umukinnyi wa Filime mpuzamahanga Chick Norris yapfuye.

Carlos Ray wamamaye muri sinema by’umwihariko muri filime nka Chuck Norris yapfuye afite imyaka 86 nk’uko umuryango we wabitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe 2026. Uyu musaza yamenyekanye muri filime ‘The delta force’ yasohotse mu 1986, ‘Missing in action’ yasohotse mu 1984, ‘Invasion USA’ yasohotse mu 1985 n’izindi nyinshi. Inkuru y’urupfu rwa Chuck Norris yatangajwe […]

Continue Reading

Abimukira bagera kuri 18 barimo Abarundi n’Abanyecongo bapfiriye mu nyanja y’Ubuhinde.

Abimukira bagera ku 18 babanyafurika bapfiriye mu nyanja y’Ubuhinde ubwo bageragezaga kugera ku kirwa cya Mayotte nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano n’izishinzwe ubutabazi muri iyo nyanja. Iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Werurwe 2026 ubwo ubwato bwari butwaye abanyafurika bagera ku 50 bwakubitwaga n’umuyaga wo mu nyanja bigateza bamwe kurohama ubwo berekeza […]

Continue Reading

Israel yishe umuvugizi wa IRGC – umutwe w’ingabo ukomeye muri Iran.

Ibitero bya Israel kuri Iran kuri uyu wa 20 Werurwe 2026, byishe umuvugizi w’umutwe w’ingabo zirinda impinduramatwara ya Iran uzwi nka IRGC, nk’uko itangazamakuru rya leta yaho ribivuga. Brigadier General Ali Mohammad Naini yamaze imyaka igera kuri 40 muri uyu mutwe wa ‘Islamic Revolutionary Guard Corps’ akaba yari amaze imyaka ibiri ari umuvugizi wawo, nk’uko […]

Continue Reading

Ntibisanzwe mu Bwongereza kwitabira imikino nta tike byagizwe icyaha gihanwa n’amategeko.

Amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Bwongereza no muri wales, yemeje kwinjira muri stade ukajya kureba umukino nta tike ufite bizajya bifatwa nk’icyaha gihanishwa kudasubira ku kibuga mu myaka itanu no kwishyura amande ya 1000 y’Amapawundi nukuvuga angana na miliyoni 2 Frw. Iri tegeko rizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera ku Cyumweru, tariki ya 21 Werurwe 2026, mu […]

Continue Reading

Korea: Umukobwa wa perezida Kim Jong un yagaragaye atwaye igifaru.

Umukobwa wa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, Kim Ju Ae, yagaragaye atwaye igifaru na se amuri inyuma, byongera gushimangira ko uyu mwana yaba ari gutorezwa kuzasimbura se ku butegetsi. Mu ifoto yashyizwe hanze n’ikinyamakuru cyo muri iki gihugu, KCNA, yagaragaje Ju Ae atwaye igifaru hejuru yacyo hicaye se, Kim Jong Un, ndetse […]

Continue Reading

Rayon Sports yasezereye Police FC Kuri Penalite.

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye Police FC muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni umukino warangiriye muri Penalite aho, Rayon Sports yatsinze Penalite 4-2. Ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe ya Rayon Sports na Police FC zakinnye umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Ni […]

Continue Reading

Nyagatare: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga bifite agaciro k’arenga miliyoni 56 frw.

Mu Karere ka Nyagatare, habereyemo igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga ndetse n’izindi nzoga zo mu mashashi zitujuje ubuziranenge. Iki gikorwa cyabaye ku Gatatu tariki ya 18 Werurwe 2026 mu bukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe. Bimwe mu biyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga, urumogi n’inzoga zo mu mashashi Ibi biyobyabwenge byakuwe mu mirenge itanu […]

Continue Reading

Kera kabaye umuhanzi Davis D agiye kugarara mu bitaramo bya Iwacu muzika Festival.

Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Ibi […]

Continue Reading

Camp kigali: abanyeshuri batunguwe no kubona mugenzi wabo w’imyaka 16 yabyariye kwishuri.

mu ishuri ryisumbuye rya GS cam kigali riherereye mu karere ka Nyarugenge habaye ibyatunguye benshi aho umwana w’umukobwa w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa wa kane w’amashuri yisumbuye S4 HGL abyariye mu Kigo. Amakuru aturuka ku banyeshuri n’abarimu muriki kigo bakaba bavugako ibyabaye byabatunguye, bikanateza urujijo kuko ntawaruzi ko uyu mwana w’umukobwa atwite ibi byabaye […]

Continue Reading

Joe Kent washinje Trump gukorera ku gitutu cya Israel yatangiye gukorwaho iperereza.

Joe Kent wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe kurwanya iterabwoba muri Amerika weguye ku mwanya we kubera ko intambara Amerika yagabye kuri Iran idafite impamvu, yatangiye gukorwaho iperereza akekwaho gushyira hanze amakuru y’ibanga. Abatangamakuru bavuze ko hatazwi neza amakuru y’ibanga yashyize hanze ariko yatangiye gukorwaho iperereza mbere y’uko atangaza ubwegure bwe. Joe Kent yeguye ku wa […]

Continue Reading

Perezida wa FERWAFA yasuye Al Hilal ayizeza Mbere yuko ikina umukino wo kwishyura na Rs Berkane.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Shema Ngonga Fabrice yasuye ikipe ya Al Hilal Sports Club yo muri Sudani yitegura guhura na RS Berkane mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya CAF Champions League izakinamo na RS Berkane. Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru Saa kumi n’ebyiri, ukazabera kuri Stade Amahoro. Ku munsi w’ejo iyi […]

Continue Reading