Nyuma y’agahenge Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani

Bwa mbere kuva hashyirwaho agahenge k’iminsi 60 katangiye ku ya 27 Ugushyingo ko guhagarika imirwano hagati yaIsiraheli na Libani, Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani. Ingabo za Isiraheli zatangiye gukura ingabo zayo mu majyepfo ya Libani, ku nshuro ya mbere maze zisimburwa n’abasirikare ba Libani, hakurikijwe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hezbollah, nk’uko […]

Continue Reading

Abigaragambya muri Ghana bakomeje guhura n’uruva gusenya

Abarenga 100 bashyigikiye Perezida mushya wa Ghana, John Mahama batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa by’urugomo. Aba bateye ibigo bitandukanye bya Leta, basahura imitungo, banahangana n’Abapolisi n’Abasirikare. Aba kandi banateye ibiro 2 bya Komisiyo y’Amatora, bashinja iyi komisiyo ngo gutinda gutangaza ibyavuye mu matora yabaye ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize. Bavuga kandi ko batemera bimwe mu […]

Continue Reading

Rubavu: Abaturiye ikimoteri cya Rutagara baratabaza

Abaturage baturiye n’abanyura hafi y’Ikimoteri cya Rutagara giherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko babangamiwe n’umunuko ugiturukamo. Kuzura kw’iki kimoteri ni ikibazo gikomeye ku baturage kuko  bifuza ko gitunganywa, dore ko n’umushinga wahahoze ubyaza imyanda ifumbire wahagaze. Ikimoteri cya Rutagara kibangamiye abagituriye, abakijyanamo imyanda ndetse n’abahanyura. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa […]

Continue Reading

RDC: Inama y’Abepisikopi yahaye umukoro Perezida Thsisekedi

Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) yatanze iki cyifuzo mu itangazo ryashyizweho […]

Continue Reading

Gen Tauzin watewe agahinda agasebywa n’Inkotanyi yiteze kurenganurwa na Charles Onana??

Gen Didier Tauzin wabaye mu gisirikare cy’u Bufaransa ni umwe mu bakomeje kugaragaza ko bahengamiye ku ruhande rwa Charles Onana, mu rubanza uyu mugabo ashinjwamo kugoreka amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Urubanza rwa Charles Onana ukomoka muri Cameroon ariko akagira ubwenegihugu bw’u Bufaransa rwatangiye kuburanishirizwa i Paris ku wa 7 Ukwakira 2024. Ikirego Onana ashinjwa […]

Continue Reading

RBA yaje ku mwanya wa mbere mu bitangazamakuru bikurikirwa cyane

Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi bwamuritswe ku itariki ya 16 Kanama 2024 Ikigo cya leta y’u Rwanda gishinzwe itangazamakuru RBA cyane ku mwanya wa mbere mu bikurikiranwa n’abaturage cyane. Imbuga nkoranyambaga nazo muri iki […]

Continue Reading

NYAMAGABE: Abaturage twahanye igihango gikomeye” Dr Habineza Frank”

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR,  riratangaza ko ryahanye igihango n’abaturage b’akarere kuko mu bibazo bajyanye mu nteko 70% byarakemutse naho ibindi bakurikiranye nyuma 50% byagezweho. Hon Dr Habineza yagarutse kubyo bakoze birimo ibibazo bajyanye mu nteko uko byakemutse […]

Continue Reading

U Rwanda ntirucyakiriye igikombe cy’isi cy’aba_Veterans

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwavuze ko rwahagaritse ubufatanye igihugu cy’u Rwanda cyari gifitanye na EasyGroup EXP itegura igikombe cy’isi cy’aba-Veterans bityo irushanwa ryari riteganyijwe muri Nzeri rikaba ritakibereye mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’uru Rwego, bavuze ko nyuma yo kubitekerezaho neza ndetse no kuganira hagati y’impande zombi, byabaye ngombwa ko bafata icyemezo ko amasezerano […]

Continue Reading

Dr. Frank Habineza yatangiye kwiyamama yakirwa neza

Dr. Frank Habineza wa Green Party (DGPR) yatangiye kwiyamamariza mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jabana mu kagari ka Bweramvura. Kuri uyu wa 22 Kamena nibwo hatangiye igikorwa cyo kwiyamamaza ku BAKANDIDA batandukanye barimo abo ku mwanya wa perezida n’abadepite. Dr. Frank Habineza ni umwe mu bemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa perezida wa repubulika […]

Continue Reading

Kenya: Umwe mu bigaragambya yarashwe arapfa, abadepite bemeza umushinga uteje ibibazo

Ibitaro by’i Nairobi muri Kenya byemeje ko byazaniwe umwe mu bantu bavuye mu myigaragambyo yo ku wa kane yarashwe akahagera yamaze gushiramo umwuka, nk’uko ibinyamakuru muri Kenya bibitangaza. Abigaragambya baramagana umushinga w’itegeko guverinoma yashyikirije inteko ishingamategeko uzamura imisoro ku by’ibanze bimwe na bimwe, no kongera amafaranga agenerwa abategetsi bakuru n’abagore babo. Boniface Mwangi, umwe mu […]

Continue Reading