RIB yemeje ko Yampano yamaze gutwabwa muri Yombi.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien wamamaye mu muziki nka Yampano, ukurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kunywa ibiyobyabwenge n’ibindi. Mu kiganiro Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry yagiranye i n’Ikinyamakuru igihe , Yagize Ati “Ku wa 16 Gicurasi 2026, RIB yafunze Uworizagwira Florien wamamaye […]

Continue Reading

Abanyarwanda bakoze urubuga rucururizwaho imiziki.

Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rumaze igihe rugaragaza ikibazo cy’nyungu y’intica ntikize abakora umuziki bakuramo kandi baba biyushye akuya. Nubwo ibihangano byabo bikoreshwa henshi mu tubari, ku maradiyo no ku mbuga zitandukanye, benshi bavuga ko amafaranga ava muri ibyo bihangano atabageraho uko bikwiye. Mu rwego rwo gushaka igisubizo kuri iki kibazo, ‘Dream Record’ yamuritse urubuga rwa […]

Continue Reading

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatangiye gutekereza kwegura.

Umwe mu bayobozi bakomeye mu Bwongereza yatangaje ko Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, yatangiye gutekereza uburyo bwiza bwo kwegura ku mwanya we kubera ibibazo bya politiki bikomeje kwiyongera mu ishyaka rye. Keir Starmer utaramara imyaka ibiri ayoboye u Bwongereza, Guverinoma ye ikomeje guhura n’ikibazo cyo gutakarizwa icyizere n’abaturage no kutumvikana kw’abagize Ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi […]

Continue Reading

Yampano Yatandukanye n’umugore we.

Uwari Umugore w’Umuhanzi yampano abinyujije mu kiganiro kuri Tiktok ubwo yaganiraga n’umu influencer uzwi kw’izina rya Godfather yahamije ko yamaze gutandukana n’uyu muhanzi. Uyu mugore akaba yemeje ko bamaze gutandukana ndetde biba mu buryo bubi. nyuma y’uko Yampano amukubise ndetse akanamugongesha imodoka ari kuri moto, kubw’amahirwe ntahasige ubuzima ariko agakomereka cyane we n’umu Motari wari […]

Continue Reading

Nyamasheke: Yishe umugore we amuziza ko yanze kumutekera.

Burindiri Emmanuel wo mu Mudugudu wa Mukoto,Akagari ka Karengera,Umurenge wa Kirimbi,Akarere ka Nyamasheke afungiye kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Macuba, akekwaho kwica umugore we  witwaga Mukarwego Elleda w’imyaka 62,amuziza ko yanze guteka. Uwo Barindiri amaze kumwica yahise ajya ku Murenge kwirega icyo cyaha yakoze, aho yabwiye ubuyobozi bw’Umurenge wa Kirimbi ko amaze kwica umugore […]

Continue Reading

BRD yasinyanye na BADEA amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 25$ zo gutera inkunga imishinga.

Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD) yasinyanye na Banki y’Abarabu yita ku Iterambere rya Afurika (BADEA), amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, azafasha BRD kongera ubushobozi bwo gutera inkunga imishinga ishyigikira iterambere rirambye no guhanga imirimo. Mu mishinga izaterwa inkunga harimo iyo kohereza ibicuruzwa mu mahanga, inganda, amacumbi aciriritse, ndetse n’iyobowe n’abagore byose bikajyana […]

Continue Reading

Amerika: California State University, Sacramento hashyizwe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yatangaje ko muri kaminuza ya California State University, Sacramento yo muri Amerika hashyizwe ikimenyetso cy’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ikimenyetso cy’urwibutso rwo kuzirikana abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 cyafunguwe ku wa 16 Gicurasi 2026. Uyu muhango witabiriwe na Perezida wa California State University, Sacramento, Dr. Luke […]

Continue Reading

Kabuga Félicien wari ukurikiranyweho kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yapfuye

Félicien Kabuga wari ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, wari umaze imyaka itanu afatiwe i Paris mu Bufaransa, yitabiye Imana i La Hayemu Buholand Urupfu rwa Félicien Kabuga rwemejwe n’Urwego IRMCT rushinzwe Imirimo y’insigarira y’izahozi ari Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha zirimo urwari rwarashyiriweho u Rwanda ICTR/TPIR. Uru rwego rwari rwanatangiye kuburanisha Kabuga, […]

Continue Reading

Nigeria yakuyeho Visa ku Banyarwanda mu gihe cy’iminsi 30.

Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Nigeria (NIS), rwatangaje ko rwatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cya Perezida w’iki guhugu, Bola Ahmed Tinubu, cyo gukuraho visa ku Banyarwanda mu gihe cy’iminsi 30. Perezida Tinibu yatangaje iki cyemezo nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ubwo yari i Kigali mu nama ihuza abayobozi b’ibigo […]

Continue Reading

Umunyamakuru Murindahabi Iréné agiye gukora ubukwe n’inkumi yo mu Bubiligi.

Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yemeje itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane, umukobwa utuye mu Bubiligi bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yateguje ko ubukwe bwe buzaba ku wa 15 Kanama 2026. Yabwiye uyu mukobwa ati “Ndagukunda cyane”. Nta makuru menshi aratangazwa ku bukwe bwa M. Iréné na Nishimwe Liliane cyane […]

Continue Reading