RIB ivuze kuri Ish Kevin, Babu, DJ Brianne na Djihad

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwashyize umucyo ku kibazo cya DJ Brianne na Djihad ruherutse gutangaza ko ruri gukoraho iperereza ndetse runavuga kuri Rugemana Amen wamamaye nka Babu ukora kuri Isibo TV, akaba aherutse gutabwa muri yombi. Ubwo yari abajijwe ku byatangajwe ko bari gukora iperereza kuri DJ Brianne na Djihad, Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi […]

Continue Reading

Bruce Melodie yavuze ku byo ashinjwa byo kudatanga indezo

Umuhanzi Bruce Melodie werekeje i Lagos muri Nigeria mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo ’Sowe’ iri kuri album yitegura gushyira hanze, yavuze ku mwana ashinjwa kuba yarabyaye mu 2015 ariko akaba yaranze gutanga indezo. Mu kwezi gushize nibwo Agasaro Diane yongeye kuvugwa mu itangazamakuru biturutse ku ibaruwa yanditswe n’umunyamategeko we, Turahirwa Théogène wo muri Authentic […]

Continue Reading

Mama Sava yatangaje ko atazasubira mu rusengero nyuma yaho umuhanuzi amuhanuriye ko azarongorwa na Papa Sava

Umukinnyi wa Filimi,Mama Sava’yatangaje ko ari guhangana n’umupasiteri uheruka kumuhanurira ko azashakana n’umuyobozi we muri filime ya Papa Sava. Mu kiganiro Sunday Choice cyo ku ISIBO TV, Mama Sava yahamije urugamba arimo ati:“Ndimo ndahangana n’umukaritasi w’umupasiteri.” Yavuze ko atazasubira gusenga kubera ubu buhanuzi yahawe avuga ko ari ubuhanuzi bw’ibinyoma. Uyu yemeje ko ubu buhanuzi yahanuriwe […]

Continue Reading

Impamvu itangaje yateye Shaddyboo kwanga abakene

Mu kiganiro yagiranye n’abakunzi be kuri X “Space”, yatangaje ko abantu badafite amafaranga bagira umushiha ku rwego rwo hejuru. Shaddyboo wavugaga yisekera, yagaragaje ko mu buzima habaho abantu beza n’ababi ariko ko ngo abantu bakennye bagira umujinya n’umushiha bya hato na hato. Ati:” Abantu benshi badafite ubushobozi bwo kubaho bwa buri munsi, bagira umushiha cyane, […]

Continue Reading

Junior Giti agiye gucutsa Chriss Eazy

Imyaka ibiri irashize  Junior Giti mu gasobanuye, atangiye urugendo rwo kureberera inyungu umuhanzi Chriss Eazy, aho avuga ko yatangiranye ubwoba mu ishoramari, ariko ko yatangiye kugira icyizere biri mu byatumye agiye gusinyisha undi muhanzi. Ni urugendo avuga ko rwaranzwe n’ibyiza n’ibibi, ariko kandi yarashikamye kuko uretse gukunda gusobanura filime,yumvaga ashaka no gushyira itafari ku muziki […]

Continue Reading

King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo

Umuhanzi King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo, avuga ko yatunguwe no kuba yaramureze muri RIB. Uyu Pastor Blaise mu butumwa yanyujije kuri X, yagize ati “Muri 2021 nahaye amafranga umuhanzi Ruhumuriza James, uzwi ku izina rya King James ngo dukorane business yari yatangiye yo gukora no gutunganya ubufu bwa kawunga. […]

Continue Reading

Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yambitswe impeta n’undi musore

Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan ari  murukundo n’undi musore mushya ndetse yemereye ko azabera umugore. Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan Mu butumwa yasangije abamukurikira yashimiye Imana imuhaye umugabo yishimira kumubona iruhande rwe. Yanditse agira ati “Urakoze Mana ku bw’umugabo mfite mu buzima bwanjye, kuboneka kwe, inkunga ye n’urukundo rwose anzanira buri […]

Continue Reading

General Benda yakuyemo imyenda ku karubanda kubera Bruce Melodie

Umubyinnyi General Benda, yakuyemo imyenda ku karubanda, yishimira ko Bruce Melodie yinjiye mu mubare w’abamukurikira ku rubuga rwa Instagram. General Benda yavuze ko ibi yabikoze kuko yari yishimiye bikomeye kuba Bruce Melodie atangiye kumukurikira ku mbuga nkoranyambaga.Ati “Rero buriya Abanyarwanda hari ukuntu twiyumva, njye nakuze nkunda Bruce Melodie rero ntabwo yari kwinjira ku rutonde rw’abankurikira […]

Continue Reading

Minisitiri yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw

Minisitiri w’urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Utumatwishima  yavuze ko yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw n’uwahoze ari inshuti ye witwa Pastor Ntezimana Blaise. Ntazimana na King James bafitanye ikibazo cy’umushinga w’uruganda rwa Kawunga bafatanyije, wagera hagati ugahomba. Minisitiri Dr. Utumatwishima yifashishije urubuga rwa X, yagaragaje ko yabashije kuganira na King […]

Continue Reading

Umuhanzi The Ben yasubije Bruce Melodie nyuma yo kumubwira ko gukina biza nyuma y’akazi

Ibi byose byaje nyuma y’uko Madebeats ahishuye ko The Ben na Bruce Melodie muri 2017 bashatse gukorana indirimbo bikarangira itabayeho. The Ben nyuma yayo makuru yaragiye hanze yahise agirana ikiganiro n’itangazamakuru The Ben yavuze ko atiyiziho gusuzugura bityo ko niba hari ibyo yijeje Bruce Melodie bitabayeho amusabye imbabazi. Ati “Niba naramuhamagaye nkigira mu byanjye ambabarire  […]

Continue Reading