Niyonzima Olivier Seif ,kapiteni wa Kiyovu Sports,wari wahagaritswe imikino yose isigaye ya Shampiyona, akaza gusaba imbabazi, yagarutse mu kibuga mu mwambaro w’iyi kipe yiteguye gucakirana na...
Umutoza Zinedine Zidane umaze igihe nta kazi ibiganiro n’ikipe ya Bayern Munichen bigeze kure ngo azasimbuye Thomas Tuchel uzagenda. Uyu mutoza wihariye agahigo ko kwegukana Champions...
Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanze ibyo kwambara Visit Rwanda ku myambaro yo mu irushanwa rya Africa Football League ishobora...
Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena....
Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye ikiniraho cya Estadi Olimpic Lluis Companys....
Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Uyu munsi ni bwo hatangiye...
Ibitego 2 bya AS Kigali byatsinzwe na Ishimwe Fiston na Benedata Janvier bahoze bakinira APR FC, byatumye umukino wahuzaga aya makipe urangira ari 2-2 maze ikipe...
APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari. Bivugwa ko Young Africans...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Zambia yakoze impanuka ikomeye ari kumwe n’umukunzi we ahita apfa.Umukinnyi Rainford Kalaba w’Umunya-zambia Wamenyekanye cyane muri TP Mazembe inkuru zavuze ko yitabye...
Amakuru ava kumirongo y’imbere agaragazako iyi kipe aravuga ko uyu wahoze ayobora kiyovu sports ashobora ku girwa umuyobozi w’iyipike y’igiporisi cy’u Rwanda. Juvenal winjiye mu mupira...