Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye intumwa za Qatar ziri mu ruzinduko mu Rwanda
Perezida Paul Kagame yibukije ko kugira ubumwe utaravuye mu bukene nta cyo byaba bimaze, yabikomojeho ubwo yakiraga mu Biro bye Village Urugwiro itsinda ryaturutse mu nzego z’ubuyobozi z’igihugu cya Qatar. Iri tsinda yakiriye ku wa Gatanu tariki ya 29 Kanama, riri mu Rwanda mu rugendoshuri rw’iminsi itanu, rwatangiye ku wa 25 Kanama 2025. Mu biganiro […]
Continue Reading
