Diane Rwigara wifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze imigabo n’imigambi ye
Mu myaka irindwi ishize kandidatire ye yaranzwe kuko itari yujuje ibisabwa nk’uko komisiyo y’amatora yabivuze, ubu Diane Shima Rwigara yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ati: “Ndabyizeye ko bazemera iyi nshuro.” Abakandida ku mwanya wa perezida wa Repubulika n’abadepite ubu barimo kugeza ibisabwa kuri komisiyo y’amatora mu Rwanda, mbere y’amatora ateganyijwe hagati muri Nyakanga (7). Uretse […]
Continue Reading
