Kigali: Hagiye kuzanwa bisi ntoya zizajya zifata abantu mu ma ‘Quartier’.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko hari gahunda yo gushyiraho bisi zisanga abantu mu duce batuyemo. Ibi yabitangaje ku wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2026, mu kiganiro yagiranya n’abanyamakuru ubwo yari yitabiriye igitaramo cy’isekarusange cya Gen Z-Comedy Show yari yatumiwemo. Muri iki kiganiro yakomoje kuri gahunda imaze iminsi […]
Continue Reading
