Umusifuzi wa mbere muri Afurika ntazasifura Igikombe cy’Isi nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.

Omar Artan wari ugiye gukora amateka yo kuba Umunya-Somalia wa mbere usifuye Igikombe cy’Isi, yakuwe ku rutonde rw’abazasifura iri rushanwa nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Artan yatowe nk’Umusifuzi w’umwaka wa 2025 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Yari ku rutonde rw’abasifuzi barindwi bo muri Afurika bazasifura Igikombe cy’Isi kizatangira ku […]

Continue Reading

Papa Leo XIV ufana Real Madrid yasuye Santiago Bernabéu, yakirwa bidasanzwe.

Florentino Pérez, uherutse kongera gutorerwa kuyobora Real Madrid, kuri uyu wa Mbere yakiriye Papa Leo XIV kuri Stade ya Santiago Bernabéu, mu gikorwa cyahuje imbaga y’abakristu ba diyosezi ya Madrid, kikaba ari nacyo gikomeye mu ruzinduko rw’uyu Mushumba wa Kiliziya Gatolika muri uyu Murwa Mukuru. Kuva ku wa Gatandatu tariki ariki ya 6 Kamena, Umushumba […]

Continue Reading

SKOL yatandukanye burundu na Rayon Sports nyuma y’imyaka 12 bakorana.

Uruganda rw’ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd (SBL) rwatangaje ko rwahagaritse imikoranire yari imaze imyaka 12 hagati yarwo n’Ikipe ya Rayon Sports rwari rubereye umuterankunga mukuru. SKOL yabitangaje binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru yashyize ahagaragara kuri uyu wa 8 Kamena 2026, ivuga ko “amasezerano y’impande zombi yageze ku musozo.” Tariki ya 15 Gicurasi 2014 ni bwo […]

Continue Reading

Rayon Sports yaguze Matumona wakiniraga Amagaju FC.

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri myugariro w’Umunye-Congo, Abdel Matumona Wakonda Kanda hagamijwe gukomeza kongera imbaraga mu mutima w’ubwugarizi, yitegura umwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi yerekeje muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Amagaju FC yagezemo mu mpeshyi ya 2025, ndetse akaba yari ayibereye kapiteni wungirije.  ‎Mu […]

Continue Reading

Umwiherero w’amavubi wimuriwe muri Misiri, kubera impungenge z’icyorezo cya Ebola.

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yari imaze iminsi ibiri muri Maroc, yimuriye umwiherero wayo i Cairo mu Misiri nyuma y’uko imikino ibiri ya gicuti yari gukinira i Marrakech ikuweho Amavubi yagombaga guhura n’Ikipe y’Ibirwa bya Comores ku wa 6 Kamena na Taifa Stars ya Tanzania ku wa 9 Kamena, mu mikino ibiri ya gicuti yemewe […]

Continue Reading

APR FC yashimiye abanyamahanga batatu batandukanye nayo.

APR FC yashimiye abakinnyi batatu b’abanyamahanga batandukanye na yo nyuma yo gusoza amasezerano yabo muri iyi kipe itatekereje kubaha andi. Aba ni rutahizamu w’Umunya-Mauritania Mamadou Sy, myugariro w’Umunya-Sénégal Aliou Souané n’Umunya-Mali Mohamadou  Lamine Bah. Mu butumwa APR FC yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Kamena 2026, yashimiye aba basore […]

Continue Reading

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatangiye umwiherero utegura imikino ya gicuti muri Maroc.

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ batangiye umwiherero utegura imikino ibiri ya gicuti bazakinira muri Maroc, irimo uwa Tanzania n’uwa Comores mu rwego kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, ni bwo abakinnyi bakina mu Rwanda n’abandi bahageze kare barimo […]

Continue Reading

APR FC yakiriwe ishimirwa ibikombe 3 yegukanye mu 2025/26.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga yakiriye ku meza abakinnyi n’abatoza b’ikipe ya APR FC ku Birindiro Bikuru by’Ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura, agamije kubashimira ibikombe bitatu begukanye mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Iki gikorwa cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2026, nyuma y’aho ikipe y’Ingabo z’u Rwanda ishyikirijwe igikombe […]

Continue Reading

RSSB Tigers yakoreye amateka imbere y’abarimo Perezida Kagame yegukana BAL 2026.

Ikipe ya RSSB Tigers yari ihagarariye u Rwanda yegukanye igikombe cy’irushanwa rya Basketball Africa League 2026 itsinze Petro de Luanda imbere y’abarimo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Ni mu mukino wa nyuma wa BAL 2026 wakinwe kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Gicurasi 2026 saa Kumi n’ebyiri muri BK Arena yari yakubise yuzuye. […]

Continue Reading

Ramos Rogerio yagizwe umutoza w’abazamu mu Amavubi.

Umunya-Brazil Ramos Dal Solio Rogerio yagizwe umutoza mushya w’abanyezamu mu Ikipe y’Igihugu y’Abagabo (Amavubi). Byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Gicurasi 2026, ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu mugabo w’imyaka 52 wabaye umunyezamu, asimbuye Mugabo Alex wari umaze imyaka ine muri izo nshingano. Ramos yatoje amakipe y’ibihugu arimo u Buhinde […]

Continue Reading

Unity SC yabwiye FERWAFA ko ititeguye gukina Icyiciro cya Mbere.

Nyuma yo gutsindira kuzakina Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya mbere cy’umwaka utaha w’imikino 2026-27, ikipe ya Unity SC yandikiye ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ibumenyesha ko ititeguye gukina muri iki Cyiciro kubera ikibazo cy’amikoro. Mu kwezi gushize ni bwo hamenyekanye amakipe abiri yakatishije itike yo kuzakina Shampiyona y’Icyiciro cya mbere [BK Pro League] […]

Continue Reading