Israel yemeje ko yishe Umuyobozi w’Inama y’Umutekano ya Iran.

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani, yiciwe mu gitero cyagabwe i Tehran mu ijoro ryakeye. Minisitiri Katz yanasobanuye ko Umuyobozi w’umutwe wa Basij ushamikiye kuri Leta ya Iran, Gholamreza Soleimani, na we yiciwe muri iki gitero. Yagize ati “Larijani n’umuyobozi wa Basij bishwe mu ijoro, basanga […]

Continue Reading

Intumwa z’u Rwanda na DRC zigiye kongera guhurira mu biganiro i Washington.

Leta Zunze Ubumwe za America zatumiye intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ngo zongere zihurire mu biganiro biteganyijwe muri iki cyumweru. Amakuru dukesha ikinyamakuru Jeune Afrique, avuga ko “intumwa zizoherezwa na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DRC, zitegerejwe i Washington.” Iki kinyamakuru kiratangaza ko ubutegetsi bwa Perezida Donald […]

Continue Reading

Uvira: Imirwano ikomeye yubuye mu kibaya cya Ruzizi.

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byongeye guhanganira mu bice byo mu kibaya cya Ruzizi muri teritwari ya Uvira nyuma y’amezi abiri hari agahenge. Iyi mirwano ibaye nyuma y’iminsi ibiri ingabo za RDC, Wazalendo n’indi mitwe bikorana bifunze umuhanda ’RN5’ uhuza umujyi wa Uvira na Bukavu kubera impamvu ziswe iz’umutekano. Umuvugizi […]

Continue Reading

Kigali: Abasore 2 bafashwe bibye moto bagiye kuyigurisha ibihumbi 100.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka Gicumbi, nyuma yo guhabwa amakuru n’abaturage, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda. Polisi ivuga ko tariki ya 14 Werurwe 2026, abaturage bo mu Murenge wa Bumbogo, mu Kagali ka Mvuzo, mu Mudugudu wa Kigabiro, bayihamagaye bavuga ko […]

Continue Reading

Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 9,4% mu 2025.

Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda mu 2025 wazamutse ku kigero cya 9,4% ugera kuri miliyari 23.387 Frw uvuye kuri miliyari 19.918 Frw wari uriho mu mwaka wari wabanje wa 2024. Ibyagize uruhare mu kuzamuka k’ubukungu harimo serivisi zihariye 52%, urwego rw’inganda rufite 22% mu gihe ubuhinzi bwihariye 20%. Mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025, ubukungu […]

Continue Reading

Papa Léon XIV yanenze intambara Amerika yagabye kuri Iran.

Papa Léon XIV yagaragaje ko atishimiye intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran, asaba ko imirwano ikwiye guhagarara, hakayobokwa inzira y’ibiganiro. Uyu mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yavuze ko umutekano udashobora kubonekera mu ntambara n’ubugizi bwa nabi. Papa Léon XIV yabigarutseho mu masengesho yayoboye ku cyumweru i Vatican yabereye kuri […]

Continue Reading

Amavubi yahamagaye abakinnyi 31 azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Olivier biteza impaka nyinshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahamagaye abakinnyi 31 izakuramo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 batarimo umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier. Ni urutonde ryashyizwe hanze kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’itangazamakuru Perezifa w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, n’umutoza mushya w’Amavubi, Stephen Constantine bakoze. Eric Nshimiyimana uri mu batoza bungirije b’Amavubi yavuze […]

Continue Reading

Inteko Ishingamategeko ya RDC iratangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington.

Inteko Ishingamategeko ya RDC kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Werurwe 2026, iratangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington yasinywe umwaka ushize hagati y’u Rwanda na RDC. Ibiro bya perezida wa RDC byatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yakiriye umukuru w’inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite Aimé Boji Sangara na Jean-Michel Sama Lukonde ukuriye umutwe wa sena […]

Continue Reading

Israel yagabye ibitero mu mijyi itatu muri Iran.

Ingabo za Israel zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero bigamije kwangiza ibikorwaremezo mu mijyi ya Tehran, Shiraz, na Tabriz yo muri Iran. Itangazo ingabo za Israel zashyize hanze rivuga ko bagamije gusenya ibikorwaremezo by’ubutegetsi bise ubw’iterabwoba bwa Iran. Riti “IDF yatangiye kugaba ibitero byinshi bigamije kwibasira ibikorwaremezo by’ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, muri Tehran, Shiraz na Tabriz.” […]

Continue Reading

Masisi: Umudugudu wa Malemo wigaruriwe na Wazalendo nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo na AFC/M23.

Umudugudu wa Malemo, uherereye mu gace ka Bashali Mokoto muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kugenzurwa n’ingabo za Wazalendo ku wa Gatandatu, tariki ya 14 Werurwe 2026, nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo n’inyeshyamba za AFC/M23. Nk’uko bitangazwa n’amasoko atandukanye arimo abayobozi gakondo n’abashinzwe umutekano muri ako gace, imirwano yatangiye mu gitondo kare […]

Continue Reading

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelona ahigitse Victor Font warushyigikiwe n’abakomeye.

Perezida w’ikipe ya FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu matora yabaye ku Cyumweru kuwa 15 werurwe 2026, atsinze ku majwi menshi cyane Victor Font bari bahanganye Laporta yegukanye amajwi 32,934 angana na 68.18% by’abanyamuryango batoye, mu gihe Font we yabonye amajwi 14,384 angana na 29.78%. Ibi bituma Laporta akomeza kuyobora iyi […]

Continue Reading