Nyuma y’Ijambo rya Perezida Kagame mu 2019, hatangijwe ishuri ryigisha Ikidage mu Rwanda

Bamwe mu banyarwanda baba mu Gihugu cy’Ubudage bavuga ko bakataje mu gushyira mu bikorwa ibyo bemereye Perezida Kagame, ubwo bari bahuriye muri Rwandaday yabereye i Bonn.     Kuwa gatandatu tariki 05 Ukwakira 2019 nibwo Abanyarwanda baba mu Rwanda, ababa mu mahanga n’inshuti z’u Rwanda bose hamwe barenga ibihumbi bitanu,  bateraniye i Bonn, ubwo yabaga […]

Continue Reading

Munyenyezi uregwa Genocide arasaba kutazira ibyaha by’abakurambere

  Mu rubanza rwabaye ku itariki ya 19 gashyantare 2024,Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi yasabye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko atagombye kuzira ibyaha byakozwe n’ umuryango yashatsemo. Munyenyezi akurikiranyweho ibyaha birimo gukora jenoside no gufata abagore ku ngufu byakorewe mu mujyi wa Butare mu majyepfo y’u Rwanda, ibyaha we aburana ahakana .Yoherejwe […]

Continue Reading

Rubavu: Afunzwe akekwaho gutemagura abagabo bagenzi be babiri

Umuturage wo mu karere ka Rubavu afunzwe akekwaho gutema agakomeretsa abagabo bagenzi be babiri.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Mudende, akagari ka Kanyundo ho mu mudugudu wa Nyamirama, mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, tariki 18 Gashyantare 2024.     Umunyamabanga nshungwabikorwa w’Umurenge wa Mudende, Murindangabo Eric […]

Continue Reading

Guverinoma y’u Rwanda yerekanye aho ihagaze nyuma y’aho RDC iyikangishije kuyitera

Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, binyuze muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’u butwererane.   Iri tangazo rivuga ko u Rwanda rutewe impungenge bikomeye no kurenga ku myanzuro ya Luanda na Nairobi bikorwa na leta ya Kinshasa, ndetse n’ibindi b’ihugu bikomeje gutera […]

Continue Reading

Goma : Haramukiye imyigaragambyo simusiga

Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye mu gitondo  cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024.   Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika, kuba biri inyuma y’intambara n’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse barashinja u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza, gushigikira M23, nk’uko abateguye imyigaragambyo bakomeje […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading

Etincelles iri guhumeka umwuka wa nyuma yongerewe Miliyoni 81 Frw

Ikipe ya Etincelles FC iri guhumeka umwuka wa nyuma irwana no kutisanga mu makipe amanuka mu cyiciro cya kabiri cya Shampiyona y’Umupira w’amaguru mu Rwanda, yongerewe Miliyoni 81 Frw kuzo yari yarahawe zabaye iyanga.     Inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Rubavu yateranye kuri uyu wa gatanu, tariki 16 Gashyantare 2024, mu ngingo yasuzumye harimo […]

Continue Reading

Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yemeje ko ari mu makipe yifuza Kylian Mbappe 

  Umutoza wa arsenal aganira n’itangazamakuru mbere y’umukino afitanye na Burnley kuwa gatandatu saa kumi nimwe abanyamakuru bamubajije ku makuru avuga ko Arsenal yifuza umukinnyi w’umufaransa Kylian Mbappe wamaze kubwira ikipe ye ya Paris Saint -Germain ko atazongera amasezerano kuko ayo afite azarangira mu kwezi kwa gatandatu   Arteta yavuze ko nk’umukinnyi uzaba adafite ikipe […]

Continue Reading

Imkikino ya shampiyona irongera gusubukurwa mu mpera z’iki cyumweru

  Kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Gashyantare 2024 nibwo imikino ya shampiyona isubukurwa kugeza ku cyumweru ku itariki ya 18 Gashyantare 2024. Uyu ukaba ari umunsi wayo wa 21.   Abakinnyi batemerewe gukina uyu munsi wa 21 wa shampiyona barimo NIZIGIYIMANA Abdoulkareem (Makenzi) wa Kiyovu Sports, DUSABE Jean Claude, FELIX KONE Lottin na […]

Continue Reading

Perezida wa Rayon Sport ngo azongera kwiyamamaza nasoza iyi manda

Biravugwa ko perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yaba yaramaze gufata umwanzuro wo kongera kwiyamamariza kuyobora Rayon Sports mu gihe manda ye izaba irangiye. Mu Kwakira 2024, Uwayezu Jean Fidele azaba asoje manda y’imyaka 4 yatorewe tariki ya 24 Ukwakira 2020 yo kuyobora ikipe ya Rayon Sports. Mu gihe ari mu mwaka we wa […]

Continue Reading