Ibitaravuzwe ku basirikari ba FARDC bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda, Umwe akaharasirwa

Murukerera rwo kuwa kabiri, tariki 16 Mutarama 2024, mu ma saha ashyira saa saba z’ijoro, mu murenge wa Rubavu, ho mu karere ka Rubavu nibwo hafatiwe Abasirikari 2 ba FARDC, uwa gatatu muri bo araraswa arapfa, bari barenze imbibe zitandukanya Ibihugu byombi maze bavogera Igihugu cy’u Rwanda.   Nyuma y’uko aya makuru amenyekanye haba Igisirikari […]

Continue Reading

Narebye Budget y’Ubukwe bwa The Ben, numva nakoreramo ubwanjye “Green P”

Umuraperi Rukundo Elia, wamenyekanye muri muzika nyarwanda, mu njyana ya HipHop by’umwihariko mu itsinda rya Tuff Gang, mu makuru ya Radio ya Rwanda yo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, tariki 27 Mutarama 2024 yatangaje byinshi kuri we.   Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Inkuta’ amaze igihe abarizwa mu Mujyi wa Dubai muri […]

Continue Reading

Rubavu: Mukeshimana mu marira menshi nyuma y’uko umwana we yishwe arashwe, Harakekwa FARDC

Mukeshimanamana Jean Bosco, wo mu karere ka Rubavu avuga ko ari mu gahinda kenshi nyuma y’Uko umwana we witwa Icyimanishaka Sifa w’imyaka 22, wari uvuye gucuruza High (Tungurusumu) yishwe n’abo yita ko ari Ingabo za FARDC.   Uyu mubyeyi avuga ko ibi byabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 23 Mutarama 2024, mu kagari ka Ryabizige […]

Continue Reading

Twitege iki mu nama y’Umushyikirano ya 19?

Guverunoma y’u Rwanda kuwa 13 Mutarama 2024 yatangaje ko inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, izaba kuva tariki 23-24 Mutarama 2024.   Guverinoma yabitangaje binyuze mu itangazo , aho iyi nama izatangira ku munsi w’ejo biteganyijwe ko izasuzumirwamo aho Igihugu kigeze mu nzego zitandukanye n’Imibereho y’Abanyarwanda muri rusange.   Itangazo ryagiraga riti “Uyu mwaka […]

Continue Reading

Impamvu hakozwe impinduka mu bayobozi b’Imirenge igize Akarere ka Rutsiro yamenyekanye

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro  buvuga ko impamvu hakozwe impinduka mh buyobozi bw’Imirenge, babitewe no kugira ngo bazanzahure imirenge yasanga nk’aho yasigaye inyuma mu mihigo.   N’Impinduka zatangiye kunugwanugwa mu mpera z’iki cyumweru turi kugana ku musozo, bamwe mu bayobozi b’Imirenge bahita bakora ihererekanyabubasha, abandi bikaba biteganyijwe ko bazarikora kuri uyu wa mbere.   Uko Impinduka […]

Continue Reading

Rubavu: Amakipe azahagararira akarere mu murenge Kagame Cup yamenyekanye, ahandi zibyara amahari

Imikino ya nyuma yo kumenya amakipe azaserukira Akarere ka Rubavu yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2024, mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2023-2024, ahamenyekanye amakipe azagahagararira ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba mu cyiciro cy’abagabo, mu gihe mu cyiciro cy’abagore zabyaye amahari, kuko n’ubwo hari iyahawe igikombe iyo byakinnye itanyuzwe.   Mu mupira w’amaguru, mu […]

Continue Reading

Rutsiro: Inzu y’ababyeyi y’Ikigo nderabuzima yangiritse itamaze kabiri

Inzu y’ababyeyi (Materineti) yo ku kigo nderabuzima cya Mukura, mu karere ka Rutsiro abayigana bavuga ko yangiritse itamaze kabiri, ikaba ishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga.   Abagana iyi nzu y’ababyeyi baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko batunguwe no kubona iyi nzu y’ababyeyi yaratangiye kwangirika mu myaka mike yuzuye.   Iyi nzu y’Ababyeyi bakomeza bavuga ko […]

Continue Reading

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bukomeje gushinjwa guhuzagurika bwiseguye ku baturage

Nyuma y’uko bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi mu karere ka Karongi, bamwe bashyizwe mu myanya abandi bikarangira bategereje amaso agaheba, bajya kubona bakabona akarere kongeye kubaha ubutumwa ko icyo kizamini kizongera gukorwa bakavuga ko byabatunguye, Akarere kabyutse kabiseguraho.   Ubutumwa akarere ka Karongi kashyize ku rubuga rwa X, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]

Continue Reading

FARDC igize icyo ivuga kubasirikari bayo bavogereye ubutaka bw’u Rwanda

Mu itangazo basohoye mu minota mike barinyujije ku rukuta rwa X, Igisirikari cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC bagize icyo bavuga ku basirikari b’icyo gihugu bavogereye ubutaka bw’u Rwanda.   N’itangazo riri mu rurimi rw’igifaransa rigira riti “Abasirikari batatu b’Igisirikari cya Congo bari ku burinzi ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi […]

Continue Reading

Rubavu: Umujongo yaguye mu gisimu, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo

Umwe mubo abaturage bavuga ko asanzwe mu itsinda ry’abajongo (ibihazi byiba amabuye y’agaciro) Hakizimana Jean Claude yaguye mu Gisimu cya Kampani ya CEMINYAKI azize kubura Gazi, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo.   Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba, tariki 16 Mutarama 2024, mu murenge wa Nyamyumba […]

Continue Reading