Minisitiri Ndabamenye yakanguriye urubyiruko kuba inshuti n’ubuhinzi.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi. Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere ry’Ubuhinzi muri Afurika, AGRA na Global Citizen muri gahunda […]

Continue Reading

Ubuhinzi bw’umwimerere inzira yo kwirinda indwara no kuzahura urusobe rw’ibinyabuzima.

Mu Rwanda Ubuhinzi bw’umwimerere burimo gutera imbere aho bufasha abantu kurya ibiribwa bifite umwimerere, bigafasha kwirinda indwara cyane cyane izitandura nka Diabete, hypertension n izindi ariko bukafasha kurengera urusobe rw’ibinyabuzima.   Ubu buhinzi bukomeje kugaragara nk’inzira ikomeye ifasha kongera umusaruro w’ubuhinzi mu buryo burambye, kurengera ibidukikije no guteza imbere imibereho myiza y’abahinzi n’abaguzi. Mu Rwanda, aho ubuhinzi ari inkingi ikomeye […]

Continue Reading

Max Dowman w’imyaka 16 wa Arsenal yaciye agahigo ko gutsinda igitego muri Premier Leagueari muto kurusha abandi bose.

ibi byabaye kuruyu wa Gatandatu ubwo ikipe ya arsenal yari yakiriye ikipe ya Everton Fc kuri sitade ya Emirates mu mukino wa shampiyona aho byaje kurangira ikipe ya arsenal itsinze ibitego 2-0. Ubwo yatsindaga igitego kuri Everton, Max Dowman yakoze amateka muri Premier League aho yabaye umukinnyi ukiri muto cyane utsinze igitego ndetse anaca agahigo […]

Continue Reading

Bombori Bombori mw’ikipe ya Barcelona mbere y’amatora muriyi kipe.

Umunsi w’amatora mu ikipe ya Barcelona wageze ariko hakomeje kugaragara ihangana rikomeye hagati y’abakandida bahanganiye uyu mwanya aribo Joan Laporta na Victor Font.. Igice kinini cy’ayo makimbirane cyatangiye ubwo Joan Laporta yatangaga ikirego mu nama y’amatora ya Barcelona arega uwo bahanganye Victor Font ku cyaha cyo kwica amategeko y’amatora y’iyi kipe. Umunsi ubanziriza amatora, nyuma […]

Continue Reading

Bobi Wine yasohotse mu bwihisho yerekeza mu mahanga.

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko yavuye mu bwihisho yari amazemo hafi amezi abiri, akomereza mu mahanga mu ruzinduko ahamya ko ari urw’akazi. Kyagulanyi wamamaye mu muziki nka Bobi Wine yatangiye kwihisha tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo amatora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite yari arangiye. Asobanura ko Leta ya Uganda imaze […]

Continue Reading

Iran Irashaka kwica Minisitiri w’Intebe wa israel Benjamin Netanyahu.

Umutwe w’Ingabo wihariye wa Iran ‘Islamic Revolutionary Guard Corps, IRGC’ watangaje ko intego yawo ari uguhiga no kwica Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu. Ni umugambi IRGC yatangaje mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ibinyujije ku rubuga rwayo ruzwi nka Sepah News. Uyu mutwe w’ingabo wavuze ko “Ibi byaha by’ubwicanyi nibikomeza, Tuzakomeza kumuhiga (Minisitiri w’Intebe […]

Continue Reading

Sobanukirwa n’indwara yitwa Allodoxaphobia, ubwoba bwo kumva icyo abandi bantu bagutekerezaho

Wari ubizi? Hari abantu bagira ubwoba bw’ibiterezo by’abandi! Allodoxaphobia ni ubwoba bwo kumva icyo abandi bantu bagutekerezaho. Umuntu ufite ubu bwoba aba atinya cyane ko abandi bamubona nabi kandi aba yiteguye gukora igishoboka cyose ngo bamubone neza. Ubwo bwoba butuma ubufite ahora yibaza ati ubu se ninkora ibi bintu abantu barabibona bate? Ubwo se baramutse […]

Continue Reading

Umuhanzi Doja Cat utegerejwe i Kigali yatangaje ko afite indwara yo mu mutwe.

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Doja Cat utegerejwe gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Move Afrika kizaba kuwa 17 werurwe 2026 muri BK Arena, yatangaje ko amaze imyaka myinshi ahanganye n’indwara yo mu mutwe izwi nka Borderline Personality Disorder (BPD) ituma rimwe na rimwe yitwara mu buryo atabanje gutekerezaho kandi nta ruhare yabigizemo. Uyu muhanzikazi w’imyaka 30 yabitangaje […]

Continue Reading

RDC: Wazalendo yirukanye Depite Willy Mishiki nyuma yo kwemera uruhare mu gitero cya drones i Goma

Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro izwi nka Wazalendo, rishyigikiwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) binyuze muri CNVDP-WAZ, ryirukanye Depite Willy Mishiki Buhini wari Perezida w’Inama y’Inararibonye yaryo, nyuma y’amagambo yemera ko iri huriro rifite uruhare mu gitero cya drones cyagabwe mu Mujyi wa Goma. Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde cyasohotse ku […]

Continue Reading

Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ko hari ibitagenza neza.

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara. Umuyobozi w’ishuri rya GS Mushubi riri mu Karere ka Nyamagabe, UMUJA Ancille, avuga ko iyi gahunda yafashije abana benshi kwitabira ishuri kuko […]

Continue Reading

Umuhanzi uri mu bagezweho Shaffy agiye gutaramira muri Canada.

Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada. mu butumwa yanyujije k’urubuga rwe rwa Instagram, Shaffy yatangaje ko afite gitaramo mu Mugi wa Ottawa kizaba mu kwezi kwa Gicurasi 2026, anamenyesha ko amakuru arambuye ku bijyanye n’igihe n’aho kizabera azatangazwa vuba. Yanditse ati: “Mfite […]

Continue Reading