#Kwibuka32 :Tariki ya 10 Mata 1994 Abatutsi barenga 3700 barishwe i Kiziguro

Inyandiko zigaragaza uko Jenoside yakozwe hirya no hino mu gihugu, zerekana ko ku wa 10 Mata 1994 wari umunsi w’ubwicanyi mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugugu. Muri icyo gihe Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na Minisitiri w’intebe Jean Kambanda kuvana abantu mu Rwanda, bajyanwa mu Bufaransa. Harimo […]

Continue Reading

Israel na Liban bitegerejwe mu biganiro by’amahoro

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yategetse ko hatangizwa ibiganiro na Liban bizanaganirwamo ingingo yo kwambura intwaro umutwe wa Hezbollah. Israel yubuye ibitero ku mutwe wa Hezbollah ukorera muri Liban ku wa 2 Werurwe, ubwo uyu mutwe ushyigikiwe na Iran watangiraga kurasa ku butaka bwa Israel. Kuva icyo gihe Israel yarasaga muri Iran […]

Continue Reading

Leta ya Michigan yemeje tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje ko tariki ya 7 Mata izajya yifatanya n’umuryango mpuzamahanga mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu rwego rwo guha icyubahiro abayizize, gushyigikira abarokotse, guharanira ukuri no kurwanya ibikorwa byo kuyihakana no kuyipfobya. Iyi ntambwe itewe mu gihe Amerika yakoresheje ku nshuro ya mbere inyito […]

Continue Reading

Urubyiruko n’abayobozi bahuriye mu gikorwa cya Our Past cyo kuganira ku mateka ya Jenoside.

Urubyiruko ruturutse hirya no hino mu gihugu rwahuriye mu busitani bwo kwibuka buri ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, mu gikorwa cyiswe ‘Our Past’, kigamije kuganira no kwiga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Urubyiruko ruturutse hirya no hino mu gihugu rwahuriye mu busitani bwo kwibuka buri ku rwibutso rwa Jenoside […]

Continue Reading

Umuhanzi Neg G the General yasuwe n’umushyitsi apfira iwe.

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G the General, yapfuye urupfu rutunguranye ubwo yari amaze igihe gito ageze mu rugo rw’uwo muhanzi. Ni urupfu rwabaye mu ijoro ry’itariki 8 rishyira iya 9 Mata 2026 mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, aho Ngenzi […]

Continue Reading

Bwa mbere ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 bigiye kubera i Burayi.

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye aravuga ko ibiganiro byo gushaka amahoro mu burasirazuba bwa Congo hagati ya Leta ya Kinshasa n’umutwe wa AFC/M23 bigiye kongera gusubukura bikazabera i Burayi ku nshuro ya mbere. Biravugwa ko ibi biganiro bitegurwa na Qatar kuri iyi nshuro bigiye kubera mu Busuwisi bikazatangira ku wa Mbere, itariki 13 Mata kugeza ku […]

Continue Reading

Agahenge ka Amerika na Iran kajemo kidobya katamaze kabiri.

Agahenge Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zemeranyijeho na Iran kajemo kidobya, biturutse ku bitero Israel yagabye muri Liban, bikagwamo abarenga 250. Mu rukerera rwo ku wa Gatatu tariki 8 Mata 2026 ni bwo Perezida Trump wa Amerika yatangaje ko bemeranyije na Iran ku bijyanye no guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri. Iran na yo […]

Continue Reading

#Kwibuka32: ibyaranze 09/04/1994 Abatutsi biciwe kuri Paruwasi i Gikondo n’ahandi henshi, Abafaransa batererana abicwaga.

Tariki ya 9 Mata 1994, nibwo icyo Abafaransa bise «Operation Turquoise» yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’abanyamahanga bari mu Rwanda. Iyo operasiyo yabaye igihe abantu bicwaga cyane muri Kigali n’ahandi henshi mu gihugu, bicwa n’abasirikari n’Interahamwe. Izo ngabo z’Abafaransa zarebaga abicwaga nyamara ntibigeze babatabara, barabaretse baricwa bikomereza gucyura […]

Continue Reading

AFC/M23 yashinje Leta ya RDC gushaka kudobya ibiganiro by’amahoro biteganyijwe vuba.

Ihuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gushaka kudobya ibiganiro by’amahoro biteganyijwe vuba. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 8 Mata 2026, drone y’ingabo za Leta ya RDC yarashe ahatuwe cyane mu gace ka Nyabiondo muri teritwari ya Masisi. Kanyuka yagize ati “Habura iminsi ngo […]

Continue Reading

 Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5741.

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu ni bo bahawe ipeti rya Commissioner of Police (CP). Abo ni Emmanuel Karasi, Bertin Mutezintare, Jean Népomucène Mbonyumuvunyi, Barthélemy Rugwizangoga na Fidèle Mugengana. Abahawe ipeti rya Assistant Commissioner of Police […]

Continue Reading

Abarenga 250 bamaze kugwa mu gitero Israel yagabye kuri Liban.

Ibitero simusiga Israel yagabye kuri Liban bivugwa ko bimaze guhitana abantu 254 bikomeretsa abandi 1165, ibigaragaza uburyo intambara hagati ya Israel na Hezbollah ikomeje nubwo iya Iran yabaye ihagaritswe. Ni ibitero by’indege bihambaye Israel yagabye muri Liban ku wa 8 Mata 2029, aho ab’i Tel Aviv barashe ahantu 100 byavugaga ko hari ibigo Hezbollah yakoreshaga. […]

Continue Reading