Amerika: Abantu babiri bagaragaje ibimenyetso bya ‘Hantavirus’

Abantu babiri mu Banyamerika 17 bari mu bwato bwa M/V Hondius bwagaragayemo Hantavirus, bagaragaje ibimenyetso ndetse umwe yasanzwemo imwe muri virusi zigize Hantavirus. Byatangajwe n’urwego rw’ubuzima rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NNS, ndetse rwavuze ko abo Banyamerika bose bari muri ubwo bwato uko ari 17 bahawe indege ibasubiza muri Amerika kugira ngo bajye kwitabwaho […]

Continue Reading

Icyorezo gishya cyatangiye guhitana abantu abandi  bararwara.

Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69. Umurambo w’undi muntu wa gatatu ukiri mu bwato, mu gihe inzego ziri gutegura uko asubizwa mu gihugu […]

Continue Reading

Nyanza: Abaganga bane bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi warugiye kubyara bafunzwe.

Itsinda ry’abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere bya Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, batawe muri yombi bakekwaho guha serivisi mbi umubyeyi witeguraga kubyara bikamuviramo ingorane. Ni igikorwa cyabaye mu mwaka wa 2025, ariko umubyeyi ageza ikirego ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), vuba, abo baganga bahita batabwa muri yombi ku wa 28 Mata 2026. Amakuru avuga ko […]

Continue Reading

Umwarimu uzigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa. Yavuze ko mu mavugurura ateganywa, umuntu wigisha mu mashuri abanza, agomba kuzajya abanza kurangiza kaminuza. Raporo ya Minisiteri y’Uburezi ku bikorwa byo mu 2024/2025, yashyizwe hanze ku wa 30 […]

Continue Reading

Uganda: batangiye guhabwa umuti urinda kwandura Agakoko gatera Sida ufatwa kabiri mu mwaka.

Guverinoma ya Uganda yatangije ku mugaragaro itangwa ry’umuti mushya urinda kwandura Agakoko gatera SIDA witwa Lenacapavir, mu rwego rwo kongera ikibatsi mu guhangana n’icyo cyorezo kimaze imyaka myinshi kibasiye abatuye Isi. Umuti wa Lenacapavir utangwa buri mezi atandatu ndetse utanga amahirwe ya 99,9% yo kurinda uwawuhawe kwandura Virusi itera Sida. Uterwa mu rushinge aho iyo […]

Continue Reading

NESA yatangaje uko ingendo z’abanyeshuri bitegura igihembwe cya gatatu zizakorwa.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri, abayobozi b’amashuri, abarezi ndetse n’ababyeyi uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira ku mashuri kuva ku wa 17-20 Mata 2026. Ni mu itangazo iki kigo cyashyize hanze ku wa 10 Mata 2026. Ni ingengabihe izafasha gutangiza igihembwe cya gatatu ari na cyo cyanyuma cy’umwaka w’amashuri wa […]

Continue Reading

Kiliziya yemeje ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa.

Vatican yatangaje ko abo muri Kiliziya Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa, mu rwego rwo kuvura indwara zimwe na zimwe. Byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026. Ibi bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bwifashishije ingingo z’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. Mu nyandiko ya paji 88 igaragaza amabwiriza agomba gukurikizwa kuri […]

Continue Reading

Camp kigali: abanyeshuri batunguwe no kubona mugenzi wabo w’imyaka 16 yabyariye kwishuri.

mu ishuri ryisumbuye rya GS cam kigali riherereye mu karere ka Nyarugenge habaye ibyatunguye benshi aho umwana w’umukobwa w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa wa kane w’amashuri yisumbuye S4 HGL abyariye mu Kigo. Amakuru aturuka ku banyeshuri n’abarimu muriki kigo bakaba bavugako ibyabaye byabatunguye, bikanateza urujijo kuko ntawaruzi ko uyu mwana w’umukobwa atwite ibi byabaye […]

Continue Reading

Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ko hari ibitagenza neza.

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara. Umuyobozi w’ishuri rya GS Mushubi riri mu Karere ka Nyamagabe, UMUJA Ancille, avuga ko iyi gahunda yafashije abana benshi kwitabira ishuri kuko […]

Continue Reading