Perezida Kagame yaganiriye na Zein Abdalla uyobora Mastercard Foundation.

Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi wa Mastercard Foundation, Zein Abdalla, ari kumwe n’uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, hamwe n’abandi bagize Inama y’Ubuyobozi n’abayobozi bakuru b’uyu muryango. Yabakiriye kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Kamena 2026, muri Village Urugwiro. Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye hagati ya Mastercard Foundation n’u Rwanda, ndetse n’uburyo […]

Continue Reading

Umunyarwanda uzwi cyane mu myidagaduro Jimmy Muyumbu akurikiranyweho na Amerika uburiganya bwa miliyari 53 Frw.

Jimmy Muyumbu, Umunyarwanda w’imyaka 38 utuye muri Glendale muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyizwe mu majwi n’ubutabera bwa Amerika muri dosiye ikomeye y’uburiganya mu buvuzi, aho akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’amafaranga arenga miliyoni 44,9 z’amadolari. Muyumbu, izina risanzwe rizwi mu muryango w’Abanyarwanda baba muri Amerika no mu bakurikiranira hafi imyidagaduro. […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije rutahizamu Uwiyaremye Fidali

Ikipe ya APR FC yatangaje rutahizamu Uwiyaremye Fidali nk’umukinnyi wayo mushya, aho avuye mu ikipe ya Kiyovu Sports. Uwiyaremye yerekeje muri APR FC nyuma yo kwitwara neza mu mwaka ushize w’imikino mu ikipe ya Kiyovu Sports, aho yagize uruhare mu bitego birenga 15 mu marushanwa yose, harimo ibitego 11 yatsinze muri Shampiyona y’u Rwanda, BK […]

Continue Reading

Inzego n’ibigo byagaraweho gukoresha nabi umutungo wa Leta mu Rwanda biratangira kubitangaho ibisobanuro mu ruhame.

Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) iratangira kubariza mu ruhame inzego n’ibigo 76 ku makosa yagaragaye mu micungire y’imari n’umutungo bya Leta. Ibi bisobanuro bitangwa kuri aya makosa yagaragagajwe muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye ku wa 30 Kamena 2025, biratangira gutangwa none ku wa Kane […]

Continue Reading

Huye: Birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we.

Sibomana Charles w’imyaka 48 wo mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rugango, Umurenge wa Mbazi, ho mu Karere ka Huye, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we. Byabaye mu ijoro rishyira ku wa 24 Kamena 2026, ubwo aba bombi bashyamiranaga, n’ubwo icyo bapfuye kitahise kijya ahagaragara. Umuvugizi wa Polisi […]

Continue Reading

Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda yigaragaje muri ‘NBA Draft 2026’

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Nate Ament wakiniraga Tennessee Basketball ibarizwa muri Shampiyona ya Kaminuza muri Amerika (NCAA), uvuka ku mubyeyi [mama] w’Umunyarwandakazi, yatoranyijwe na Miami Heat, ariko imutanga muri Milwaukee Bucks muri ‘NBA Draft’ za 2026 zabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufite imyaka, 19 yaserutse yambaye ikote ririho amagambo […]

Continue Reading

Umusore ukekwaho gusambanya Shaddy Boo yatawe muri yombi.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, akurikiranyweho gusambanya ku gahato Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yemeje itabwa muri yombi ry’uyu musore anavuga ko hagikomeje iperereza ku byaha akekwaho. Yugi Umukaraza afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko akurikiranyweho […]

Continue Reading

RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.

Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026 ni bwo Shaddy Boo yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa butabaza RIB, nyuma ahamya ko yasabwe kujya kwa muganga […]

Continue Reading

Rayon Sports yatangaje umutoza mushya w’abazamu

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Kamena 2026, ikipe ya Rayon Sports yatangaje Umufaransa Hugo Tricarico nk’umutoza wayo mukuru mushya w’abazamu uzajya ufatanya na Ndayishimiye Eric “Bakame” warusanzwe muri izo nshingano. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Rayon Sports yatangaje uyu mutoza igira iti,”Tunejejwe no gutangaza Hugo Tricarico nk’umutoza mushya w’abanyezamu. Tricarico wakuriye muri OGC Nice, yari […]

Continue Reading

Bwa mbere Muri Sudani y’Epfo hagiye kuba amatora ya Perezida

Komisiyo y’Amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amatora rusange ya mbere azatorerwamo Perezida  kuva iki gihugu cyashingwa mu 2011 azaba ku wa 22 Ukuboza 2026, nyuma yo gusubikwa inshuro eshanu. Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Abednego Akok Kacuol, yavuze ko nubwo itariki y’amatora yamaze gutangazwa, hari ibibazo bitarakemuka birimo kubura amafaranga ayategura, ibyuho bikiri mu mategeko […]

Continue Reading

Dore ibyiza byo kubaho Utuje kandi Uvuga make.

Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza. Abantu benshi bitiranya gutuza no kutita ku bintu. Batekereza ko umuntu uvugira hejuru […]

Continue Reading