Constant Mutamba yigereranyije na Nelson Mandela wafunzwe nyuma akayobora Afurika y’Epfo

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigereranyije na Nelson Mandela wafunzwe imyaka 27 azira kurwanya politiki y’irondaruhu nyuma akayobora Afurika y’Epfo. Mu iburanisha rya nyuma ryabaye ku wa 13 Kanama 2025, Mutamba yasabye imbabazi ku bwo kwibasira abacamanza babiri baheruka kwikura mu rubanza, ubwo yabashinjaga kumutera ubwoba no kumurwanya. […]

Continue Reading

Rusizi: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi hangirikiramo iby’arenga miliyoni zirenga 15 Frw

Inzu y’umuturage wo mu Karere ka Rusizi yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka n’ibyarimo byose bivugwa ko byari bifite agaciro k’arenga miliyoni 15 Frw. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Murangi, Akagari ka Kamurera, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi ku wa 13 Kanama 2025. Saa 11:40 ni bwo umwana wo muri urwo rugo yarashe […]

Continue Reading

Kigali: Amasomo Azahagarara, Abakozi Bakorere mu Ngo mu Cyumweru cya Shampiyona y’Isi y’Amagare

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21-28 Nzeri 2025, ubwo igihugu kizaba cyakira Shampiyona y’Isi y’Amagare, amashuri akorera mu Mujyi wa Kigali azahagarika amasomo, ndetse abakozi ba leta n’abo mu nzego z’abikorera, bashishikarizwa kuzakorera mu ngo. Iyi ngamba igamije kugabanya umuvundo wo mu mihanda no gufasha imigendekere myiza y’iri rushanwa rikomeye,rizitabirwa n’abakinnyi n’abashyitsi […]

Continue Reading

Sam Karenzi yavuze ku makuru yerekeza Mahoro Nasri kuri SK FM

Amakuru y’uko Nsanzamahoro Fred wamamaye nka Nasri mu mwuga w’itangazamakuru, ari mu biganiro bimwerekeza kuri SK FM , yaje nyuma y’uko Nepo Dushime ‘Mubicu’ yerekeje kuri RBA. Mu kiganiro Urukiko rw’ikirenga rw’imikino cyo kuri uyu  kuri uyu wa 13 Kanama 2025. Sam Karenzi, yahakanye aya makuru avuga ko ntabihari yagize ati “ibya Nasri kuza kuri […]

Continue Reading

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu 29 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko. Ibi byaha bifitanye isano n’urugendo APR FC yagiriye mu Misiri muri Nzeri 2024, […]

Continue Reading

Mahoro Nasri ‘Kajugujugu’ mu nzira zimwerekeza kuri SK FM

Nsanzamahoro Fred wamamaye nka Nasri mu mwuga w’itangazamakuru, Mahoro Nasri, mu biganiro bimwerekeza kuri SK FM avuye kuri B&B Kigali FM, aho aje gusimbura Nepo Dushime ‘Mubicu’ werekeje kuri RBA. Amakuru agera kuri Rwandanews24,aremeza ko ibiganiro bigeze kure ngo Mahoro Nasri arangizanye na SK FM. Ibi bije nyuma y’uko umunyamakuru Nepo Dushime ‘Mubicu’ yerekeje kuri […]

Continue Reading

APR FC na Rayon Sports mu zitujuje ibisabwa Amakipe atanu yahawe ibyangombwa adaciwe amande

Biciye mu gashami gashinzwe gutanga impushya zemerera amakipe kwitabira amarushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [Club Licensing], Bugesera FC yimwe icyangombwa mu gihe APR FC na Rayon Sports zasabwe kuzuza ibisabwa kugira ngo zihabwe impushya zuzuye. Mu gihe shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, izatangira muri Nzeri uyu mwaka, amakipe amwe yamaze […]

Continue Reading

Gatsibo: Abaturage 15 bajyanywe kwa muganga nyuma yo kunywa umutobe

Abaturage 15 bo mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo bajyanywe kwa muganga nyuma yo kunywa umutobe bikekwa ko wari wahumanyijwe, bane muri bo bahise boherezwa ku bitaro bikuru bya Kiziguro kugira ngo bitabweho n’abaganga. Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki 11 Kanama 2025 mu Mudugudu wa Nyagashenyi mu Kagari ka Nyabisindu mu […]

Continue Reading

Pavelh Ndzila mu biganiro na Rayon Sports

Pavelh Ndzila uherutse gutandukana na APR FC, ageze kure ibiganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira ngo azayikinire mu mwaka utaha. Rayon Sports FC ikomeje imyiteguro yo mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26, aho ikiri gushaka abakinnyi bashya bazayifasha mu marushanwa yo mu Rwanda ndetse n’ayo hanze.Rwanda-based products: Umwe mu myanya igikeneyeho abakinnyi ni mu izamu, […]

Continue Reading

Dr Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana

Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha yitabye Imana azize uburwayi amaranye imyaka myinshi, akaba atabarutse yari afite imya 61. Uyu mubyeyi yakoze imirimo inyuranye mu Rwanda irimo no kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigai, Ambasaderi, Umuyobozi Nshingwabikorwa Wungirije akaba n’Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru Wungirije muri UN-HABITAT. Ku wa 23 Gashyantare 2023, ni […]

Continue Reading