Mu mujyi wa Kigali hagiye kongerwamo bisi muri bimwe mu byerekezo by’imihanda.

Umujyi wa Kigali watangaje ko ukomeje gahunda yo kwagura ibyerekezo bijyamo bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange no kongera bisi nini zitwara abagenzi mu byerekezo bimwe bigenda byiyongeramo abazikoresha. Ubwikorezi rusange mu Mujyi wa Kigali bukomeje gushyirwamo imbaraga aho abantu bari kwitabira ikoreshwa rya bisi nk’uburyo bwo gukora ingendo umunsi ku wundi. Umuvugizi w’Umujyi […]

Continue Reading

Ibiciro bya peteroli byagabanyutseho 6%

Icyizere cy’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kumvikana ku guhagarika intambara burundu, cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bigabanyukaho 6%. Amakuru dukesha Reuters agaragaza ko igiciro cy’akagunguru ka peteroli cyagabanyutseho 5,85$ bingana na 5,7%, kigera kuri 97,69$. Igiciro cy’akagungura ka peteroli icukurwa muri Texas izwi nka ‘U.S. West Texas Intermediate’ cyo cyagabanyutseho 6%, […]

Continue Reading

RDC: Abishwe na Ebola bageze kuri 220

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kugeza tariki ya 23 Gicurasi 2026, abakekwaho kwandura icyorezo cya Ebola bari bageze kuri 904, barimo 101 byamaze kwemezwa bidasubirwaho ko banduye na ho abapfuye bikekwa ko bishwe n’iki cyorezo bakaba 220 Iyi Minisiteri yatangaje ko abapfuye barimo 88 bo muri Mongbwalu, 69 bo muri […]

Continue Reading

Baguteye indobo? Dore inama zagufasha kudaheranwa n’agahinda.

Mu buzima bw’urukundo, ni kenshi umuntu yereka amarangamutima ye yose ku muntu akunda, akizera ko bazafatanya urugendo. Icyakora, si buri gihe ibintu bigenda nk’uko tubyifuza. Hari ubwo usanga uwo ukunda agukunda, ariko hari n’igihe ukunda utagukunda, bikarangira aguhakaniye. Icyo gihe abenshi bavuga ko “watewe indobo.”, abakabya bakavuga ko “watewe indobo y’icyuma.” Guterwa indobo ni ibintu […]

Continue Reading

U Rwanda na Oklahoma Christian University bizihije imyaka 20 y’ubufatanye

Mu nyubako ya Kigali Convention Centre (KCC) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Oklahoma Christian University n’u Rwanda Perezida Paul Kagame yashimiye kaminuza ya Oklahoma Christian University ku ruhare yagize mu iterambere ry’igihugu agaragaza ko yizeye ko ubufatanye hagati y’iyi kaminuza n’u Rwanda  bizameza no […]

Continue Reading

Uwarashe hafi ya White House yishwe.

Nasire Best ushinjwa kuba ari we warashe amasasu menshi hafi y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) ku wa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026, yishwe arashwe. Ku wa Gatandatu nibwo hafi ya White House humvikanye urusaku rw’amasasu yarashwe inshuro esheshatu, ndetse abashinzwe umutekano batangira kurasana n’uwagabye iki gitero. Impande zombi zarasanye […]

Continue Reading

DJ Toxxyk yasubijwe mu Igororero rya Nyarugenge.

Nyuma y’iminsi 18 asohotse mu igororero rya Nyarugenge i Mageragere, DJ Toxxyk yongeye gusubizwayo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026. DJ Toxxyk yajyanywe mu igororero rya Nyarugenge ku wa 22 Gicurasi 2026 nyuma yo gukatirwa n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka umwe n’igice n’ihazabu ya 1.050.000Frw. Amakuru yizewe ahamya ko DJ Toxxyk wari wararekuwe ku […]

Continue Reading

U Rwanda rwungukira byinshi mu ishoramari rya siporo – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko gushora imari muri siporo no kubaka ibikorwa remezo byayo bigira uruhare rukomeye mu guteza imbere izindi nzego z’ubukungu. Yabivugiye mu nama y’abashoramari ba Basketball Africa League (BAL Investors Summit) yabereye i Kigali ku wa 22 Gicurasi, mbere y’amasaha make yaburaga ngo imikino ya kamarampaka ya BAL itangire muri BK […]

Continue Reading

Uganda: Abamaze kwandura Ebola bakomeje kwiyongera.

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko hagaragaye abandi bantu batatu banduye indwara ya Ebola, bituma umubare w’abamaze kwemezwa ko bayanduye muri icyo gihugu ugera kuri batanu. Ni ibyatangajwe kuri uyu wa 23 Gicurasi 2026, mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, ivuga ko abo barwayi bashya bagaragaye nyuma y’isuzuma ryakorewe ku bantu bari […]

Continue Reading

Umuyobozi w’Ingabo za Pakistan yasuye Iran

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Pakistan, Asim Munir, yagiriye uruzinduko muri Iran rwetezweho kuganirirwamo ingingo zikomeye zikomeje gutuma Leta zunze Ubumwe za Amerika na Iran batagera ku masezerano y’amahoro yo guhagarika intambara. Munir yageze muri Iran kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2026 yakirwa mu cyubahiro arinzwe bikomeye. Igihugu cya Pakistan gikomeje gukora nk’umuhuza hagati […]

Continue Reading