Umuyobozi wafungiye abaturage mu biro by’Akagari ari gukurikiranwa: Minisitiri Habimana
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yanenze imyitwarire ya bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze bakomeje gufungira abaturage mu biro by’Akagari, avuga ko bitemewe kandi bidakwiye.Minisitiri Habimana, yabitangaje kuri uyu Gatanu tariki 08 Gicurasi 2026, abinyujije ku rukuta rwe rwa X.Yabitangaje nyuma y’aho mu Karere ka Gicumbi humvikanye inkuru y’umusaza n’umukecuru bafungiwe mu biro by’Akagari […]
Continue Reading
