Minisitiri w’ubuhinzi arasaba abaturage kubungabunga ibiti byatewe

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025 ubwo yari mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abarezi , abanyeshuri n’abaturage muri rusange kubungabunga ibiti by’imbuto byatewe mu rwego rwo kurwanya inzara no kubungabunga imirire. Ibi yabigarutseho ubwo haterwaga ibiti bisaga ibihumbi 5 ubwo hizihizwaga […]

Continue Reading

Ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu marangi cyatangiye kuvugutirwa umuti usharira

Umuryango urengera ibidukikije ARECO Rwanda nziza watangije urugamba rwo kugabanya ikoreshwa ry’ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu gukora amarangi. Ibi ni ibikubiye mu bikorwa bitandukanye byaranze icyumweru cyatangiye ku itariki ya 19 – 24 Ukwakira 2025 cyo kwirinda ikoreshwa ry’iki kinyabutabire aho uyu muryango wahuje ibigo bitandukanye bifite aho bihuriye n’ikoreshwa ry’iki kinyabutabire. Umuyobozi muri ARECO […]

Continue Reading

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze ku gaciro k’asaga miliyari 5.7 Frw

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko agaciro k’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu gihembwe cya 2 cya 2025 wari miliyari 5 798 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba yariyongereye ugereranyije na miliyari 4 966 yariho mu gihembwe nk’icyo cya 2024. NISR yatangaje ko ibyo bipimo byafashwe harebwa umwaka wa 2024, bigaragaraza ko byiyongereye ugereranyije n’umwaka wa 2017. Muri […]

Continue Reading

Musanze: Bagaragaje inyungu biteze ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi

Abaturage, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bavuga ko biteze kungukira cyane mu munsi udasanzwe w’ubukerarugendo, ubwo hazaba umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi. Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, hazitwa abana 40, biteganyijwe kuba ku itariki ya 5 Nzeri 2025, mu Kinigi, mu Karere ka Musanze. Abanyabukorikori bo mu mujyi wa Musanze bavuga ko […]

Continue Reading

Ibiciro ku masoko byiyongereyeho 7,3% muri Nyakanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% ugereranyije na Nyakanga 2024 mu gihe muri Kamena 2025 byari byiyongereyeho 7%. Muri Nyakanga 2025, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 6,4%, ibiciro by’ibinyobwa bisembuye n’itabi byiyongereyeho 12,2%, ibiciro by’ibijyanye n’ubuvuzi byiyongereyeho 70,7%. Ibiciro by’ibijyanye n’ubwikorezi byiyongereyeho 7% […]

Continue Reading

Igihembwe cya mbere cya 2025 gisize EAC yungutse miliyoni zisaga 800 $

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) watangaje ko wungutse miliyoni zisaga 800 $ mu gihembwe cya mbere cya 2025, nyuma y’aho ibyoherezwa mu mahanga byiyongereyeho 47%. Ibiro bikuru bya EAC byatangaje ko habonetse umusaruro ushimishije w’ubucuruzi bwo hanze y’uyu Muryango, aho mu gihembwe cya mbere cya 2025 wabonye asaga miliyoni 800 $, ugereranyije n’igihombo cya miliyari […]

Continue Reading

Ni ibiki bikubiye mu mahame mu by’ubukungu U Rwanda na RDC bashyizeho umukono

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) yashyize ahagaragara inyandiko nshya igaragaza ingingo zitandukanye z’urwego rw’ubukungu aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifite umugambi wo gufatanya mu iterambere. Ni bimwe mu byemejwe mu itangazo ry’amahame ku masezerano y’amahoro byasinywe tariki ya 27 Kamena 2025. Mu itangazo USA yashyize ahagaragara tariki […]

Continue Reading

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Tanzania mu bijyanye n’ubukungu

U Rwanda na Tanzania kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Nyakanga, basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no gutangiza ibiro by’ihuriro by’Ikigo gishinzwe ibyambu cya Tanzania (TPA) i Kigali, hagamijwe guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi, nk’uko abayobozi babitangaje. Ibi biro bizafasha abacuruzi b’Abanyarwanda gutunganya ibijyanye n’ibicuruzwa byabo batagombye kujya ku byambu bya Tanzania, cyane […]

Continue Reading

Coothegim ku isonga mu kwita ku banyamuryango bayo, bageze ku 189% mu guteza imbere ubuhinzi bw’icyayi

Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye aba banyamuryango bose babasha kwiteza imbere ndetse bazamura imibereho myiza yabo. Ibi bakaba barabiganirije Rwandanews24 nyuma y’inteko rusange yo kuwa 21/03/2025.   Muri iyi nteko rusange, hagaragaye ibikorwa byinshi […]

Continue Reading

Rwandan Scholars Benefiting from RSIF Support Contributing to Africa’s Technological Advancement

Dr. Julius Ecuru, is Rsif Manager at The Regional Coordination Unit -icipe, has highlighted the positive impact that the 35 Rwandan students who have received RSIF funding to pursue their PhD studies have made on the country’s development. During an exclusive interview with journalists in Kigali, Dr. Ecuru emphasized that the scholarships not only advanced the […]

Continue Reading