Ingabo za FARDC n’abo bafatanyije bagotewe muri Rutchuru

Ni ukuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 14/02/2024, n’ibwo Ingabo za General Sultan Makenga zageze mu bice biri marembo ya Nyanzare biza kurangira iyi centre bayizengurutse, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabitangaraije Rwandanews 24   Uyu murwanyi  yavuze ko nta musirikare wo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa wemerewe gusohoka Centre ya Nyanzare […]

Continue Reading
MONUSCO1

RDC: Abakozi ba LONI, EU,Ambassade y’u bufaransa na Amerika mu mazi abira

  Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu mu murwa mukuru Kinshasa, ambasade y’Ababiligi, abafaransa, Amerika ndetse n’umuryango w’Ubumwe bw’I Bulayi nazo ziri mu bibazo Ni mu gihe hakomeje intambara mu burasirazuba bw’icyo gihugu ituma umwuka wo kwamagana ingabo LONI […]

Continue Reading

Huye: Abaturage baracyagorwa n’ingendo kandi bafite umuhanda wa kaburimbo

Bamwe mu baturage batuye mu bice bya Sahera mu karere ka Huye mu murenge wa Mukura, bavuga ko bishimiye umuhanga wa Rango Sahera bahawe, ariko ko bagifite ikibazo cy’uko ntamodoka zitwara abagenzi zihagera. Ni mu gihe ubuyobozi bw’akarere bwizeza abaturage ko niba hari abagenzi n’imodoka bagiye kuzibaha.   Bamwe mu baturage baganiriye na Rwandanews24 bavuga […]

Continue Reading

Korea y’epfo ntawuzongera kuharira imbwa kuva 2027

Korea y’Epfo yemeje itegeko ribuza abantu kuzongera kurya no kugurisha inyama z’imbwa muri iki gihugu kuva muri 2027. Ni tegeko rifite gahunda yo gukuraho burundu umuco warumaze imyaka myinshi muri Korea wo kurya imbwa.   Iri tegeko rivugako abazafatwa babaga imbwa bazajya bahabwa igihano bagafungwa igifungo gishobora no kugera kumyaka itatu mugihe abazorora kugirango bazirye […]

Continue Reading

“Ntsinda neza cyane mu ishuri n’ababyeyi bange barankunda nubwo mfite ubumuga bw’ingingo.” Ubuhamya bwa Sikuzani Béatrice

Zimwe mu mpamvu zidindiza imyigire y’abana bafite ubumuga, harimo imyubakire y’amashuri itaborohereza, aho hari abana bafite ubumuga bw’ingingo bigira mu ishuri rimwe n’abatabufite ku buryo bibagora bitewe n’ubwoko bw’ubumuga bityo hakaba hakenewe ubugenzuzi mu myubakire y’amashuri yaborohereza mu myigire yabo. Raporo y’ibyavuye mu Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire, ryakozwe mu 2022 igaragaza ko mu bantu bafite […]

Continue Reading

Kuki RCS yahaye uruhushya CG (Rtd) Gasana Emmanuel rwo gusohoka mu Igororero?

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we. Kuva ku wa Kane, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru avuga ko Gasana yababariwe n’Umukuru w’Igihugu, kandi ko atagikurikiranwa n’inkiko mu gihe yari afungiye iminsi 30 y’agateganyo. Amakuru yizewe avuga ko Gasana atababariwe nk’uko […]

Continue Reading

Kuki ba Gitifu b’imirenge bambuwe uburenganzira bwo gutanga amakuru?

Kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023 hamenyekanye inkuru ivuga ko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirengere batemerewe gutanga amakuru kuko ari inshingano zo ku rwego rw’akarere gusa. Mu nkuru dukesha KigaliToday ivuga ko mbere yo kujya mu itorero ISONGA ryahuje ba abanyamabanga nshingwabikorwa kuva ku rwego rw’Imirenge kugera ku rwego rw’Intara, ryamaze iminsi itandatu ribera mu kigo cy’ubutore […]

Continue Reading

Dr Jimmy Gasore yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye mu mwanya wo kuyobora iyi minisiteri muri Mutarama 2022. Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023 nibwo Erinest Nsabimana yari yahagarariye amasezerano yo kuzubaka mu Rwanda uyuganda rutunganya ingufu za […]

Continue Reading

Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bahuriye i Burayi basabwa guhesha isura nziza igihugu cyabo

Abanyamuryango basaga 700 ba FPR-Inkotanyi baturutse mu bihugu butandukanye byo ku mugabane w’u Burayi bahuriye mu mwiherero wabereye mu mujyi wa Cologne mu gihugu cy’u Budage kuri uyu wa 30 Nzeri 2023. Uyu mwiherero wafunguwe n’umunyamabanga mukuru w’uyu muryango, Wellars Gasamagera wari uhagarariye perezida w’umuryango.   Gasamagera yabibukije ko ari intumwa z’u Rwanda, ababwira ko […]

Continue Reading

Abantu batandatu barimo na Gitifu w’Akarere ka Rulindo batawe muri yombi

Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.   Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri […]

Continue Reading

Abantu bari kujya kwivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bari kwiyongera

Umubare w’abivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri uyu mwaka wa 2023 wariyongereye ugera kuri 5.3% uvuye kuri 4.2% mu mwaka wa 2022. Ibi byatangajwe n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC.   Iyi mibare yakusanyijwe hagendeye ku makuru yakusanyijwe mu mavuriro atandukanye mu gihugu, ariko ngo ntabwo bivuze ko umubare w’abazandura biyongereye ahubwo ni uko abazisanganzwe bari […]

Continue Reading