Zabyaye Amahari hagati ya Bebe cool na Mutesi jolly amushinja kumurya utwe.

Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ry’uwo avuga. Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. Abinyujije […]

Continue Reading

Bimwe mu bibazo by’ingutu byugarije uburezi mu Rwanda.

Raporo nshya y’isuzuma ry’imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, Learning Achievement in Rwandan Schools 2025, LARS 2025, igaragaza ko nubwo hari aho abanyeshuri bagaragaza iterambere, hari ibibazo bikomeye bikomeje kugira ingaruka ku ireme ry’uburezi, by’umwihariko mu gusoma no gusobanukirwa mu Cyongereza n’Imibare. Iri suzuma ryakozwe muri Gicurasi 2025 n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, […]

Continue Reading

Karongi: Umusore akurikiranyweho kwica nyina akamushyingura munsi y’urugo.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yataye muri yombi umusore w’imyaka 30 ukekwaho kwica nyina akamushyira mu ifumbire munsi y’urugo. Uwo musore wo mu Mudugudu wa Rugusa, Akagari ka Rwufi, Umurenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi yafashwe n’abanyerondo ubwo yari avuye mu rugo mu masaha y’ijoro ahetse igikapu. Ni umusore wari warananiwe […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije Mamadou Traore wakiniraga Stade Malien yo Muri Mali.

‎Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’umukinnyi ukina hagati asatira ukomoka muri Mali, Mamadou Traoré, amasezerano y’imyaka ibiri kugira ngo asimbure Mamadou Lamine Bah uherutse gutandukana n’iyi kipe Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru Bruno Taifa uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, usanzwe atangaza amakuru y’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Yagaragaje ko uyu musore w’imyaka 27 agiye kuva […]

Continue Reading

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE ya Murindahabi bazamukiyeho.

Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné. Aba bahanzi batandukanye na MIE nyuma y’igihe cyari gushize bivugwa ko umwuka atari mwiza hagati yabo nyuma y’uko Ishimwe Vestine afashe icyemezo cyo gusigara muri Canada atabyumvikanyeho na […]

Continue Reading

RwandAir yahembwe nk’ikigo cya mbere gitanga serivisi nziza muri Afurika.

RwandAir yegukanye igikombe cy’ikigo cy’ubwikorezi bwo mu kirere gitanga serivisi nziza zo mu ndege kurusha ibindi muri Afurika kizwi nka ‘Best Cabin Service in Africa’. Iki gihembo kigaragaza urwego rwo hejuru RwandAir imaze kugeraho mu guha abakiliya bayo serivisi nziza, zishingiye ku kwita ku mugenzi no kumufasha kugira urugendo rwiza no kugira ibihe byiza. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Imirimo itangwa n’inganda z’imyenda izikuba gatanu mu myaka itatu iri imbere.

Inganda zitunganya imyenda zizongerera ubushobozi ibikorwa byazo ku rugero rwa 100% bitarenze mu 2029, ndetse umubare w’akazi zizatanga uziyongera uve ku mirimo 11,900 ugere ku 50,500. Biteganyijwe ko u Rwanda ruzajya ruzigama miliyoni 28 z’amadolari buri mwaka ku myenda yatumizwaga hanze, mu gihe amafaranga azajya asigara imbere mu gihugu kubera gukora ibitambaro bikorwamo imyenda mu […]

Continue Reading

U Rwanda rwamaganye Raporo ya Human Right Watch ishinja RDF gufasha M23.

U Rwanda rwamaganye Raporo y’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch, HRW), ishinja ibinyoma Ingabo z’u Rwanda byo kugira uruhare mu mu bikorwa by’umutwe wa M23 ahubwo yirengagije urw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uw’iterabwoba wa FDLR, bifite ukuri. Itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze kuri uyu wa […]

Continue Reading

U Rwanda rwungutse inkura z’umweru eshatu.

Pariki y’Igihugu y’Akagera yishimira ko inkura zashyizwe muri iyi pariki zageze ku 148 nyuma y’uko iz’umweru zimaze umwaka zizanywe mu Rwanda zatangiye kororoka. Mu nkura 70 z’umweru ziherutse kujyanwa muri iyi pariki eshatu zarabyaye mu gihe izindi na zo zitegura kubyara muri uyu mwaka. Umuyobozi ushinzwe umubano mwiza n’abafatanyabikorwa muri Pariki y’Akagera, Karinganire Jean Paul, […]

Continue Reading

Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe atemwe ijosi

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma ziri guhigisha uruhindu abantu bagize uruhare mu kwica umwana w’umukobwa w’imyaka 17, bamuteye icyuma ku ijosi, bamukata amabere, intoki n’ibindi bice by’umubiri. Ibi byabaye mu ijoro ryacyeye rishyira kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Kamena 2026 mu Mudugudu wa Kamvumba mu Kagari ka Kinunga mu Murenge wa Remera […]

Continue Reading

Depite Icyitegetse Venuste yeguye ku mirimo ye.

Inteko Ishinga Amategeko yatangaje ko Icyitegetse Venuste wari Umudepite yandikiye Perezida w’Umutwe w’Abadepite amumenyesha ubwegure bwe ku mpamvu ze bwite. Icyitegetse yari Umudepite ubarizwa muri Komisiyo ishinzwe kugenzura uko ingengo y’imari ya Leta itegurwa, ikoreshwa, n’uko umutungo wa Leta ucungwa. Yari Umudepite ubarizwa mu Muryango wa FPR Inkotanyi watowe ahagarariye urubyiruko. Visi Perezida w’Inteko Ishinga […]

Continue Reading