Bamwe mu bacungagereza basabiwe gufungwa by’agateganyo

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2024 mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangiye gusabira abacungagereza kuba bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe bagikorwaho amaperereza ku byaha bakurikiranyweho birimo ibifitanye isano na ruswa. Abaregwa barasaba kurekurwa kuko bamaze amezi agera muri atanu bafunzwe binyuranyije n’amategeko. Umucungagereza mukuru waburanye kuri […]

Continue Reading

Ntabanganyimana arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri y’ibihaha

Umunyarwanda witwa Ntabanganyimana Francois arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri y’ibihaha. Ntabanganyimana avuga ko nyuma y’igihe kinini yarahuye n’ikibazo cy’ubuzima, mu mwaka wa 2022 nibwo yagiye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal nuko amenya ko arwaye kanseri y’ibihaha. Akomeza avuga ko yabwiwe ko agomba gushaka uburyo ajya kuvurirwa hanze y’igihugu, ariko ahura n’inzitizi z’ubushobozi buke. Binyuze mu […]

Continue Reading

Diane Rwigara atangaje ko aziyamamaza ku mwanya wa perezida mu matora ya 2024

Diane Rwigara yabwiye BBC ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika mu matora azaba muri Nyakanga uyu mwaka. Diane yaherukaga kugerageza ibi mu 2017 ariko kandidatire ye yanzwe na komisiyo y’amatora ivuga ko yakusanyije imikono mihimbano y’abantu basabwa muri buri karere kugira ngo umuntu yemerwe nk’umukandida ku mwanya wa perezida. Diane […]

Continue Reading

“Nange narimfite gahunda yo kumuhagarika,” Karasira avuga ku munyamategeko we wikuye mu rubanza rwe

Umunyamateko Me Gatera Gashabana yivanye mu rubanza yunganiragamo Uzaramba Karasira Aimable uri gukurikiranwa n’Urukiko Rukuru Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza. Uyu munsi, mbere y’uko urubanza rutangira Gatera Gashabana, wari uri mu rukiko, yandikiye urukiko ibaruwa ko yivanye muri uru rubanza yari yaratangiranye narwo. Amaze kwandika iyo baruwa no kuyishyira muri ‘system’ […]

Continue Reading

Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30 umugore we asabirwa 29

Mu rukiko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye I Nyanza, rwaburanishije urubanza ruregwamo Bicahaga Abdallah, umugore we Mukamana Marie Louise ndetse n’undi mugabo witwa Gatete Theophile. Mu gihe ubushinjacyaha bwari bwarasoje gusobanura ikirego cyabwo kuri iyi nshuro humviswe umugore wa Bicahaga yiregura, aho yabwiye urukiko ko icyaha cy’ubufatanyacyaha ku cyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside, […]

Continue Reading

Kamonyi: Ambulance yari itwaye indembe yaheze yaheze mu muvu

Ambulance y’Ibitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari igiye kuzana abarwayi babiri mu Kigo Nderabuzima cya Kabuga giherereye mu murenge wa Ngamba  yaheze mu mazi hitabazwa Breakdown. Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Remera-Rukoma buvuga ko bwohereje imbangukiragutabara mu Kigo Nderabuzima gufata abarwayi babiri barimo umubyeyi n’umwana we bari bamerewe nabi, igarutse ivuye kubafata ihura n’inkangu yatewe […]

Continue Reading

Economy: How can Rwanda deal with Banque Lambert?

Jean Paul Kalinda, a loan shark seemed like a lifeline. His struggling butchery business needed a boost to keep up with operations, and a quick loan from a local moneylender kept the ovens ablaze. But the initial relief turned into a stifling burden. The interest increased overnight, and Kalinda’s small profits barely covered the weekly […]

Continue Reading

Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma 

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa  Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continue Reading

U Rwanda ku mwanya w’ 144 n’amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi mu bihugu bizige Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba Iyi raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa, yasohotse kuri iyi tariki ya gatatu Gicurasi (5), umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye, ishyira u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu […]

Continue Reading