Mu birori by’ubukwe, Davido yibutse umwana we witabye Imana

Umuhanzi w’umunyanigeria uririmba injyana ya Afrobeats David Adeleke, yazirikanye umwana we Ifeanyi Adeleke uherutse kwitaba Imana, ubwo yagaragaraga yambaye ishati ifite ibipesu bikozwe mu ifoto y’uwo mwana. Ni ubukwe yakoranye n’umugore we Chioma Rowlan, mu mpera z’icyumweru gishize burangwa no gusezerana imbere y’Imana, i Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byashimangiraga ibirori bari barabanje […]

Continue Reading

Umunyarwandakazi mu bahataniye ikamba rya Miss New York USA

Umunyarwandakazi Mbera Uwase Melissa ni umwe mu bakobwa bari guhatanira ikamba rya Miss New York USA 2025, ritanga umukandida uhagararira Leta ya New York mu rya Miss USA. Uyu mukobwa uri mu bagize amahirwe yo kugera mu cyiciro cya nyuma, ategerejwe guhatanira ikama rya Miss New York USA ku wa 15 Kanama 2025. Ubusanzwe iri […]

Continue Reading

Diddy ateganya gusaba gufungirwa mu rugo rwe

Abunganira umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs, wamamaye cyane mu muziki n’ubucuruzi mu Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bateganya gusaba ko mu gihe yaba yakatiwe yafungirwa iwe mu rugo, aho kugumana n’izindi mfungwa. TMZ yangaje ko Marc Agnifilo uyoboye itsinda ry’abunganira uyu muraperi, yavuze ko kimwe mu bituma batekereza batya, ari uko uyu muraperi akeneye kwitabwaho byihariye […]

Continue Reading

Jose Chameleone yifurije Weasal gukira vuba

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba yahaye ubutumwa murumuna we Weasel urwaye amwifuriza gukura vuba. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuvandimwe we kwa muganga maze ayiherekeresha amagambo, agira ati: “Uri igihangange muvandimwe wanjye, senga kandi ukomere, umere neza vuba. Turagukunda.” Amakuru y’igongwa rya Weasel yamenyekanye […]

Continue Reading

Uganda: Teta Sandra yarekuwe

Teta Sandra wari umaze amasaha ari guhatwa ibibazo na Polisi yo muri Uganda nyuma yo gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwigongera umugabo ku bushake, yarekuwe nyuma yo gusabirwa imbabazi n’abarimo umugabo we. Amakuru akomoka ku umwe mu nshuti za hafi za Teta Sandra, ahamya ko yarekuwe nyuma y’uko Weasel ndetse n’umuryango we basabye ko arekurwa. Teta […]

Continue Reading

Uganda: Sandra Teta yafunzwe akekwaho kugonga umugabo we (Weasel) ku bushake

Iperereza ry’ibanze ryakozwe na Polisi, ryagaragaje ko ibi byabereye mu kabari ka Shan gaherereye Munyonyo mu Mujyi wa Kampala, nyuma y’amakimbirane akomeye hagati yabo bombi. Teta Sandra ufungiye kuri Polisi yo mu gace ka Kabalagala, yavuze ko Weasel yari yiriwe amutonganya ndetse amwirukanana n’abana mu rugo. Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke […]

Continue Reading

Yatashye yirahira u Rwanda kubera ingagi, imbamutima z’umunyamakuru Robin Roberts wari wakoreye ibirori mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye cyane mu kiganiro Good Morning America, Robin Roberts, uheruka kwizihiriza mu Rwanda isabukuru y’imyaka 20 amaze ari kumwe n’umukunzi we, Amber Laign, yasubiye iwabo muri Amerika avuga imyato ingagi n’ibindi bikorwa yabonye birimo umuganda. Yabigarutseho mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa YouTube rwa Good Morning America. Muri aya mashusho hari ayo agaragaramo yasuye […]

Continue Reading

Patrick Nyamitari, umwe mu bahaye isura igitaramo “Umuganura gakondo Night”

Umuhanzi wakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Patrick Nyamitari, yatunguranye mu gitaramo Umuganura gakondo Festival akumbuza abitabiriye indirimbo yakunzwemo cyane. Hashize imyaka itari mike Patrick Nyamitari atagaragara mu bitaramo ibituma abakunda ibihangano bye barushaho kumukumbura. Byabaye mu ijoro ry’itariki 03 Kanama 2025, ubwo Mustapha Kiddo wateguye icyo gitaramo yasabwe kugira icyo abwira […]

Continue Reading

Trump yagarutse ku byo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko uyu mugabo bigeze gusangira, ariko akaza kumuhinduka agatangira kumuvugaho amagambo atari meza. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Rob Finnerty wa Newsmax, Trump yavuze ko P.Diddy “asa nk’aho ari umwere igice”, nyuma yo guhamywa ibyaha bibiri muri bitanu yashinjwaga, ku […]

Continue Reading

Sherrie Silver yagaragaje ahazaza yifuza ku bana arera

Sherrie Silver uri mu babyinnyi b’Abanyarwanda bamaze kubaka izina ku Isi, yasobanuye ko impamvu ari kwibanda mu gufasha abana babarizwa mu muryango yatangije yise ‘Sherrie Silver Foundation’, ari uko ashaka ko bazahindurira ubuzima ababyeyi babo n’abazabakomokaho. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, aho yasobanuraga impamvu asa nk’uwahinduye umuvuno muri iki gihe, aho kwibanda ku kubyina ahubwo […]

Continue Reading