Igihembwe cya mbere cya 2025 gisize EAC yungutse miliyoni zisaga 800 $

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) watangaje ko wungutse miliyoni zisaga 800 $ mu gihembwe cya mbere cya 2025, nyuma y’aho ibyoherezwa mu mahanga byiyongereyeho 47%. Ibiro bikuru bya EAC byatangaje ko habonetse umusaruro ushimishije w’ubucuruzi bwo hanze y’uyu Muryango, aho mu gihembwe cya mbere cya 2025 wabonye asaga miliyoni 800 $, ugereranyije n’igihombo cya miliyari […]

Continue Reading

Ni ibiki bikubiye mu mahame mu by’ubukungu U Rwanda na RDC bashyizeho umukono

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) yashyize ahagaragara inyandiko nshya igaragaza ingingo zitandukanye z’urwego rw’ubukungu aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifite umugambi wo gufatanya mu iterambere. Ni bimwe mu byemejwe mu itangazo ry’amahame ku masezerano y’amahoro byasinywe tariki ya 27 Kamena 2025. Mu itangazo USA yashyize ahagaragara tariki […]

Continue Reading

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Tanzania mu bijyanye n’ubukungu

U Rwanda na Tanzania kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Nyakanga, basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no gutangiza ibiro by’ihuriro by’Ikigo gishinzwe ibyambu cya Tanzania (TPA) i Kigali, hagamijwe guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi, nk’uko abayobozi babitangaje. Ibi biro bizafasha abacuruzi b’Abanyarwanda gutunganya ibijyanye n’ibicuruzwa byabo batagombye kujya ku byambu bya Tanzania, cyane […]

Continue Reading

Coothegim ku isonga mu kwita ku banyamuryango bayo, bageze ku 189% mu guteza imbere ubuhinzi bw’icyayi

Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye aba banyamuryango bose babasha kwiteza imbere ndetse bazamura imibereho myiza yabo. Ibi bakaba barabiganirije Rwandanews24 nyuma y’inteko rusange yo kuwa 21/03/2025.   Muri iyi nteko rusange, hagaragaye ibikorwa byinshi […]

Continue Reading

Rwandan Scholars Benefiting from RSIF Support Contributing to Africa’s Technological Advancement

Dr. Julius Ecuru, is Rsif Manager at The Regional Coordination Unit -icipe, has highlighted the positive impact that the 35 Rwandan students who have received RSIF funding to pursue their PhD studies have made on the country’s development. During an exclusive interview with journalists in Kigali, Dr. Ecuru emphasized that the scholarships not only advanced the […]

Continue Reading

Abanyarwanda bagera kuri 35 batewe inkunga na RSIF mu kwiga bagiriye akamaro igihugu

Umuyobozi wa RSIF (Regional Scholarship innovation fund), Dr Julius Ecuru aratangaza ko abanyeshuri 35 b’abanyarwanda aribo bamaze guterwa inkunga n’uyu mushinga mu kwiga icyiciro cy’ikirenga cy’amashuri makuru (PHD) kandi ko bagiriye akamaro igihugu cy’u Rwanda.Ni mu kiganiro kihariye yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’inama y’umunsi yabereye I Kigali aho uyu muryango wahuje bamwe mu baterwa inkunga n’uyu […]

Continue Reading

Ntibyifashe neza mu ruganda Landy Industries (R)Ltd, ruswa n’umutekano muke mu bakozi biravuza ubuhuha

Mu ruganda rukora inkweto rwitwa Landy Industries (R) LTD haravugwamo ibibazo bya ruswa, kudahemba abakozi uko bikwiye ndetse no kunyereza imisoro n’amafaranga y’ubwiteganyirize bw’abakozi. Ni mu gihe ubuyobozi bw’uru ruganda bimwe muri ibi bibazo rurabihakana ibindi rukemera ko Bihari.  Umunyamakuru wa Rwandanews24 yamaze ibyumweru 3 ku marembo y’iki kigo asaba akazi ndetse aza kugahabwa akoramo […]

Continue Reading

Investigation: Big problems at Landy industries (R) Ltd sexual bribery, bad working conditions, and unfair treatment of workers

At Landy Industries (R) Ltd, a shoe manufacturing company, there are serious allegations of corruption, failure to properly pay employees, embezzlement of taxes and workers’ social security contributions. While the management denies some of these accusations, they admit that some issues do exist. Rwandanews24 conducted an investigation into these claims, and the findings are detailed […]

Continue Reading

Niba ukunda gusirimuka ‘Tasty Bakery’ izwiho gukora Cakes ziryoshye irabigufashamo

  Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no gutanga serivizi nziza ku buryo abayigana bayirahira. Bakora cakes z’ubwoko bwose zirimo iz’ubukwe, Anniversaire bridalshower ndetse n’ibindi birori kandi bakagukorera design yose wifuza. Bakorera ku Kimironko urenze gato […]

Continue Reading

Utubari, Amahoteli n’ahabera imyidagaduro byemerewe gukora bigakesha

Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahotel utubari, utubyiniro na za resitora, hongerewe amasaha yo gukora nijoro. Ibikorwa birimo amahoteli, utubari, resitora n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, naho kuva ku wa Gatanu kugera […]

Continue Reading