Uwari umukuru wa gereza ya Rubavu yakatiwe gufungwa imyaka 15

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu, rwaraye ruhanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi wa gereza ya Rubavu igifungo cy’imyaka 15 kubera uruhare rwamuhamije mu mpfu z’imfungwa zabereye muri iyi gereza. Umunyamategeko wunganiraga Kayumba yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko bateganya kujurira. Uru rukiko rwahannye kandi bamwe mu bari bafungiye muri iyi gereza kubera kugira uruhare mu mpfu […]

Continue Reading

Gicumbi: Umusore yaninzwe inyama arapfa

Uyu musore yitwa Dushimimana Vincent nuwo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, yamize inyama iramuniga bimuviramo gupfa. Uyu musore yarafite imyaka 22, ngo mu ma saa sita z’amanywa yo ku wa Gatanu tariki 5 Mata 2024, ari kumwe n’undi musore mugenzi we, bagiye gufatira amafunguro muri resitora […]

Continue Reading

Umuyobozi wa STT ishinjwa kujujubya Abanyarwanda yatawe muri yombi

Uwimana Jean Marie Vianney wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) ikora mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga,urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye mutaye yombi. Dr. Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB yavuze ko “uyu mugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya aho afite ikigo kimwanditseho cyitwa Super Free to Trade (STT) ikora ubucuruzi bw’amafaranga […]

Continue Reading

Muhanga abaturage baratabariza Gitifu unyagirirwa mu kagari akajya kugama munzu zabo

Abaturage bagana Akagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga baratabariza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako Kagari ujya kugama mu baturanye n’ibiro bye iyo imvura iguye. Bavuga ko bibabaje kubona Akagari ko mu mujyi kava bigatuma abagakoreramo n’abakagana bajya kugama ahandi mu gihe imvura iguye, banatinya ko igisenge cyaboze kubera imvura cyabagwira. Aba baturage bahaye  […]

Continue Reading

RIB yerekanye abapfumu bari gutekera imitwe abantu ngo barabavura ahubwo barimo kubasahura utwabo

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abagabo batatu biyitaga abapfumu n’abavuzi gakondo, bagacucura abaturage amafaranga yabo. Kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Mata 2024 ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Mujyi wa Kigali, kuri Sitasiyo ya Remera, herekanywe abiyita abavuzi gakondo batwaraga amafaranga y’abantu babizeza kubavura no kubakiza indwara. RIB ivuga ko aba bagabo bakoresha amayeri menshi […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading

Béatrice Munyenyezi yongeye gutakambarira umucamanza asaba kurenganurwa

  Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa.   Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare ubwo Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwahaga ijambo impande zombi.   Mu gihe mu iburanisha ryabanje ijambo […]

Continue Reading

U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Guverinoma y’u Rwanda yerekanye aho ihagaze nyuma y’aho RDC iyikangishije kuyitera

Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, binyuze muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’u butwererane.   Iri tangazo rivuga ko u Rwanda rutewe impungenge bikomeye no kurenga ku myanzuro ya Luanda na Nairobi bikorwa na leta ya Kinshasa, ndetse n’ibindi b’ihugu bikomeje gutera […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading

Congo yasabye amahanga kutajenjekera u Rwanda

  Umuvugizi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko RDC itazigera na limwe ijya mu biganiro na M23 ndetse asaba amahanga guhagurukira u Rwanda akarufatira ibihano bikomeye. Ni mu kiganiro yaraye agiranye n’ikinyamakuru cy’Abongereza BBC.   Muri icyo kiganiro yahakanye ibivugwa ko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Jean Pierre Bemba aherutse kujya i Goma mu […]

Continue Reading