Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuze ko Abanye-Congo badakeneye umuhuza kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye kandi ko kuyakemura bidasaba gufata intwaro. Ubu butumwa yabutangiye mu nama y’ihuriro Union Sacrée risangiye ubutegetsi yabereye i Kinshasa ku wa 30 Kanama 2025, akomoza kuri gahunda y’umuryango wa Thabo Mbeki yo guhuriza Abanye-Congo […]

Continue Reading

Abatunze imbwa mu Rwanda bagiye kujya bazandikisha ku mudugudu

Abatunze imbwa mu Rwanda basabwe kujya bazandikisha ku buyobozi bw’imidugudu batuyemo ndetse bakerekana ibimenyetso by’uko zahawe urukingo, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa itegeko rijyanye n’ubuzima bw’inyamaswa ryo mu 2008 ndetse n’iteka rya minisitiri ryo mu 2020. Aya mabwirizwa yashyizwe hanze n’Ikigo gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda, RAB, aho agamije kurushaho gukurikirana ubuzima […]

Continue Reading

Byinshi ku Kigo CTTC Mayange gitoza abapolisi b’u Rwanda kurwanya iterabwoba

“Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Ansar al-Sunnah muri Mozambique bahinda umushyitsi iyo bumvise inzego z’umutekano z’u Rwanda (Ingabo z’u Rwanda na Polisi y’u Rwanda). Bazi neza uburyo izi nzego zivugutira umuti usharira ibikorwa byabo by’ iterabwoba ku buryo butagereranywa n’ahandi aho ari ho hose.” Mu myaka 20 ishize, amateka y’Isi agaragaza ko habayeho ubwiyongere bukabije bw’ibitero […]

Continue Reading

Rutahizamu Asman Ndikumana yerekeje muri Rayon Sports

Rutahizamu w’Umurundi, Asman Ndikumana, wakoraga igeragezwa muri Rayon Sports yashyize umukono ku masezerano yo kuzayikinira mu myaka ibiri iri imbere. Rayon Sports ikomeje kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2025/26, aho izawukinamo amarushanwa menshi arimo na CAF Confederation Cup iteganyijwe mu kwezi gutaha. Mu kwitegura neza ikomeje kugerageza kugumana abakinnyi beza mu bo yari isanganywe mu […]

Continue Reading

Fall Ngagne na Youssou Diagne ba Rayon Sports bageze mu Rwanda

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, na mugenzi we ukina mu bwugarizi, Youssou Diagne, bari baratinze gusanga bagenzi babo mu myitozo, bageze mu Rwanda ndetse biteguye kongera gufasha iyi kipe. Mu rukrera rwo kuri iki Cyumweru, tariki ya 31 Kanama 2025, ni bwo aba bakinnyi bombi bageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, bakirwa n’Umuvugizi […]

Continue Reading

Musanze: Abayobozi b’amashuri badatsindisha bazajya birukanwa

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yavuze ko abayobozi b’ibigo by’amashuri barangwa n’imikorere n’imyitwarire idahwitse bikaviramo abanyeshuri gutsindwa batazihanganirwa. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu mwiherero w’umunsi umwe wari wahuje abayobozi b’ibigo by’amashuri n’inzego zishinzwe uburezi mu Karere ka Musanze. Imibare igaragaza ko mu manota y’ibizamini bya Leta byo mu mwaka wa 2024/25, abarangije mu mashuri […]

Continue Reading

Kamonyi: Bazenguruka i Kigali bagiye ku Karere kubera umuhanda udakoze

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Ngamba batewe inkeke n’umuhanda Kamuhanda-Ngamba w’ibilometero 22 udakoze, utuma bazenguruka bakanyura i Kigali kugira ngo bagere ku Biro by’Akarere ka Kamonyi. Bivugwa ko abandi batanyuze i Kigali na bo bibasaba guterera imisozi bakamanuka imjbande, iyo banyuze mu zindi nzira zibasaba gukoresha nibura amasaha abiri kugira ngo bagere ku […]

Continue Reading

Umuhanda Kimisagara-Nyamirambo wafunzwe by’agateganyo

Umujyi wa Kigali watangaje ko umuhanda Kimisagara-Nyamirambo uri kubakwamo ibiraro byatumye hafungwa ibice bibiri byawo. Itangazo ryasohotse ku wa 29 Kanama 2025 rigaragaza ko “Hazafungwa ibice bibiri by’umuhanda KN 20 Ave hagati ya KN 201 St na KN 418 St (umuhanda w’amabuye uzamuka Kabusunzu).” Uyu muhanda wafunzwe kuva saa Sita z’ijoro ku wa Gatanu tariki […]

Continue Reading

Gasabo: Polisi yataye muri yombi umugore ukekwaho urumogi

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ANU, ryafashe umugore witwa Kakure Marie Louise w’imyaka 54 akurikiranyweho udupfunyika 274 tw’urumogi twafatiwe mu rugo iwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire, yavuze ko yafatiwe mu karere ka Gasabo, Umurenge Gisozi, Akagali ka Ruhango, Umudugudu Kanyinya ku wa 29 Kanama 2025. ‎Avuga […]

Continue Reading

Shema Ngoga Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama 2025, mu Nteko rusange isanzwe ya FERWAFA yabereye muri Serena Hotel, ni bwo habaye amatora ya Komite Nyobozi nshya yayo izayiyobora mu myaka ine iri imbere. Shema wari […]

Continue Reading

Bugesera: Hatangijwe uburyo bwo kurwanya malaria hifashishijwe drones

Ikigo cya Charis UAS Ltd gitanga serivisi zo gukoresha ’drones’ za gisivili zifashishwa mu buhinzi, ubuzima n’ibindi, gifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) na GIZ, byatangije uburyo bushya bwo kuzifashisha mu kurwanya malaria. Ni uburyo bwatangijwe ku wa 29 Kanama 2025, mu Murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera. Ni nyuma yo kubona ko bwatanze umusaruro […]

Continue Reading