Dukwiye kuva mu kuvuga gusa tugakora – Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Abanyafurika bashobore kubyaza umusaruro ubutaka n’undi mutungo kamere bafite, basabwa gushyira mu bikorwa ibyo bavugira mu nama zitandukanye zirimo n’izivuga ku buhinzi no kwihaza mu biribwa. Yabigarutseho mu Nama Nyafurika yiga ku kwihaza mu biribwa (Africa Food System Forum) yabereye i Dakar muri Sénégal, ku wa 1 Nzeri 2025. […]

Continue Reading

Uko Gen Muhoozi yateguye bucece ifungwa ya Gen Maj Birungi

Igisirikare cya Uganda kimaze amezi gikora iperereza rikomeye ku bofisiye bakuru bakekwaho uruhare mu guhimba ibitero by’ubwiyahuzi, bakabyitirira umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), muri uyu mwaka rwatanze impuruza kenshi ko ADF iri gutegura ibitero by’iterabwoba. Mu bo rwahaga aya makuru […]

Continue Reading

Inkiko z’u Rwanda zaciye imanza 109 192 mu 2024/2025

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, akaba na Perezida w’Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda, Mukantaganzwa Domitilla, yatangaje ko mu mwaka ushize w’ubucamanza wa 2024/2025, inkiko z’u Rwanda zaburanishije imanza 109 192 mu manza 182 527 zagombaga kuburanisha. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Nzeri 2025, ubwo yatangizaga ku mugaragaro Umwaka w’Ubucamanza mu Rwanda wa 2025/2026. Agaragaza raporo […]

Continue Reading

U Rwanda ku mwanya mwiza mu bihugu bifite imiyoborere myiza muri Afurika

Ikigo cy’Imiyoborere muri Singapore cyashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri mu bihugu bifite imiyoborere myiza ku Mugabane wa Afurika nyuma y’Ibirwa bya Maurice. Iki cyegeranyo cyakozwe ku bihugu bisaga 120 ku Isi birimo 28 byo muri Afurika, aho u Rwanda n’u Budage byaje ku mwanya wa 59 ku Isi bigakurikirwa na Botswana ku mwanya […]

Continue Reading

Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa muri Nzeri

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu kwezi kwa Nzeri 2025, hateganyijwe imvura iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa muri uko kwezi. Ni ibikubiye mu nyandiko y’iteganyagihe ry’ukwezi kwa Nzeri, iki kigo cyasohoye. Meteo Rwanda yavuze ko imvura iteganyijwe iri hagati ya milimetero 35 na 230, impuzandengo y’isanzwe igwa mu kwezi kwa […]

Continue Reading

Mutamba yagaragaye ku mva ya se wa Tshisekedi mbere yo gucirwa urubanza

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaye ku mva ya se wa Perezida Félix Tshisekedi, Etienne Tshisekedi wa Mulumba, amuha icyubahiro mbere yo gucirwa urubanza kuri uyu wa 1 Nzeri 2025. Yagaragaye ku mugoroba wo ku wa 31 Kanama yambaye imyenda y’umweru ya siporo n’agapfukamunwa, aherekejwe n’abandi bantu. Yageze […]

Continue Reading

Reba uko wareba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye (A’Level) bitakugoye

Kureba amanota wabonye mu kizamini cya Leta hari uburyo bubiri: 1) Kuri Interineti 2) Kuri Telefone Kureba amanota ukande ahanditse KANDA HANO imbere y’umwaka ushakira amanota, maze urebe amanota n’ikigo uzigaho ukoresheje intermet, ukurikize amabwiriza. ♦️ S6: KANDA HANO ♦️ TTC: KANDA HANO ♦️ TVET: KANDA HANO ♦️ TSS: KANDA HANO Telefone kurikiza ibi bikurikira: 1) Andika SMS : […]

Continue Reading

Musanze: Batungurwa n’inka zibasanga mu Kigo Nderabuzima cya Bisate

Abarwayi, abarwaza n’abaganga mu Kigo Nderabuzima cya Bisate, giherereye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, babangamiwe no kuba nta mutekano bagira kubera nta ruzitiro, aho inka ziza kurisha mu Kigo Nderabuzima n’abantu bakahambuka uko biboneye. Abaza kuhashakira serivisi bavuga ko nubwo kubona ivuriro byongereye amahirwe yo gutabara ubuzima bwa benshi, ariko ngo kuba […]

Continue Reading

Perezida Kagame yazindukiye i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika. Iyo nama yatangiye kuri uyu wa 31 Kanama ikazageza ku wa 5 Nzeri 2025, yateguwe ku bufatanye na Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, ari na we wahaye ikaze […]

Continue Reading

Madamu Jeannette Kagame yakebuye abashyira imbaraga mu bukwe birengagije gutegura urugo

Madamu Jeannette Kagame yakebuye abajya gushinga urugo bagashyira imbaraga mu gutegura ubukwe birengagije gutegura urugo nyirizina, asaba ko gahunda yo gutegura abagiye kurushinga yarushaho gushyirwamo imbaraga mu kubaka umuryango utekanye. Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye amasengesho yagenewe abayobozi bakiri bato azwi nka ‘Young Leaders Prayer Breakfast’, yateguwe n’umuryango wa Rwanda Leaders Fellowship. Madamu Jeannette […]

Continue Reading

U Rwanda rurashima umubano rufitanye n’u Buhinde

“Umubano w’ibihugu byacu ni mwiza cyane, aho Abahinde basaga 4,000 batuye mu Rwanda na ho abanyeshuri basaga 350 bakaba biga mu Buhinde.” Ubwo ni ubutumwa bwatanzwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde Jacqueline Mukangira, ubwo yasuraga Kaminuza ya KIIT yigisha ikoranabuhanga ryifashishwa mu nganda, ndetse na KISS yigisha ubumenyi rusange. Izo Kaminuza zombi ziherereye mu […]

Continue Reading