Minisitiri w’ubuhinzi arasaba abaturage kubungabunga ibiti byatewe
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025 ubwo yari mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abarezi , abanyeshuri n’abaturage muri rusange kubungabunga ibiti by’imbuto byatewe mu rwego rwo kurwanya inzara no kubungabunga imirire. Ibi yabigarutseho ubwo haterwaga ibiti bisaga ibihumbi 5 ubwo hizihizwaga […]
Continue Reading
