Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo
Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuze ko Abanye-Congo badakeneye umuhuza kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye kandi ko kuyakemura bidasaba gufata intwaro. Ubu butumwa yabutangiye mu nama y’ihuriro Union Sacrée risangiye ubutegetsi yabereye i Kinshasa ku wa 30 Kanama 2025, akomoza kuri gahunda y’umuryango wa Thabo Mbeki yo guhuriza Abanye-Congo […]
Continue Reading
