Ni ryari ngomba gufata umwanzuro wo gutandukana n’umukunzi wanjye?

Urukundo ni rwiza ndetse usanga umuntu uri mu rukundo aba yishimye, asa n’uwageze mu ijuru rito. Ariko ibi ni ku muntu wahiriwe mu rukundo, ufite umukunzi umwitaho, kandi babanye neza. Nyamara ushobora kuba uri mu rukundo, utishimye na gato, muhora mutongana, nta mahoro mufite mu rukundo rwanyu. Gutandukana n’umukunzi, ni icyemezo kigoranye cyane. Usanga abenshi […]

Continue Reading

Umugabo wa Zari yategeye uwo bagiye guterana ibipfunsi imodoka.

Umugabo wa Zari, Shakib Lutaaya yategeye imodoka yo mu bwoko bwa ‘Jeep Wrangler’ uwo bagiye guhurira mu mukino wo guterana ibipfunsi ku wa 11 Mata 2026. Shakib Lutaaya ari mu myiteguro y’umukino w’iteramakofe na Barista Timo, umusore wo muri Uganda ariko usanzwe aba i Dubai bakaba bategerejwe mu guterana ibipfunsi ku wa 11 Mata 2026. […]

Continue Reading

CAS yatangajeko yakiriye ubujirire bwa Sénégal yambuwe Igikombe cya Afurika

Sénégal yatangiye urugamba rwo kwisubiza Igikombe cya Afurika cya 2025 yambuwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ikagiha Maroc, yatanze ubujurire bwayo mu Rukiko rwa Siporo ku Isi (CAS). Ku wa 17 Werurwe 2026, Akanama gashinzwe Ubujurire mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) kemeje ko Igikombe cya Afurika cyegukanywe na Sénégal icyamburwa, kigahabwa Maroc. […]

Continue Reading

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame ku busabe bw’Abayisilamu bifuza gusubizaho indangururamajwi za mu gitondo.

Perezida Kagame yemereye Abayisilamu gusubizaho umuhamagaro w’isengesho rya mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi uzwi nko gutora Adhana. Perezida Kagame yabibemereye mu kiganiro cyamuhuje n’Abayisilamu bo mu Rwanda cyabereye muri BK Arena kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2026. Ni ikibazo cyabajijwe n’Umuyisiramukazi utivuze amazina avuga ko kuba Adhan idakorwa badasenga neza uko bikwiriye. […]

Continue Reading

Kiliziya yemeje ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa.

Vatican yatangaje ko abo muri Kiliziya Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa, mu rwego rwo kuvura indwara zimwe na zimwe. Byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026. Ibi bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bwifashishije ingingo z’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. Mu nyandiko ya paji 88 igaragaza amabwiriza agomba gukurikizwa kuri […]

Continue Reading

Bobi Wine wahungiye muri Amerika yavuze igishobora gutuma asubira muri Uganda

Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uri mu banyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yiteguye gutaha mu bihugu cye mu gihe yaba yizeye umutekano we, kandi ntakurikiranwe n’ubutabera. Ibi Bobi Wine yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na France 24, nyuma y’iminsi amaze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho avuga ko […]

Continue Reading

Inoti zakozwe hagati ya 2004 na 2015 zigiye kuvanwa ku isoko.

Banki Nkuru y’u Rwanda yahaye abafite inoti zakozwe hagati y’umwaka wa 2004 ndetse na 2015 igihe cy’amezi icyenda, kugira ngo babe bamaze kuzigeza ku bigo by’imari bibegereye maze bibahe inoti zizakomeza ku isoko, kuko ziriya zavuzwe zigiye kuvanwa ku isoko. Ayo mezi icyenda yatangiye kubarwa guhera kuwa 2 Werurwe 2026, kugeza ku wa 1 Ugushyingo […]

Continue Reading

Rulindo: Umuhungu wigaga muri RP Tumba college bamusanganye n’umukobwa wari wamusuye bombi bapfuye.

Umuhungu wigaga muri Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro ishami rya Tumba mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo amanitse mu nzitiramibu yapfuye ndetse n’umukobwa wari waje kumusura na we aryamye hasi yapfuye. Ibyo byabaye kuri uyu wa 24 Werurwe 2026 aho uwo umuhungu yari acumbitse hafi y’iryo shuri. Amakuru dukesha ikinyamakuru Igihe avugako , […]

Continue Reading

RSSB tigers mwisura nshya igeze kure imyiteguro ya BAL.

Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo imikino ya BAL 2026 yo mu itsinda ryiswe Kalahari Conference itangire kubera i Pretoria muri Afurika y’Epfo, kuva tariki ya 27 Werurwe kugeza ku ya 4 Mata 2026. U Rwanda ruzahagararirwa na RSSB Tigers yitabiriye iyi mikino ku nshuro ya mbere, isimbuye APR BBC yikuye mu irushanwa. Mu bakinnyi 12 […]

Continue Reading

Uwahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Kenya yatawe muri yombi ashinjwa gutegura ibura rye.

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Raphael Tuju, yatawe muri yombi nyuma y’umunsi umwe bivugwa ko yaburiwe irengero, ibyo bikaba byaratumye habaho impungenge ko ashobora kuba yarashimuswe. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Umuyobozi w’iperereza ry’ibyaha Mohamed Amin yavuze ko Tuju yari mu rugo rwe igihe cyose, avuga ko ari “ibura rye ryateguwe aho kuba ikibazo […]

Continue Reading

Burundi : Umuturage yahanishijwe kwishyura amande arenga 1,700,000Fbu azira kuragira ihene.

Umuturage utuye mu Ntara ya Butanyerera mu Gihugu cy’u Burundi yaciwe amande y’arenga 1,700,000 Fbu nyuma yo gufatwa aragiye ihene ku gasozi bitemewe. Uwo muturage utuye ahitwa mu Ngere muri komini ya Busoni mu Ntara Butanyerera  tariki ya 15 Werurwe 2026, nibwo yaciwe ayo mande ya 1,751,000 Fbu nkuko byatangajwe na Jimbere Magazine.  Amakuru avuga […]

Continue Reading