Rubavu: Abahinzi b’ibirayi mu gihombo gikabije, Ubuyobozi bw’Akarere bwaruciye burarumira
Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Rubavu baratabaza ubuyobozi bavuga ko bari kugwa mu gihombo bakomeje guterwa no kuba ibirayi bahinze birimo kuma (Kuraba) umunsi ku wundi, bagakeka ko byatewe n’ifumbire bagejejweho na Leta y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’aka karere bwaruciye burarumira kuri iki kibazo. Abahinzi b’ibirayi mu mirenge ya Bugeshi na Busasamana, ibi babitangarije Rwandanews24 […]
Continue Reading
