Mu mpera z’iki cyumweru gishize mu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe ndetse n’andi marushanwa arakomeza mu gihe umwaka w’imikino uri kugana ku musozo. Uko ni...
Uyu mugabo ukomoka muri Tanzania, yavuze ko amaze igihe kinini mu mwuga wo gufasha amakipe kugera ku ntsinzi abinyujije mu cyo yise “Dua” na “Dawa”, aho...
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, umunyamakuru Ishimwe Olivier uzwi nka Ba nta hantu agaragara na hamwe byateye abo mu muryango we ndetse n’inshuti ze kwibaza icyo...
Kuri uyu wa Kane, tariki 25 Mata 2024, Ikipe y’umupira w’amaguru ya Diviziyo ya 5 y’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yakinnye umukino wa gicuti na Brigade ya...
Biravugwa ko kuri ubu ikipe ya APR FC ihanze amaso abakinnyi babiri bakomoka muri Zambia, Abraham Siankombo na Ricky Banda. Ni mu rwego rwo gukomeza kongera...
APR FC ishobora kugura Gervais Yao Kouassi (Gervinho) wakiniye Arsenal na AS Roma. nyuma yo kugaruka kuri politike yo gukinisha abanyamahanga. Umunya-Côte d’Ivoire,Gervais Yao Kouassi wanyuze...
Bugesera FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Rayon Sports ku giteranyo cy’ibitego 2-0. Umukino ubanza wari wabereye i Kigali, Bugesera FC...
Urukiko rushinzwe gukemura impaka muri Siporo ku Isi (TAS), rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umutoza w’Umunya-Maroc, Adil Erradi Mohamed, wari wareze APR FC kumwirukana binyuranyije n’amategeko. Uru Rukiko...
Rayon Sports yatangiye kureba uburyo yaganira na bamwe mu bakinnyi ba yo yifuza kuzongerera amasezerano. Uri ku isonga ni umunyezamu w’umunya-Senegal, Khadime Ndiaye wayigezemo muri Mutarama...
Igitego kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Mugisha Gilbert, cyatumye iyi kipe yegukana igikombe cya shampiyona ya 2023-24 mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona...