Yishwe uwatangaje ko Perezida Tshisekedi arembeye mu bitaro

Amakuru ava muri  Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kinshasa aravuga ko umwe mu basirikare bahafi bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Antoine Felix Tshisekedi yaba yishwe umurambo we ukajugunwa imbere y’inzu atuyemo, ku mpamvu z’uko yashyize hanze amabanga y’uburwayi bw’umukuru w’igihugu. Taliki 9 Mata nibwo Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo byemeje ko Perezida […]

Continue Reading

Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel

Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare kuri uyu wa 11 Mata 2024 rwakatiye   CG (Rtd) Gasana Emmanuel igifungo cy’imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 36 Frw nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite. Gusa mu cyemezo cy’urukiko cyo kiuri uyu wa Kane ku cyaha cyo kwakira indonke CG (Rtd) Gasana […]

Continue Reading

Umusirikare yinjiye muri resitora yica arashe abantu batatu

Umusirikare wo mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu  ,mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yishe abantu batatu abarasiye muri resitora iri mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mata 2024. Amakuru aturuka i Goma aravuga ko uwo Mu-GP yinjiye muri Resitora iherereye i Majengo muri komine Karisimbi, agatangira kumisha amasasu […]

Continue Reading

Nyuma y’uwashinze STT n’uwashinze TAT ’yashukaga abantu ikabarya amafaranga’ yatawe muri yombi

RIB urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwataye muri yombi Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu gutanga imigabane ibizeza ko nyuma y’igihe bumvikanye bazabona inyungu. Dr. Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB, yavuze ko Nsengiyumva yatawe muri yombi ku wa 6 Mata 2024, akurikiranyweho ibyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo, […]

Continue Reading

Ingabo z’Ubushinwa zari zimaze imyaka 21 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri MONUSCO zatashye

Ingabo z’u Bushinwa zari zimaze igihe kinini mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzwi nka MONUSCO, zatashye. Ingabo 15,000 za MONUSCO zari zoherejwe muri iki gihugu kinini cyo muri Afurika yo hagati zatangiye gutaha muri Gashyantare bisabwe na guverinoma ya Kinshasa, ibona ko nta cyo zimaze. Umuhango wo gusezera kuri […]

Continue Reading

Abatuye Gatumba bahawe icyumweru kimwe cyo kwimuka

Guverineri wa Bujumbura, Désiré Nsengiyumva yahaye ababa mu gace ka Gatumba, ingo zabo zigeramiwe n’umwuzure,igihe ntarengwa cy’icyumweru cyo kuba bavuye muri ako karere. Iki cyemezo cyatangarijwe mu nama y’abatuye mu gace ka Gatumba gaherereye mu ntara ya Bujumbura (mu burengerazuba bw’Uburundi). Aka gace kazahajwe n’imyuzure kuva mu 2021. Guverineri Désiré Nsengiyumva, imbere y’abayobozi n’abashinzwe umutekano,yagize […]

Continue Reading

Hamenyekanye impamvu yatumye Perezida Tshisekedi ajya mu Bubiligi bwihishwa

Amakuru aravuga ko perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC),  yaba arwariye mu Builigi mu ibanga rikomeye. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize,nibwo hagiye hanze amakuru avuga ko Félix Tshisekedi yasohotse igihugu ndetse aho aherereye hatazwi. Ikinyamakuru cyo mu Bubiligi cyatangaje ko yaje mu Rwanda rwihishwa, ariko kiza kubinyomoza, kinasaba imbabazi kuri ayo […]

Continue Reading

Tariki 08 Mata Interahamwe zishe Abatutsi hirya no hino mu gihugu

Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare bishe Abatutsi bari bahungiye ahantu hatandukanye i Nyamirambo harimo kuri Paruwasi gatolika yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga , mu kigo cy’Abafureri b’Abayozefiti no muri Koleji “St Andre” i Nyamirambo. Uyu munsi kandi ni nabwo Interahamwe zatangiye kwica Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi gatolika ya Ruhuha mu Bugesera. Iyicwa ry’Abatutsi […]

Continue Reading

Louise Mushikiwabo yavuze uko musaza we Lando na nyina bishwe muri Jenoside

Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka Lando barimo umubyeyi we, bose bishwe, nyamara biba musaza we ari gusaba ubufasha mu Babiligi ngo bamutabare. Mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, Mushikiwabo akaba na mushiki wa […]

Continue Reading

U Rwanda mubufatanye n’Ubufaransa

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano y’ubufatanye ya miliyoni 400 z’ama-Euro zizifashishwa mu gushyigikira iterambere ry’inzego zirimo ubuzima, ibidukikije no guhugura abakozi hagati ya 2024-2028. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta na mugenzi we w’u Bufaransa, Stephane Sejourné, ni bo bashyize umukono kuri aya masezerano. Minisitiri Dr. Biruta yavuze ko uretse ayo masezerano, hari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yatanze ubuhamya kuri mubyara we wishwe muri Jenoside

Perezida Kagame yatanze ubuhamya bwe ubwo yatangizaga Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi,kuri uyu wa 7 Mata 2024. Yatanze ubuhamya bwe bwite ubwo yatangizaga Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi Ati “Ndashaka kubasangiza urugendo rwanjye bwite, ubusanzwe sinjya nkunda kubivuga. Mubyara wanjye, Florence yakoraga muri Loni mu Rwanda mu gihe kirenga […]

Continue Reading