Abarenga 2000 bakoze jenoside bazafungurwa muri uyu mwaka
Komiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), CG Murenzi Evariste, yavuze ko umwaka wa 2024 uzarangira hari abagororwa basoje igihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi barenga 2100. CG Murenzi Evariste yabwiye abanyamakuru ko uburyo bategurwamo mbere yo gusubira mu muryango nyarwanda butanga icyizere ko bahindutse kandi bazabana n’abandi neza. Yagize ati:”Kuva 2022 dufite […]
Continue Reading
