Gusubukura ibitero kuri Iran byari kwagura intambara no mu bindi bice

Umutwe udasanzwe w’Ingabo za  Iran, IRGC watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel iyo bibeshya bagasubukuru ibitero baherutse gusubika, intambara bahanganyemo yari gukwira mu bice birenze Uburasirazuba bwo Hagati ikomeje kuberamo. ‎Ku Cyumweru tariki 17 Gicurasi 2026 Perezida wa Amerika Donald Trump, yatangaje ko we na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, bashobora […]

Continue Reading

Uganda: Mu rugo rwa Anita Among wahoze ari Perezida w’inteko Ishinga Amategeko hasanzwe intwaro

Inzego z’Umutekano muri Uganda zafatiye intwaro mu rugo rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Annet Among, nyuma y’iminsi itanu basaka urugo rwe. Izi ntwaro zije zikururikira gufatira imodioka ze ebyiri zirimo Range Rover na Rolls-Royce Cullinan ifite agaciro k’ibihumbi 400 by’Amadolari zajyanywe ku cyicaro cya Polisi ku wa 18 Gicurasi 2026. Among yayoboye Inteko […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugore wari ufite umwana mu ntoki yishwe n’inkuba umwana ararusimbuka.

Mu mvura nke yagwaga mu Kagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke, mu ma saa kumi n’iminota 40 z’umugoroba wo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 inkuba yakubise Nyiranziyumvira Marie Rose w’imyaka 42, wari uri kumwe n’abana 3 mu gikoni atetse, barimo impanga, ateruye umuto muri zo ahita apfa,umwana ararusimbuka. Niragire Josiane, umuturanyi […]

Continue Reading

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu.

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ingufu azafasha ibihugu byombi kuzamura ubukungu, guteza imbere inganda no guhindura imibereho y’abaturage. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 iruhande rw’inama Nyafurika yiga ku iterambere ry’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri. Muri aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, mu […]

Continue Reading

Bugesera: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gukubita umuturage agapfa.

Abaturage batatu bo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umugabo w’imyaka 40 bakekaga ko ari umujura bikamuviramo urupfu. Ibi byamenyekanye mu ijoro rya tariki ya 18 Gicurasi 2026 aho byabereye mu Mudugudu wo Kurugenge mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka […]

Continue Reading

Volleyball: Amakipe arenga 50 ategerejwe muri Rutsindura Memorial Tournament 2026

Abategura irushanwa ngarukamwaka rya volleyball ryo kwibuka Rutsindura Alphonse batangaje ko amakipe akabakaba 60 ari mu byiciro 10 ariyo yamaze kwiyandikisha ngo azitabire iri rushanwa ribera mu Iseminari Nto ya Butare. Kuri uyu wa kabiri tariki 19 Gicurasi 2026 nibwo hatangajwe amakipe y’agateganyo yamaze kwiyandikisha yemeza ko azitabira irushanwa ryo Kwibuka Rutsindura, Rutsindura Memorial Tournament […]

Continue Reading

Amavubi yamenye amakipe bazesurana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2027.

U Rwanda rwisanze mu Itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na Liberia mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027, kizabera muri Kenya, Tanzania na Uganda Ni nyuma ya tombola y’uko amakipe y’ibi bihugu azahura, yabereye i Cairo mu misiri, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026. Amakipe y’ibihugu 48 […]

Continue Reading

Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyarahanishijwe Uzabakiriho Cyprien, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor na Kalisa John uzwi nka K John kigumaho. Ni nyuma yo kugaragaza ko hari ibimenyetso bikomeye byerekana ko Djihad ahamwa n’icyaha cyo kuba icyitso mu gusakaza amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina, Kalisa John, […]

Continue Reading

Byinshi  ku cyorezo cya Ebola u Rwanda rukomeje gukurikiranira hafi.

Ebola ni indwara iterwa na virusi yitwa Ebola. Ubwoko bwa Virusi bwayo  bwabonetse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Uganda  bwahawe izina rya “Bundibugyo Virus (BDBV)”. Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), ivuga ko ubusanzwe virusi ya Ebola yibera mu mubiri w’ubwoko bumwe bw’uducurama ntidutere kurwara ariko tukayikwirakwiza. Iyo Minisiteri ivuga ko Ebola yibasira abantu ndetse n’inyamanswa z’inyamabere zo mu […]

Continue Reading

Burundi: Miss yambuwe ikamba nyuma yo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’ i Burayi.

Abategura irushanwa rya Miss Burundi batangaje ko umukobwa wakunzwe cyane mu irushanwa rya Miss Burundi 2025 (Miss Populaire) yambuwe ikamba kuva ku wa 18 Gicurasi 2026, ndetse abuzwa kongera gukoresha ibirango by’iri rushanwa. Kompanyi INGO s.a itegura ayo marushanwa y’ubwiza yavuze ko Mugisha Monica Celeste yambuwe ikamba yari yahawe kubera amakosa yo gukora ingendo mu […]

Continue Reading