Niyo Bosco yatunguranye asezera umuziki usanzwe

Niyo Bosco yamaze kumenyesha ubujyanama bwe ko uretse amashusho y’indirimbo Ndabihiwe aherutse gusohora, nta yindi ndirimbo isanzwe azakora. Ibi Niyo Bosco yabishimangiye ubwo yari mu kiganiro Samedi Detente  gitambuka kuri Radio y’u Rwanda, aho yavuze ko agiye kureka umuziki usanzwe agakora uwo kuramya no guhimbaza imana. Ati “ Njye Imana yankoreye ibintu byinshi, hari ibintu […]

Continue Reading

Real madrid iratekereza Xabi Alonso nku musimbura mwiza wa Carlo Ancelotti

Umutoza wa Bayer Leverkusen, Xabi Alonso arifunzwa cyane na Real madrid kugirango azasimbure umutoza Carlo Ancelotti usanzwe atoza iyi kipe. Mu gihe havugwa impinduka mu batoza  mu makipe akomeye  i burayi nka Liverpool na Bayern Munich, izina rya Alonso ryagaragaye nk’umusimbura mwiza. Alonso, uri kwitwara neza nk’umutoza wa Bayer Leverkusen muri iyi shampiyona, afite amasezerano […]

Continue Reading

Umunyamakuru Léonidas Ndayisaba yavuze impamvu itangaje yatumye ava kuri Flash FM

Léonidas Ndayisaba, yize itangazamakuru mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, ubu agiye kujya akora ikiganiro cy’imikino cya buri munsi kuri radio Isibo FM avuye kuri  Radio Flash FM. Ibi yabitangaje mu kiganiro cy’imikino gifungura bakoze kuri iyi radio, akora ari kumwe na Faustin Mugenzi  bakunze kwita Simbigarukaho. Muri iki kiganiro bari batumiye umuvugize wa […]

Continue Reading

Kobbie Mainnoo yahamgawe mu Bwongereza ku nshuro ya mbere

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati muri Manchester United, Kobbie Mainoo yahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza ku nshuro ya mbere, mu gihe yitegura gukina imikino ya gicuti izayuhuza na Brazil n’Ububiligi. Kobbie Mainoo w’imyaka 18 y’amavuko yari yahamagawe mu ikipe y’abatarengeje imyaka 21 y’Ubwongereza ariko yashyizwe mu ikipe ya mbere na Gareth Southgate. Ubwongereza buzahura na […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading

Impunzi z’Abakongomani ziba mu gihugu cy’u Burundi, zategetswe kugabanya amasengesho no kudakora ingendo.

Ni ibikubiye mu byegeranyo by’i Nama yahuje impunzi z’Abanyekongo n’inzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu.   Urebye ku cyegeranyo iy’i Nama yabaye k’u itariki ya 28/02/2024, ikaba yarahuje aba chefs bayoboye ama Quartier, abapasitoli, abakozi bashinzwe impunzi muri HCR, ikaba yari iyobowe n’ubuyobozi bukora mu kurinda umutekano w’igihugu cy’u Burundi.   Muri iyo Nama ibyari […]

Continue Reading

Impuzi z’abanyecongo zimaze imyaka 27 mu Rwanda ziramagana Jenocide ikorerwa Abatutsi, Abahema n’Abanyamulenge

Impunzi z’Abanyecongo mu Rwanda muri iki cyumweru turimo zatangiye imyigaragambyo zamagana jenoside zivuga ko irimo gukorerwa Abatutsi, Abahema n’Abanyamulenge mu burasirazuba bwa DR Congo zisaba kandi amahanga kubafasha gusubira mu gihugu cyabo. Louise Musabyimana w’imyaka 28, yabwiye itangazamakuru ko yageze mu nkambi ya Kiziba afite umwaka umwe, ubu ni umubyeyi w’abana. Muri iyi nkambi abamo […]

Continue Reading
Bimwe mubisasu impande zirwana muri DRC

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi utewe Ubwoba n’ibisasu bihanura indege na Drone zigezweho bya M23

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi  watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho z’intambara zifite ubushobozi bwo guhanura indege (ground to air missiles) na misile, mu ntambara uyu muryango w’Ibihugu ubona ko igenda irushaho kumera nabi. Mu itangazo ryo kuwa mbere, EU ivuga ko imirwano ikaze irimo gutera kwiyongera kw’ibibazo by’ubuhunzi, kugirirwa nabi, ubugizi bwa nabi bishingiye ku […]

Continue Reading

Abatiyumvamo Perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bahawe ubutumwa

  U Rwanda rwageneye ubutumwa abanyekongo n’abandi bose  batiyumvamo Perezida w’igihugu cyabo Paul Kagame.   Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, abinyujije k’urubuga rwa X, avuga ku nkuru iheruka gutangazwa n’i Kinyamakuru cya African Stream.   Nk’uko iy’inkuru ibivuga nuko “mu butumwa buherekeje inkuru y’amashusho y’iki Kinyamakuru, ibaza abantu impamvu Perezida w’u Rwanda, Paul […]

Continue Reading

Imirwano yubuye nyuma y’inama y’abagaba b’ingabo za SADC n’u Burundi ziri muri Congo

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe mu bari hafi yaho babivuga.   Inyeshyamba za M23 zatangaje ko mu gitondo uyu munsi ingabo za leta zifatanyije n’imitwe y’inyeshyamba yiswe Wazalendo, ingabo zo mu bihugu bimwe by’ihuriro […]

Continue Reading