Ni ibiki bikubiye mu mahame mu by’ubukungu U Rwanda na RDC bashyizeho umukono
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) yashyize ahagaragara inyandiko nshya igaragaza ingingo zitandukanye z’urwego rw’ubukungu aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifite umugambi wo gufatanya mu iterambere. Ni bimwe mu byemejwe mu itangazo ry’amahame ku masezerano y’amahoro byasinywe tariki ya 27 Kamena 2025. Mu itangazo USA yashyize ahagaragara tariki […]
Continue Reading
