Byinshi  ku cyorezo cya Ebola u Rwanda rukomeje gukurikiranira hafi.

Ebola ni indwara iterwa na virusi yitwa Ebola. Ubwoko bwa Virusi bwayo  bwabonetse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Uganda  bwahawe izina rya “Bundibugyo Virus (BDBV)”. Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), ivuga ko ubusanzwe virusi ya Ebola yibera mu mubiri w’ubwoko bumwe bw’uducurama ntidutere kurwara ariko tukayikwirakwiza. Iyo Minisiteri ivuga ko Ebola yibasira abantu ndetse n’inyamanswa z’inyamabere zo mu […]

Continue Reading

Imipaka uhuza u Rwanda na Goma muri RDC yafunzwe mu kwirinda ikwirakwira rya Ebola

Kuva kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, u Rwanda rwafunze by’agateganyo imipaka ihuza Rubavu na Goma kubera icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharabira Demokalasi ya Congo (RDC)‎‎Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yabwiye IGIHE ko iki cyemezo kigamije kurinda ubuzima bw’abaturage, anasaba abaturage kwihanganira izi mpinduka.‎‎Imipaka ya Petite Barrière, Grande Barrière […]

Continue Reading

OMS yavuze ko Ebola ikomeje gukwira muri RDC na Uganda itaraba icyorezo

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima,  Organisation mondiale de la Santé (OMS)  , ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye Intara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Conga ( RDC) gihamagarira  inzego z’ubuzima ku  rwego mpuzamahanga kuba maso gusa ashimangira ko bitaragera ku rwego rw’‎icyorezo.‎‎‎OMS yavuze ko kuva Ebola yongeye kwaduka  muri, RDC […]

Continue Reading

Imibare yabishwe na Ebola ikomeje kwiyongera nyuma yuko yubuye umutwe muri Congo.

Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC), cyatangaje ko icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho kimaze kwica abantu 65 mu Ntara ya Ituri. Ni ibikubiye mu itangazo iki kigo cyasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2026. Africa CDC ivuga ko […]

Continue Reading

Amerika: Abantu babiri bagaragaje ibimenyetso bya ‘Hantavirus’

Abantu babiri mu Banyamerika 17 bari mu bwato bwa M/V Hondius bwagaragayemo Hantavirus, bagaragaje ibimenyetso ndetse umwe yasanzwemo imwe muri virusi zigize Hantavirus. Byatangajwe n’urwego rw’ubuzima rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NNS, ndetse rwavuze ko abo Banyamerika bose bari muri ubwo bwato uko ari 17 bahawe indege ibasubiza muri Amerika kugira ngo bajye kwitabwaho […]

Continue Reading

Icyorezo gishya cyatangiye guhitana abantu abandi  bararwara.

Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69. Umurambo w’undi muntu wa gatatu ukiri mu bwato, mu gihe inzego ziri gutegura uko asubizwa mu gihugu […]

Continue Reading

Nyanza: Abaganga bane bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi warugiye kubyara bafunzwe.

Itsinda ry’abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere bya Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, batawe muri yombi bakekwaho guha serivisi mbi umubyeyi witeguraga kubyara bikamuviramo ingorane. Ni igikorwa cyabaye mu mwaka wa 2025, ariko umubyeyi ageza ikirego ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), vuba, abo baganga bahita batabwa muri yombi ku wa 28 Mata 2026. Amakuru avuga ko […]

Continue Reading

Umwarimu uzigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa. Yavuze ko mu mavugurura ateganywa, umuntu wigisha mu mashuri abanza, agomba kuzajya abanza kurangiza kaminuza. Raporo ya Minisiteri y’Uburezi ku bikorwa byo mu 2024/2025, yashyizwe hanze ku wa 30 […]

Continue Reading

Uganda: batangiye guhabwa umuti urinda kwandura Agakoko gatera Sida ufatwa kabiri mu mwaka.

Guverinoma ya Uganda yatangije ku mugaragaro itangwa ry’umuti mushya urinda kwandura Agakoko gatera SIDA witwa Lenacapavir, mu rwego rwo kongera ikibatsi mu guhangana n’icyo cyorezo kimaze imyaka myinshi kibasiye abatuye Isi. Umuti wa Lenacapavir utangwa buri mezi atandatu ndetse utanga amahirwe ya 99,9% yo kurinda uwawuhawe kwandura Virusi itera Sida. Uterwa mu rushinge aho iyo […]

Continue Reading

NESA yatangaje uko ingendo z’abanyeshuri bitegura igihembwe cya gatatu zizakorwa.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri, abayobozi b’amashuri, abarezi ndetse n’ababyeyi uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira ku mashuri kuva ku wa 17-20 Mata 2026. Ni mu itangazo iki kigo cyashyize hanze ku wa 10 Mata 2026. Ni ingengabihe izafasha gutangiza igihembwe cya gatatu ari na cyo cyanyuma cy’umwaka w’amashuri wa […]

Continue Reading

Kiliziya yemeje ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa.

Vatican yatangaje ko abo muri Kiliziya Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa, mu rwego rwo kuvura indwara zimwe na zimwe. Byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026. Ibi bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bwifashishije ingingo z’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. Mu nyandiko ya paji 88 igaragaza amabwiriza agomba gukurikizwa kuri […]

Continue Reading