Ramos Rogerio yagizwe umutoza w’abazamu mu Amavubi.

Umunya-Brazil Ramos Dal Solio Rogerio yagizwe umutoza mushya w’abanyezamu mu Ikipe y’Igihugu y’Abagabo (Amavubi). Byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Gicurasi 2026, ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu mugabo w’imyaka 52 wabaye umunyezamu, asimbuye Mugabo Alex wari umaze imyaka ine muri izo nshingano. Ramos yatoje amakipe y’ibihugu arimo u Buhinde […]

Continue Reading

Unity SC yabwiye FERWAFA ko ititeguye gukina Icyiciro cya Mbere.

Nyuma yo gutsindira kuzakina Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya mbere cy’umwaka utaha w’imikino 2026-27, ikipe ya Unity SC yandikiye ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ibumenyesha ko ititeguye gukina muri iki Cyiciro kubera ikibazo cy’amikoro. Mu kwezi gushize ni bwo hamenyekanye amakipe abiri yakatishije itike yo kuzakina Shampiyona y’Icyiciro cya mbere [BK Pro League] […]

Continue Reading

BAL: Petro de Luanda igiye guhatanira igikombe na RSSB Tigers.

Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yageze ku mukino wa nyuma wa Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly Ly yo muri Libya amanota 94-88 mu mukino wa ½. Uyu mukino wabereye muri BK Arena, ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 28 Gicurasi 2026. Iyi ntsinzi yahise ihesha […]

Continue Reading

BAL 2026: RSSB Tigers yakoreye amateka imbere ya Perezida Kagame

RSSB Tigers BBC yanditse amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu Rwanda yageze ku mukino wa nyuma mu marushanwa ya BAL, nyuma yo gutsinda Al Ahly yo mu Misiri amanota 106-97. Muri uyu mukino w’ishyiraniro wakiniwe muri BK Arena kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27 Gicurasi 2026, witabiriwe n’abafana bagera ku 6.530 bayobowe […]

Continue Reading

APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro muri Sitade Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko bidasubirwaho imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Amahoro mu bagore n’abagabo, izabera muri Sitade Amahoro. Mu cyiciro cy’abagore, Police WFC izahura na Rayon Sports WFC ku mukino wa nyuma uzatangira saa 15:00 naho mu bagabo ikipe ya APR FC izacakirana na Rayon Sports saa 18:00. Iyi mikino yombi izakinwa […]

Continue Reading

Volleyball: Amakipe arenga 50 ategerejwe muri Rutsindura Memorial Tournament 2026

Abategura irushanwa ngarukamwaka rya volleyball ryo kwibuka Rutsindura Alphonse batangaje ko amakipe akabakaba 60 ari mu byiciro 10 ariyo yamaze kwiyandikisha ngo azitabire iri rushanwa ribera mu Iseminari Nto ya Butare. Kuri uyu wa kabiri tariki 19 Gicurasi 2026 nibwo hatangajwe amakipe y’agateganyo yamaze kwiyandikisha yemeza ko azitabira irushanwa ryo Kwibuka Rutsindura, Rutsindura Memorial Tournament […]

Continue Reading

Amavubi yamenye amakipe bazesurana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2027.

U Rwanda rwisanze mu Itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na Liberia mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027, kizabera muri Kenya, Tanzania na Uganda Ni nyuma ya tombola y’uko amakipe y’ibi bihugu azahura, yabereye i Cairo mu misiri, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026. Amakipe y’ibihugu 48 […]

Continue Reading

Cristiano Ronaldo yanze gufata umudari nyuma yo gutakaza igikombe

Cristiano Ronaldo yongeye gutakaza igikombe mu ikipe akinira ya Al Nassr yo muri Saudi Arabia nyuma y’uko itsinzwe na Gamba Osaka yo mu Buyapani igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wa AFC Champions League Two. Uyu mukino wakinwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Gicurasi 2026, wabereye i Riyadh muri Alawwal Park, […]

Continue Reading

APR FC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya kwa Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League 2025/26, nyuma y’uko Rayon Sports inganyije na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 32 wa Shampiyona. Umukino wa Rayon Sports na Gorilla FC wakinwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 tariki 15 Gicurasi 2026 kuri Kigali Pele Stadium. Gorilla […]

Continue Reading

Aston Villa yongeye gusubira muri UEFA Champions League nyuma y’umwaka umwe

Ikipe ya Aston Villa yabonye itike yo kuzakina imikino ya UEFA Champions League y’umwaka utaha w’imikino nyuma yo gutsinda Liverpool ibitego 4-2 mu mukino wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye mu ijoro ryatambutse ryo kuri uyu wa gatanu tariki 15 Gicurasi 2026 kuri Sitade ya Aston Villa, Villa Park, ukaba wari umukino w’umunsi wa 37 wa […]

Continue Reading