Umuyobozi wafungiye abaturage mu biro by’Akagari ari gukurikiranwa: Minisitiri Habimana

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yanenze imyitwarire ya bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze bakomeje gufungira abaturage mu biro by’Akagari, avuga ko bitemewe  kandi bidakwiye.‎‎Minisitiri Habimana, yabitangaje kuri uyu Gatanu tariki 08 Gicurasi 2026, abinyujije ku rukuta rwe rwa X.‎‎Yabitangaje nyuma y’aho mu Karere ka Gicumbi humvikanye inkuru y’umusaza n’umukecuru bafungiwe mu biro by’Akagari […]

Continue Reading

Icyorezo gishya cyatangiye guhitana abantu abandi  bararwara.

Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69. Umurambo w’undi muntu wa gatatu ukiri mu bwato, mu gihe inzego ziri gutegura uko asubizwa mu gihugu […]

Continue Reading

Kuki abakobwa benshi banga urunuka abahoze ari abakunzi babo?

Ubusanzwe,abakobwa ntibakunze kurangwa n’urwango rukabije cyangwa umujinya,ariko biratangaje uburyo bisanga bafite urwango rudasanzwe banga abahoze bari kumwe nabo mu rukundo,ndetse bamwe birabangiza. Ibisubizo byavuye mu bushakashatsi  bwakozwe byerekana ko,abakobwa benshi bashobora kwanga  abahoze ari abakunzi babo,ndetse bakifuza kutongera guhura nabo kugera ku mpera y’ubuzima bwabo. Bamwe bagira agahinda gakabije,abandi bakarwara indwara zirimo igifu kubera kunanirwa […]

Continue Reading

Abakoresha ‘Bus’ rusange mu Mujyi wa Kigali biyongereyeho 35%

Abaturage bakoresha ‘Bus’ rusange mu Mujyi wa Kigali biyongereyeho 35% nyuma y’amavugurura amaze iminsi akorwa mu rwego rwo kunoza serivisi zo gutwara abantu mu buryo bwa rusange. bi byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda, nyuma yo kuganiriza urubyiruko mu gitaramo cya Gen-z Comedy cyabereye i […]

Continue Reading

Nyabihu: inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we amukase ijosi.

Ahishakiye Théogène w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyabihu arimo gushakishwa, akekwaho kwica umugore we witwa Uwanyagasani w’imyaka 26, amukase ijosi akoresheje umuhoro. bi byabereye mu Murenge wa Karago, Akagari ka Kadahenda ho mu mudugudu wa Gihira, ku wa 7 Gicurasi 2026. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, SP Sylvestre Twajamahoro, yahamije aya […]

Continue Reading

Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi.

Mu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje kwitegura Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico, umuhanzikazi Shakira yamaze gukura urujijo ku ndirimbo nshya yari amaze iminsi ateguza, ahamya ko ari yo ndirimbo yihariye ya ‘FIFA World Cup 2026’ ndetse anayihuriramo n’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy. Ni inkuru yatunguye benshi ndetse ikomeza kongera ibyishimo […]

Continue Reading

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bari mu maboko ya RIB bazira gukomeretsa umuyobozi.

Abana babiri b’abakobwa biga mu Ishuri EAV Gitwe ryo mu Karere ka Ngoma, batawe muri yombi nyuma yo gukubita umukozi ushinzwe imyitwarire y’abakobwa (Animatrice) muri iri shuri, bakamukomeretsa mu mutwe. Iki gikorwa cy’urugomo gikekwa kuri aba bana, cyabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane tariki indwi Gicurasi 2026 mu Murenge wa Rukira ahaherereye iri […]

Continue Reading

Marco Rubio yagiriye uruzinduko i Vatican rugamije guhosha umwuka mubi Hagati ya Trump ba Papa Leo‎ XIV

Umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yagiranye ibiganiro n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV,  byamaze iminota 30 i Vatican, ni mu ruzinduko rwari rugamije kugabanya umwuka mubi hagati ya Perezida Donald Trump na Papa kubera intambara yo muri Iran.‎‎Rubio, usanzwe ari umuyoboke w’Itorero Gatolika ukomeye, yarafite uru […]

Continue Reading

Yabeshye abaturage ko azabazanira amabuye mu isanzure.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe umugabo witwa Jonathan Ahimbisibwe wo mu gace ka Makindye, akurikiranyweho ibikorwa byo kwiyitirira umwuga w’umuhanga mu by’isanzure (astronaut) kugira ngo ashuke abaturage. Uyu mugabo ashinjwa kwakira amafaranga y’abantu batandukanye ababwira ko ashobora kubagezaho amabuye akomoka ku kwezi. Polisi ivuga ko ayo masezerano yakoreshwaga nk’amayeri yo kubambura amafaranga. Bamwe mu […]

Continue Reading