Béatrice Munyenyezi yongeye gutakambarira umucamanza asaba kurenganurwa

  Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa.   Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare ubwo Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwahaga ijambo impande zombi.   Mu gihe mu iburanisha ryabanje ijambo […]

Continue Reading

U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Munyenyezi uregwa Genocide arasaba kutazira ibyaha by’abakurambere

  Mu rubanza rwabaye ku itariki ya 19 gashyantare 2024,Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi yasabye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko atagombye kuzira ibyaha byakozwe n’ umuryango yashatsemo. Munyenyezi akurikiranyweho ibyaha birimo gukora jenoside no gufata abagore ku ngufu byakorewe mu mujyi wa Butare mu majyepfo y’u Rwanda, ibyaha we aburana ahakana .Yoherejwe […]

Continue Reading

Goma : Haramukiye imyigaragambyo simusiga

Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye mu gitondo  cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024.   Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika, kuba biri inyuma y’intambara n’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse barashinja u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza, gushigikira M23, nk’uko abateguye imyigaragambyo bakomeje […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading

Congo yasabye amahanga kutajenjekera u Rwanda

  Umuvugizi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko RDC itazigera na limwe ijya mu biganiro na M23 ndetse asaba amahanga guhagurukira u Rwanda akarufatira ibihano bikomeye. Ni mu kiganiro yaraye agiranye n’ikinyamakuru cy’Abongereza BBC.   Muri icyo kiganiro yahakanye ibivugwa ko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Jean Pierre Bemba aherutse kujya i Goma mu […]

Continue Reading

Ingabo za FARDC n’abo bafatanyije bagotewe muri Rutchuru

Ni ukuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 14/02/2024, n’ibwo Ingabo za General Sultan Makenga zageze mu bice biri marembo ya Nyanzare biza kurangira iyi centre bayizengurutse, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabitangaraije Rwandanews 24   Uyu murwanyi  yavuze ko nta musirikare wo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa wemerewe gusohoka Centre ya Nyanzare […]

Continue Reading

Hamenyekanye abantu 33 u Uburundi bushaka ko u Rwanda ruboherereza

Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mutarama 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko igihugu cy’Uburundi cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda. Ni mu gihe u Rwanda rwo rwavuze ko rwamenyeye ayo makuru mu bitangazamakuru, ariko ko icyo cyemezo cyibangamiye ubuhahirane bw’ibihugu byombi ndetse n’amahame agenga umuryango w’Afrika w’Iburasirazuba. Umwanzuro wo gufunga imipaka, uje nyuma […]

Continue Reading

Dr. Frank Habineza ati, “Niduterwa tuzirwanaho”

Umuyobozi w’iri shyaka ritavuga rumwe na leta, Dr. Frank Habineza, ubwo yabazwaga uko afata imvugo za Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRC, uri kwiyamamaza avuga Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nabi, aho yigeze kumugereranya na Hitileri wayoboye Ubudage akica abantu benshi ndetse akanakora Jenoside yakorewe Abayahudi.   “Kugereranya Kagame na Hitileri sibyo. Hitileri […]

Continue Reading

Ishyaka Green Party ryiyongereyemo komite nshya ryizeza gutsinda amatora

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, ryasabye abarwanashyaka baryo kwimakaza amahame yaryo arimo guharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ndetse rinabibutsa gahunda y’amatora ateganyijwe umwaka utaha wa 2024. Hari mu gikorwa cy’amatora ya komite nyobozi y’abagore bahagarariye abandi ku rwego rw’igihugu cyabaye kuri uyu wa 17 Ukuboza 2023. Ishyaka ritavuga rumwe na leta riharanira […]

Continue Reading

Victoire Ingabire yanyomoje abavuga ko urugo rwe rwagoswe n’Abapolisi

Hashize iminsi ku mbugankoranyambaga hari abatabariza Ingabire Victoire bavuga ko urugo rwe rwagoswe n’abapolisi kubera ibitekerezo bye bitavuga rumwe na leta. Gusa mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, yavuze ko kugeza ubu atekanye kandi ko ntabapolisi bagose urugo rwe. Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika, yatangiye abaza madame Ingabire Victoire niba amakuru ari kuvugwa ko urugo rwe […]

Continue Reading