Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru.

Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu. Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya Ruguru izwi nka Supreme People’s Assembly. Ni amatora yabaye ku wa 22 Werurwe 2026, nyuma y’ukwezi kumwe Kim Jong […]

Continue Reading

Al Hilal SC itsinzwe na RS Berkane isezererwa muri CAF Champions League

Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani ariko iri gukina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda yasezerewe muri CAF Champions League nyuma yo gutsindirwa na RS Berkane kuri Stade Amahoro igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabaye kuri iki Cyumweru. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa Kumi n’Ebyiri zuzuye urangira RS Berkane itsinze […]

Continue Reading

AS Kigali WFC yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri nyuma y’imyaka 18.

Nyuma y’imyaka 18, AS Kigali WFC yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Abagore inshuro 12, yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe habura umukino umwe ngo FERWAFA Women’s Super League ya 2025/26 irangire. Ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026, ni bwo iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali yanganyije na Inyemera WFC igitego 1-1, mu […]

Continue Reading

USA: Donald Trump yashinjije OTAN kudatanga umusanzu mu ntambara ihanganyemo na Iran.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye ibihugu bifatanyije na Amerika mu muryango wa OTAN, abishinja kudatanga umusanzu uhagije mu guhangana na Iran, ndetse abita “ibigwari”. Ibi Trump yabivuze mu gihe intambara hagati ya Amerika ifatanyije na Israel na Iran imaze ibyumweru bitatu, nyuma y’ibitero byagabwe ku wa 28 Gashyantare 2026, […]

Continue Reading

Ikigo cya Meta kigiye kwifashisha ikoranabuhanga rigezweho rya AI mu kugenzura imbuga zayo.

Ikigo cya Meta kigiye gutangiza uburyo bugezweho bw’ikoranabuhanga rya mudasobwa zikoresha ubwenge buhangano [artificial intelligence systems] kugira ngo kigenzure kandi gikumire ibibi binyuzwa ku mbuga zacyo, ibi bikazagabanya umubare w’abakozi b’ibindi bigo bifashishwaga mu kuzigenzura Ubu buryo bushya bwakorewe gukora imirimo isaba ko isubirwamo kenshi no guhita bumenya vuba amayeri mashya akoreshwa n’abantu bafite imigambi […]

Continue Reading

Umuhanda wa gari ya moshi uzagera mu Rwanda watangiye kubakwa.

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa […]

Continue Reading

Karongi: Umugore yashatse kwiyica nyuma yo kwica umwana we.

Umugore utuye mu karere ka Karongi mu Murenge wa Twumba, yajyanwe mu bitaro nyuma gushaka kwiyica yiyahuye mu gihe yari amaze kwica umwana we muto no gukomeretsa umwana w’imfura ye nawe urembeye mu bitaro. uyu mugore akaba utuye mu Mudugudu wa Duhati, Akagari Murehe, yagerageje kwiyica ntiyapfa nyuma yo kwica umwana we wari ufite umwaka […]

Continue Reading

Meteo Rwanda yateguje abanyarwanda Imvura nyinshi mu gice cya gatatu cya werurwe.

Mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Werurwe 2026, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50 na 150, ikaba iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’isanzwe igwa muri iki gice. Impuzandengo y’imvura isanzwe igwa iri hagati ya milimetero 28 na 105. Iminsi izagwamo imvura izaba iri hagati y’iminsi itandatu (6) n’umunani (8) bitewe n’imiterere ya buri […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri rutahizamu Joy lance mickels ugiye gukinira amavubi bwa mbere .

Rutahizamu Joy Lance Mickels ukinira ikipe ya Sabah Fk ikina mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Azerbaijan ari mu bitezwe gufasha ikipe y’Igihugu amavubi mu mikino ya FIFA series. Yatangiye gukina umupira w’amaguru afite imyaka ine mu ikipe y’abato ya VSF Amern, nyuma yinjira mu ishuri ry’umupira rya Borussia Mönchengladbach aho yamaze imyaka umunani. […]

Continue Reading

Kwizera Olivier yongewe mu Amavubi yitegura FIFA Series.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Shema Ngoga Fabrice, yemeje ko umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yongewe mu bakinnyi 31 bagomba kwitabira umwiherero w’Amavubi utegura imikino ya FIFA Series. Ni amakuru yatangarijwe mu kiganiro cya RTV Kick-Off cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026. Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yahamije […]

Continue Reading

Uganda: Babiri bikekwa ko ari Abanyarwanda bishwe n’abaturage.

Ubwoba ni bwinshi mu karere ka Kyankwanzi muri Uganda nyuma y’aho abagabo babiri bivugwa ko ari Abanyarwanda bishwe n’abaturage bari basanze ibice by’umubiri w’umuntu mu nzu bari bacumbitsemo. Ku wa 20 Werurwe 2026, abaturage bo mu mudugudu wa Kiryanongo muri Bananywa, bateye urugo rwabagamo uwitwa Semasaka na Hakiza Damascene nyuma yo kumvamo umunuko ukabije. Aba […]

Continue Reading