Ibitaravuzwe ku basirikari ba FARDC bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda, Umwe akaharasirwa
Murukerera rwo kuwa kabiri, tariki 16 Mutarama 2024, mu ma saha ashyira saa saba z’ijoro, mu murenge wa Rubavu, ho mu karere ka Rubavu nibwo hafatiwe Abasirikari 2 ba FARDC, uwa gatatu muri bo araraswa arapfa, bari barenze imbibe zitandukanya Ibihugu byombi maze bavogera Igihugu cy’u Rwanda. Nyuma y’uko aya makuru amenyekanye haba Igisirikari […]
Continue Reading
