Urubanza rwa Semuhungu Eric rwashyizwe mu muhezo.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko iburanisha mu rubanza rwa Semuhungu Eric rishyirwa mu muhezo bitewe n’uko ibiravugirwamo bishobora kuba birimo ibinyuranyije n’imyitwarire mbonezabupfura. Ni umwanzuro wafashwe ku wa 28 Mata 2026 ubwo hari hagiye gutangira kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30. Semuhungu wagejejwe mu rukiko kare cyane yatangiye kuburana saa yine zibura iminota […]
Continue Reading
