Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada.
mu butumwa yanyujije k’urubuga rwe rwa Instagram, Shaffy yatangaje ko afite gitaramo mu Mugi wa Ottawa kizaba mu kwezi kwa Gicurasi 2026, anamenyesha ko amakuru arambuye ku bijyanye n’igihe n’aho kizabera azatangazwa vuba.
Yanditse ati: “Mfite amatsiko, sinshiboye gutegereza. Muri Gicurasi Shaffy azataramira muri Canada. andi makuru ni vuba.
uyu muhanzi ari muhagezweho kuko azwi mu ndiririmbo nyinshi zakunzwe nka bana, akabanga, sukuma nizindi nyinshi.
Icyo gitaramo muri Canada kigiye kuba nyuma y’uko Shaffy yaherukaga gutaramira mu Rwanda mu mpera za 2026, mu gitaramo yahuriyemo na Kevin Kade, wizihizaga imyaka itanu yari amaze mu muziki.
What do you feel about this post?
Like
Love
Happy
Haha
Sad

