu mwaka wa 2022 nibwo yagiye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal nuko amenya ko arwaye kanseri y’ibihaha. Akomeza avuga ko yabwiwe ko agomba gushaka uburyo ajya kuvurirwa hanze y’igihugu, ariko ahura n’inzitizi z’ubushobozi buke. Binyuze mu […]

Continue Reading

Impungenge ku bana 600 bavutse ku bagabo batatu, bagasanganwa ikibazo

Aba bagabo batangaga amakuru y’uko bakora akazi ko kugurisha intanga, aho imwe yabaga igurishwa amadolari 100$. Binyuze kuri Facebook, abagore benshi bakeneye abana bagannywe serivisi z’aba bagabo, batangira gukorana nabo. Icyakora ibintu byaje guhindura isura nyuma y’uko abagore baguze intanga kuri abo bagabo, baje kuvumbura ko kera kabaye abana babo bafite abandi benshi bavukana, kandi […]

Continue Reading

Kamonyi: Ambulance yari itwaye indembe yaheze yaheze mu muvu

Ambulance y’Ibitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari igiye kuzana abarwayi babiri mu Kigo Nderabuzima cya Kabuga giherereye mu murenge wa Ngamba  yaheze mu mazi hitabazwa Breakdown. Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Remera-Rukoma buvuga ko bwohereje imbangukiragutabara mu Kigo Nderabuzima gufata abarwayi babiri barimo umubyeyi n’umwana we bari bamerewe nabi, igarutse ivuye kubafata ihura n’inkangu yatewe […]

Continue Reading

Dore impamvu gufunga inkari igihe kirekire ari bibi cyane ku mubiri w’umuntu

Hari igihe akazi kaba kenshi, bikagorana guhaguruka katarangiye, bamwe bagatangira kwiga umuco wo gufata inkari bakazitindana cyane mbere y’uko bajya kwihagarika. Ariko icyo gikorwa kigaragara nkaho ntacyo gitwaye, kigira ingaruka mbi ku buzima ari nazo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru. Inkari ziba zigizwe n’iki? Ubusanzwe inkari ziba zifite ibara ry’umuhondo rijya kweruruka. Ziba zigizwe […]

Continue Reading