Perezida Suluhu yahaye umuraperi Professor Jay miliyoni 16,7 Frw yo kwiyondora nyuma y’uburwayi.

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yahaye umuraperi Professor Jay ufatwa nk’umunyabigwi muri Hip Hop miliyoni 30 z’Amashilingi ya Tanzania (asaga miliyoni 16,7 z’amafaranga y’u Rwanda) yo kwiyondora wari umaze igihe arwaye. Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba w’itariki 11 Gicurasi 2026, ubwo Minisitiri wungirije ushinzwe itangazamakuru, umuco, ubuhanzi na siporo muri Tanzania, Hamis Mwinjuma, yasuraga […]

Continue Reading

Batse gatanya nyuma y’iminota 3 bashyingiranwe.

Muri Kuwait, habaye inkuru yatunguye benshi nyuma y’uko umugabo n’umugore bari bamaze gushyingiranwa batandukanye hashize iminota itatu gusa bakoze ubukwe bwemewe n’amategeko. Amakuru avuga ko nyuma yo gusinya impapuro z’ubukwe mu rukiko, aba bombi bari basohotse mu nyubako bishimira ko babaye umugabo n’umugore. Icyo gihe umugeni ngo yatsikiye imbere y’abantu benshi. Aho kugira ngo umugabo […]

Continue Reading

Rwanda premier league yakuyeho urujijo ku bibazaga niba hazatangwa igikombe kimwe cyangwa bibiri.

Urwego rutegura BK Pro League, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hatazangwa ibikombe bibiri ku mpera z’uyu mwaka w’imikino nk’uko byari byaratangajwe mbere. Byatangajwe binyuze mu itangazo uru Rwego rwashyize ahagaragara mu gitondo cyo kuri ku wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026. Rwavuze ko “nk’uko byari byatangajwe mu kiganiro FERWAFA na RPL byagiranye n’abanyamakuru bamurikirwa […]

Continue Reading

Amerika: Abantu babiri bagaragaje ibimenyetso bya ‘Hantavirus’

Abantu babiri mu Banyamerika 17 bari mu bwato bwa M/V Hondius bwagaragayemo Hantavirus, bagaragaje ibimenyetso ndetse umwe yasanzwemo imwe muri virusi zigize Hantavirus. Byatangajwe n’urwego rw’ubuzima rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NNS, ndetse rwavuze ko abo Banyamerika bose bari muri ubwo bwato uko ari 17 bahawe indege ibasubiza muri Amerika kugira ngo bajye kwitabwaho […]

Continue Reading

Muhanga: Impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri, 15 barakomereka.

Polisi y’Igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yatangaje ko mu Karere ka Muhanga habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri, igakomeretsa 15. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga ku mugoroba wo ku wa 10 Gicurasi 2026. Umuvugizi wa Polisi, Ishami rishinzwe Umutekano wo mu Muhanda, […]

Continue Reading

Bwa mbere mu mateka FC Barcelona yatwariye igikombe cya shampiyona kuri Real Madrid.

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne bisabye ko itsinda Real Madrid bwa mbere mu mateka. Kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Gicurasi 2026 saa Tatu z’ijoro kuri Spotify Camp Nou ni bwo FC Barcelona yari yakiriye Real Madrid mu mukino wo ku munsi wa 35 wa shampiyona ya […]

Continue Reading

Ruhango: Imibiri 108 y’abazize Jenoside yimuwe ishyingurwa mu cyubahiro.

Ku wa 10 Gicurasi 2026, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ruhango mu Karere ka Ruhango, hashyinguwe  mu cyubahiro imibiri 108 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yimiwe aho yari yarashyinguwe hataboneye. Urwibutso rwa Ruhango rwashyinguwemo iyo mibiti rusanzwe ruruhukiyemo abasaga 22,000 bambuwe ubuzima mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  Bizimana Celestin, umwe mu bimuriye […]

Continue Reading

Abari baraheze mu nyanja kubera Hantavirus batangiye gucyurwa.

Abantu ba mbere bo muri Espagne bari mu bwato bwari bwaheze mu nyanja hafi y’Ibirwa bya Canary (Canary Islands) bya Espagne, hakaba hafi ya Cap Vert kubera Hantavirus bageze i Madrid. Abantu 150 bari mu bwato bwa M/V Hondius bari mu rugendo rwerekeza kuri Antarctique, ariko bamwe muri bo batangira gupfa, biza gutahurwa ko ari […]

Continue Reading

Ese Netflix yaba igiye gusubukura filime La Casa de Papel yakunzwe cyane?

Ikigo Netflix kiri mu bikomeye ku Isi mu bijyanye na sinema, cyaguye umushinga wa filime yitwa Money Heist Universe cyangwa se La Casa de Papel, giteguza igice gishya, nubwo yari yararangiye. Mu Isi ya sinema La Casa de Papel iri muri filime nke zabashije kugira abafana benshi. Nyuma y’imyaka myinshi ishize ishyizweho akadomo igiharawe, Netflix […]

Continue Reading

Nyabihu: Ukekwaho kwica umugore we amukase ijosi yafashwe ashaka kujya muri Uganda.

Umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyabihu washakishwaga akekwaho kwica umugore we w’imyaka 26 amukase ijosi akoresheje umuhoro, yafatiwe i Butaro mu Karere ka Burera ashaka gutorokera muri Uganda. Ibi byabereye mu Murenge wa Karago, Akagari ka Kadahenda mu Mudugudu wa Gihira, ku wa 7 Gicurasi 2026. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Muhirwa Robert, […]

Continue Reading

Kuberiki igiciro cy’Ibirayi gikomeza kuzamuka kandi n’umusaro wabyo wariyongereye.

ibirayi ni kimwe mu bihingwa biribwa n’abantu benshi mu Rwanda ndetse izamuka ry’ibiciro byabyo biri mu ngingo zigarukwaho kenshi umunsi ku wundi aho abacuruzi babyo n’abaguzi bavuga ko biteye impungenge. Ku masoko atandukanye mu bice binyuranye by’u Rwanda igiciro cy’ibirayi ntigihwema kuzamuka nyamara imibare igaragaza ko buri mwaka umusaruro wabyo wiyongera, ibituma benshi bibaza impamvu […]

Continue Reading