“Nange narimfite gahunda yo kumuhagarika,” Karasira avuga ku munyamategeko we wikuye mu rubanza rwe

Umunyamateko Me Gatera Gashabana yivanye mu rubanza yunganiragamo Uzaramba Karasira Aimable uri gukurikiranwa n’Urukiko Rukuru Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza. Uyu munsi, mbere y’uko urubanza rutangira Gatera Gashabana, wari uri mu rukiko, yandikiye urukiko ibaruwa ko yivanye muri uru rubanza yari yaratangiranye narwo. Amaze kwandika iyo baruwa no kuyishyira muri ‘system’ […]

Continue Reading

Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30 umugore we asabirwa 29

Mu rukiko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye I Nyanza, rwaburanishije urubanza ruregwamo Bicahaga Abdallah, umugore we Mukamana Marie Louise ndetse n’undi mugabo witwa Gatete Theophile. Mu gihe ubushinjacyaha bwari bwarasoje gusobanura ikirego cyabwo kuri iyi nshuro humviswe umugore wa Bicahaga yiregura, aho yabwiye urukiko ko icyaha cy’ubufatanyacyaha ku cyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside, […]

Continue Reading

Kamonyi: Ambulance yari itwaye indembe yaheze yaheze mu muvu

Ambulance y’Ibitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari igiye kuzana abarwayi babiri mu Kigo Nderabuzima cya Kabuga giherereye mu murenge wa Ngamba  yaheze mu mazi hitabazwa Breakdown. Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Remera-Rukoma buvuga ko bwohereje imbangukiragutabara mu Kigo Nderabuzima gufata abarwayi babiri barimo umubyeyi n’umwana we bari bamerewe nabi, igarutse ivuye kubafata ihura n’inkangu yatewe […]

Continue Reading

Economy: How can Rwanda deal with Banque Lambert?

Jean Paul Kalinda, a loan shark seemed like a lifeline. His struggling butchery business needed a boost to keep up with operations, and a quick loan from a local moneylender kept the ovens ablaze. But the initial relief turned into a stifling burden. The interest increased overnight, and Kalinda’s small profits barely covered the weekly […]

Continue Reading

Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma 

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa  Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continue Reading

U Rwanda ku mwanya w’ 144 n’amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi mu bihugu bizige Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba Iyi raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa, yasohotse kuri iyi tariki ya gatatu Gicurasi (5), umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye, ishyira u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu […]

Continue Reading

Bamwe mu bacungagereza bari bamaze amezi 5 bafunzwe barekuwe

  Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangaje ko abacungagereza 135 bari bamaze amezi atanu bafungiwe mu ishuri ry’amahugurwa ryarwo riherereye mu Karere ka Rwamagana bamaze kurekurwa.   Umuvugizi wa RCS, CSP Kubwimana Thérèse, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2024 yatangarije IGIHE ko aba bacungagereza bari bakurikiranweho amakosa atandukanye bafunguwe ku wa 29 Mata.   CSP […]

Continue Reading

Ubugambanyi muri FDLR buri guhitana bamwe mu bayobozi bayo

Umwe mu bahoze mu gisirikare cya FDLR witandukanyije nayo aremeza urupfu rwa Ruhinda rwaba rwaratewe n’ubugambanyi bwakozwe n’umwe mubo bari bafatanyije kuyobora uyu mutwe w’iterabwoba Amezi atanu arihiritse hamenyekanye urupfu rutavuzweho rumwe rw’uwari Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe z’Umutwe wa FDLR, Colonel Ruhinda Gaby ubusanzwe witwa Protogène Ruvugayimikore. Hagiye havugwa amakuru menshi ku rupfu rwe, aho umutwe […]

Continue Reading

Urujijo : Umwe mu bakekwaho Jenoside mu murenge wa Mukura aratoteza umurinzi w’Igihango

Kayonga Barnabasi usanzwe ari muri komite y’abacitse ku icumu mu murenge wa Mukura mu karere ka Rutsiro aravugwaho gutoteza umwe mu barinzi b’Igihango wahishe abantu muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.   Amakuru aturuka muri uyu murenge avuga ko Barnabasi avugwaho gukora Jenoside akica abatutsi ndetse akanasahura imitungo yabo. Kuri ubu aravugwaho gutoteza umwe mu […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading