Abatiyumvamo Perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bahawe ubutumwa

  U Rwanda rwageneye ubutumwa abanyekongo n’abandi bose  batiyumvamo Perezida w’igihugu cyabo Paul Kagame.   Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, abinyujije k’urubuga rwa X, avuga ku nkuru iheruka gutangazwa n’i Kinyamakuru cya African Stream.   Nk’uko iy’inkuru ibivuga nuko “mu butumwa buherekeje inkuru y’amashusho y’iki Kinyamakuru, ibaza abantu impamvu Perezida w’u Rwanda, Paul […]

Continue Reading

Imirwano yubuye nyuma y’inama y’abagaba b’ingabo za SADC n’u Burundi ziri muri Congo

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe mu bari hafi yaho babivuga.   Inyeshyamba za M23 zatangaje ko mu gitondo uyu munsi ingabo za leta zifatanyije n’imitwe y’inyeshyamba yiswe Wazalendo, ingabo zo mu bihugu bimwe by’ihuriro […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko muri Ghana iri mu icuraburindi

  Ikigo gishinzwe Ingufu muri Ghana, Electricity Company of Ghana (ECG), ku wa Kane cyakupiye amashanyarazi Inteko Ishinga Amategeko kubera umwenda wa miliyoni $1.8 ikibereyemo. Byatumye ibiganiro ku ijambo rya Perezida ryerekana uko igihugu gihagaze bihagarara.   Video yasangijwe n’ibitangazamakuru byaho yerekana abadepite mu cyumba cyijimye baririmba bati: “Dumsor, dumsor”, bivuze ko umuriro w’amashanyarazi mu […]

Continue Reading

Abagaba b’Ingabo zoherejwe na SADC mu nama idasanzwe I Goma

  Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u Burundi,bahuriye mu nama I Goma,kuri uyu wa kane.   Uwa mbere wakiriwe ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Goma ni Umugaba w’Ingabo za Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Gen. Jacob […]

Continue Reading

Béatrice Munyenyezi yongeye gutakambarira umucamanza asaba kurenganurwa

  Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa.   Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare ubwo Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwahaga ijambo impande zombi.   Mu gihe mu iburanisha ryabanje ijambo […]

Continue Reading

U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Pochettino yizeye ubutabera kuva ku musifuzi uzasifura umukino wa nyuma wa Carabao Cup ejo

  Ku cyumweru, Mauricio Pochettino yizeye ko umusifuzi Chris Kavanagh azabera neza impande zombi ubwo Chelsea izaba ikina na Liverpool ku mukino wanyuma wa Carabao Cup.   Pochettino aracyafite agahinda kubera ibyemezo byokwiba Chelsea muri shampiyona bagatsindirwa 4-1 i Anfield ukwezi gushize. Umutoza mukuru wa Chelsea yemeza ko Conor Gallagher na Christopher Nkunku bari bakwiye […]

Continue Reading

Munyenyezi uregwa Genocide arasaba kutazira ibyaha by’abakurambere

  Mu rubanza rwabaye ku itariki ya 19 gashyantare 2024,Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi yasabye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko atagombye kuzira ibyaha byakozwe n’ umuryango yashatsemo. Munyenyezi akurikiranyweho ibyaha birimo gukora jenoside no gufata abagore ku ngufu byakorewe mu mujyi wa Butare mu majyepfo y’u Rwanda, ibyaha we aburana ahakana .Yoherejwe […]

Continue Reading

Guverinoma y’u Rwanda yerekanye aho ihagaze nyuma y’aho RDC iyikangishije kuyitera

Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, binyuze muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’u butwererane.   Iri tangazo rivuga ko u Rwanda rutewe impungenge bikomeye no kurenga ku myanzuro ya Luanda na Nairobi bikorwa na leta ya Kinshasa, ndetse n’ibindi b’ihugu bikomeje gutera […]

Continue Reading

Goma : Haramukiye imyigaragambyo simusiga

Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye mu gitondo  cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024.   Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika, kuba biri inyuma y’intambara n’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse barashinja u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza, gushigikira M23, nk’uko abateguye imyigaragambyo bakomeje […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading