Karongi: bane barafunzwe bakekwaho kunyereza miliyoni 226 Frw y’ishuri .

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi uwahoze ari umuyobozi w’Ishuri ry’Imyuga rya Rubengera II TSS School ryo mu Karere ka Karongi n’abahoze ari ababaruramari baryo babiri n’uwasinyaga kuri sheke z’ishuri bakekwaho ibyaha birimo kunyereza umutungo ufitiye rubanda akamaro. Bane bafunzwe barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w’ishuri. Bose bakurikiranyweho ibyaha byo kunyereza […]

Continue Reading

Umwuka mubi uratutumba mw’ikipe ya Real Madrid mbere yuko ihura na mukeba FC Barcelona.

Ikipe ya Real Madrid ikomeje kuvugwamo umwuka mubi n’amakimbirane mu rwambariro rwayo, mu gihe habura iminsi mbarwa igasura mukeba wayo w’ibihe byose, FC Barcelona. Umufaransa Kylian Mbappé ni we ugarukwaho cyane nk’intandaro y’ubwumvikane buke buri mu rwambariro rwa Real Madrid. Ikinyamakuru The Athletic kivuga ko Mbappé asa n’uwahindutse ikibazo, nyuma y’aho agaragariye mu makimbirane yagiranye […]

Continue Reading

Inteko yatoye itegeko ryemera ubucuruzi bwa ‘Cryptocurrency’.

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rigenga ubucuruzi bw’umutungo wifashisha amafaranga y’ikoranabuhanga (Cryptocurrency) nka Bitcoin, bwakorwaga mu buryo butemewe n’amategeko aho benshi baburiganyirijwemo. Iryo tegeko ryitezweho gufasha mu gukumira no kugabanya ibyago bishobora kubaho birimo iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba binyuze mu mutungo koranabuhanga no kurengera abaguzi hirindwa uburiganya no kubeshywa inyungu z’umurengera. Ubwo […]

Continue Reading

Iminsi itatu gusa yarihagije ngo Amatike y’igitaramo cya King james abe ashize kwisoko.

Nyuma y’iminsi itatu hashyizwe ku isoko amatike y’igitaramo cya King James, yashize ku isoko mu gihe hasigaye amezi atatu ngo igitaramo cy’uyu muhanzi kibe ku wa 1 Kanama 2026. Aya matike yashyizwe ku isoko ku wa 2 Gicurasi 2026 yashize ku isoko kuri uyu wa 5 Gicurasi 2026, byemeza ko acurujwe iminsi itatu gusa akaba […]

Continue Reading

Abasivili 10 bamaze kuburira ubuzima mu muhora wa Hormuz

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje  ko abasivili 10 bamaze kuburira ubuzima mu bushyamirane bukomeje kubera mu muhora wa Hormuz.‎‎Rubio yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye  i Washington DC.‎‎Ku wa Mbere tariki 04 Gicurasi 2026, Perezida […]

Continue Reading

Ku nshuro ya Kabiri mu mateka Arsenal igeze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League.

Arsenal yatsinze Atletico Madrid mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA Champions League 2025/2026 ihita yerekeza ku mukino wa nyuma. Uyu mukino wakinwe kuri uyu wa Kabiri saa Tatu z’ijoro kuri Emirates Stadium nyuma y’uko umukino ubanza wari warangiye amakipe yombi anganya 1-1. Ikipe ya Arsenal yambara Visit Rwanda yatangiye umukino ihererekanya neza mu […]

Continue Reading

Byongeye kuzamba mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwuka w’intambara wongeye gututumba mu Burasizuba bwo Hagati, ni nyuma y’uko ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bitangaje ko buri ruhande  rwarashe ku bwato bw’urundi ruhande mu muhora wa Hormuz , nyamara hari agahenge kagamije kugarura amahoro arabye. ‎Ibintu byongeye kuzamba nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, […]

Continue Reading

Djihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro.

Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere agataha. Djihad yatangiye avuga ko atigeze apostinga kuri status ye kandi ko umutangabuhamya ari we Eric Semuhungu yabibonye kwa Xinda nyamara nyuma y’aho aza kuvuga […]

Continue Reading

Umuhanzi Bruce melody ari mu byishimo nyuma yo kuzuza miliyoni y’abantu bamukurikira kuri YouTube.

Umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie yongeye kwandika andi mateka aho yujuje abamukurikira ‘Subscribers’ , miliyoni imwe kuri shene ye ya Youtube maze izina rye rihita ryandikwa ku rutonde ruriho  abahanzi  mbarwa mu Muziki Nyarwanda. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2026 Bruce Melodie yashimiye abafana be bamubaye hafi mu […]

Continue Reading

Ruto arifuza ko ikiguzi cyo guhamagarana kuri telefoni hagati ya Kenya, Tanzania, Uganda n’u Rwanda kigabanuka .

Perezida wa Kenya, William Ruto, yongeye gusaba ko ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba byashyira imbaraga mu gushyira mu bikorwa byuzuye igitekerezo cya “One Network Area” (ONA), kigamije kugabanya ibiciro by’itumanaho hagati y’ibihugu no kunoza ihuzanzira mu karere. Yabisabye ku wa 4 Gicurasi 2026, mu nama y’ubucuruzi yahuje Kenya na Tanzania yabereye mu kigo mpuzamahanga cy’inama […]

Continue Reading

Abanya-Nigeria 130 basabye gukurwa muri Afurika y’Epfo kubera imyigaragambyo imaze iminsi ihabera.

Abanya-Nigeria 130 basabye Guverinoma yabo kubakura muri Afurika y’Epfo nyuma y’uko hamaze iminsi imyigaragambyo yibasira abanyamahanga. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Nigeria, Bianca Odumegwu-Ojukwu yatangaje ko abantu 130 ari bo bahise basaba gusubizwa iwabo bahunga imvururu zishobora gukomeza kwiyongera. Imyigaragambyo ikaze yabaye muri Pretoria na Johannesburg isaba Leta kugira icyo ikora ku banyamahanga bari mu gihugu […]

Continue Reading