Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ko hari ibitagenza neza.
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara. Umuyobozi w’ishuri rya GS Mushubi riri mu Karere ka Nyamagabe, UMUJA Ancille, avuga ko iyi gahunda yafashije abana benshi kwitabira ishuri kuko […]
Continue Reading
