Perezida Trump yasoje inama ikomeye kuri Iran nta mwanzuro afashe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasoje inama ikomeye yamaze amasaha abiri mu cyumba cy’ibihe bidasanzwe [Situation Room] nta mwanzuro ufatika atangaje. Yigaga ku cyakorwa ngo intambara ya Iran ihagarare. Iyi nama yahuje Perezida Trump n’abajyanama be mu by’umutekano w’igihugu. Mbere y’uko iyi nama iba, Perezida Trump yari yatangaje ko agiye gufata […]

Continue Reading

Ghana: Hemejwe umushinga w’itegeko rihana ubutinganyi n’ababushyigikira.

Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana yemeje umushinga w’itegeko rishya rigamije gukaza ibihano ku bikorwa by’ubutinganyi no ku bantu babushyigikira, mu cyemezo gikomeje guteza impaka zikomeye haba imbere mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga. Uyu mushinga w’itegeko uteganya ko umuntu uvuga cyangwa utangaza ko ari umutinganyi ashobora guhanishwa igifungo kigera ku myaka itatu. Unashyiraho ingingo isaba […]

Continue Reading

Kirehe: Abantu 15 bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa umutobe.

Abaturage 15 bo mu Karere ka Kirehe mu Murenge wa Kigarama, bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ku mutobe wari wenzwe n’umuturage mugenzi wabo, bigakekwa ko ushobora kuba wahumanyijwe. Ibi byabaye ku wa Kane tariki ya 28 Gicurasi 2026, mu Mudugudu wa Nyamikoni mu Kagari ka Cyanya mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kirehe. […]

Continue Reading

Ramos Rogerio yagizwe umutoza w’abazamu mu Amavubi.

Umunya-Brazil Ramos Dal Solio Rogerio yagizwe umutoza mushya w’abanyezamu mu Ikipe y’Igihugu y’Abagabo (Amavubi). Byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Gicurasi 2026, ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu mugabo w’imyaka 52 wabaye umunyezamu, asimbuye Mugabo Alex wari umaze imyaka ine muri izo nshingano. Ramos yatoje amakipe y’ibihugu arimo u Buhinde […]

Continue Reading

Ibitero by’u Burusiya muri Ukraine byayobeye muri Romania bikomeretsa babiri

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Romania yatangaje ko indege nto zitangira abapilot(drones) z’u Burusiya zarashe ku nyubako yo guturamo iri Mujyi wa Galati uherereye mu Majyepfo y’Uburasirazuba bw’iki gihugu hakomereka abantu babiri.  Reuters yatangaje ko icyo gitero cyabaye mu ijoro ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu tariki 29 Gicurasi 2026, ubwo u Burusiya bwashakaga kurasa […]

Continue Reading

Unity SC yabwiye FERWAFA ko ititeguye gukina Icyiciro cya Mbere.

Nyuma yo gutsindira kuzakina Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya mbere cy’umwaka utaha w’imikino 2026-27, ikipe ya Unity SC yandikiye ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ibumenyesha ko ititeguye gukina muri iki Cyiciro kubera ikibazo cy’amikoro. Mu kwezi gushize ni bwo hamenyekanye amakipe abiri yakatishije itike yo kuzakina Shampiyona y’Icyiciro cya mbere [BK Pro League] […]

Continue Reading

Ibikorwa byo gufotora abazahabwa indangamuntu koranabuhanga bigeze kuri 38% mu gihugu hose.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Indangamuntu, NIDA, cyatangaje ko ibikorwa byo gufotora no kwemeza imyirondoro ku bazahabwa indangamuntu koranabuhanga, bigeze kuri 38% mu gihugu hose. Iki gikorwa cyatangiriye mu turere dutandatu tw’Intara y’Amajyepfo, kigakomera mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ubu kigeze mu Ntara y’Iburasirazuba aho hasojweyo uturere dutatu twa Bugesera, Ngoma, na Kirehe. Muri iyi ntara, […]

Continue Reading

BAL: Petro de Luanda igiye guhatanira igikombe na RSSB Tigers.

Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yageze ku mukino wa nyuma wa Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly Ly yo muri Libya amanota 94-88 mu mukino wa ½. Uyu mukino wabereye muri BK Arena, ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 28 Gicurasi 2026. Iyi ntsinzi yahise ihesha […]

Continue Reading

Amerika yabujije abaturage bayo kujya muri Uganda kubera Ebola.

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabujije abaturage b’iki gihugu kugirira ingendo muri Uganda kubera ko ibyago byo kwandura icyorezo cya Ebola bikomeye kwiyongera. Ni icyemezo Amerika yatangaje ku wa 28 Gicurasi 2026, nyuma y’umunsi umwe Ikigo cya Amerika gishinzwe gukumira ibyorezo gitangaje ko Uganda yashyizwe ku rwego rwa kabiri ku bijyanye […]

Continue Reading

Kenya: Abanyeshuri b’abakobwa 16 bishwe n’inkongi y’umuriro.

Abanyeshuri b’abakobwa 16 baguye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ryisumbuye rya Utumishi Girls School riherereye mu Mujyi wa Gilgil muri Kenya. Iyi nkongi yatangiye mu masaha y’igicuku gishyira kuri uyu wa Kane ubwo abanyeshuri bari baryamye. Yibasiye icyumba kiraramo abanyeshuri bagera kuri 220. Bahise batangira kugerageza guhunga iyi nkongi bitera umuvundo ukomeye, aho abagera kuri […]

Continue Reading

Dr Semwaga Emmanuel wafashaga mu kubyara yarafunzwe! Abantu 50 buri munsi yafashaga bazaba aba nde ?.

Ibitaro yakoragaho bivuga ko yari afite ubushobozi bwo kwakira abakiriya 50 ku munsi bakeneye ziriya serivisi z’urubyaro. Yari umuganga muri ‘Mediheal Diagnostic and Fertility Centre’ Ibitaro byo mu mujyi wa Kigali. Nyuma y’ibyumweru bibiri afungiye muri kasho, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Dr Semwaga Emmanuel ari […]

Continue Reading