Umugabo ajyanye umwana muri lodge afashwe ariruka

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 yahuye n’uruva gusenya ubwo yari yazanye umukobwa bagiye kwiha akabyizi, ariko uwo mukobwa bari kumwe agakekwaho kuba munsi y’imyaka 18 y’amavuko ndetse akabura ibyangombwa byerekana imyaka ye. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 17 Gicurasi ahitwa Cosmos i Nyamirambo. Amakuru agera ku IGIHE dukesha aya Makuru avuga […]

Continue Reading

Abaturage ba Rubaya bafite ubwoba ko M23 izabiba

Umujyi wa Rubaya ucukurwamo amabuye y’agaciro, mu burasirazuba bwa Repuburika ya demokarasi ya Kongo, uzwi nk’umurwa mukuru wa Coltan kw’isi, waguye mu maboko y’abarwanya ubutegetsi. Ibyo birimo guteza impagarara mu baturage baho, bafite ubwoba ko M23, izungukira mu birombe bya Coltan, ikabona amafaranga yo gukoresha mu ntambara irwana na guverinema ya Kongo. Uyu mujyi wa […]

Continue Reading

Paul Kagame abaye uwa mbere mu gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yashyikirije Komisiyo y’Amatora, Kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ahagarariye Umuryango wa FPR Inkotanyi. Yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa ku biro bya Komisiyo y’Amatora mu Kiyovu. Perezida Kagame yari aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame hamwe n’Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, Gasamagera Wellars. […]

Continue Reading

Abanyarwanda babiri bashakishwaga byemejwe ko bapfuye

Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko zirimo urwa Arusha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), Serge Brammertz, yemeje ko Abanyarwanda babiri bari bagishakisha bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bapfuye. Aba ni Sikubwabo Charles wabaye Burugumesitiri wa Komini Gishyira muri Perefegitura ya Kibuye, akaba n’umunyamuryango w’ishyaka CDR, mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

Continue Reading

“Yakomeje kwitwara nk’umunyapolitike.” Urukiko rwanze ikirego cya Ntaganda Bernard

Urukiko Rukuru rwanze kwakira ikirego cya Bernard Ntaganda wasabaga ihanagurabusembwa, nyuma yo kugaragaza ko icyo kirego kitubahirije amategeko kuko hari ibyo yari yarategetswe ubwo yakatirwaga gufungwa ariko atubahirije. Mu byo urukiko rwagaragaje ko Ntaganda atubahirije harimo kuba atarishyuriye ku gihe ihazabu y’ibihumbi 100 Frw yari yaciwe n’urukiko rukuru mu 2010, bityo ko atasaba ihanagurabusembwa kandi […]

Continue Reading

Umunyamakuru wa Radio10 yasezeye ajya muri Rayon Sports

Kuri iki Cyumweru taliki ya 12 Gicurasi 2024 nyuma y’umukino wahuzaga ikipe ya Manchester United na Arsenal zo muri shampiyona y’Ubwongereza, nibwo Uwizeyimana Sylvestre uzwi nka Wasili yahise atangaza ko ariwo munsi wa nyuma yumvikanye kuri Radio10 nk’umukozi wayo. Ntabwo yahise atangaza ahandi agiye gukomereza akazi ariko yavuze ko mu minota mike abantu bari kuba […]

Continue Reading

Ishyaka DGPR ryemeje manifesto yaryo ryizera intsinzi mu matora

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 11 Gicurasi 2024, Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), ryagize inama nyobozi ryagaragarijemo imigabo n’imigambi (Manifesto) yaryo rizifashisha mu matora ya Perezida n’ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Wari umwanya kandi wo kwemeza abakandida bazarihagararira mu matora y’Abadepite uko ari 64 barimo abagore 30 […]

Continue Reading

U Burundi bwagabweho igitero cy’iterabwoba

Perezida Evariste Ndayishimiye yihanganishije abakomerekeye mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe ahahoze Isoko Rikuru rya Bujumbura. Ni igitero cyagabwe ku masaha y’umugoroba aho bivugwa ko abantu bagera ku icyenda bamaze kugikomerekeramo, icyakora amakuru y’abakiguyemo ntiyahise amanyekana. Nyuma y’iki gitero, imodoka nyinshi z’abashinzwe umutekano zahise zigota aho cyabereye ndetse n’imihanda imwe n’imwe irafungwa, mu gihe iperereza ryahise ritangizwa […]

Continue Reading

“Navuye muri FPR Inkotanyi ku mugaragaro ari bwo natangije ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya DGPR.” Ubuhamya bwa Dr. Frank Habineza

Mu kiganiro The Long Form na Sanny Ntayombya, Dr Habineza yagarutse ku rugendo rwe muri politiki, kuva kuri wa mwana wakuriye mu nka zo mu buhungiro muri Mityana, Uganda kugeza ku guhatanira kuyobora u Rwanda. Democratic Green Party of Rwanda, ni ishyaka rimaze imyaka 15 muri politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse rikomeje gukura […]

Continue Reading

Wa mukobwa wagonzwe na Ritco I Rubavu yashyinguwe mu cyubahiro

Mutoni Furaha wakundaga kwitwa Tonny, umukobwa wagozwe n’imodoka ya Ritco y’ikigo gitwara abagenzi yakoreraga, yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Gicurasi 2024. Furaha yakoreraga Ritco nk’umukozi ukata amatike muri gare ya Rubavu mu karere ka Rubavu mu ntara y’iburengerazuba, gusa yari yaragiyeyo mu rwego rwo gushakisha amaramuko kuko akomoka mu karere […]

Continue Reading