RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli.

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yagumye kuri 2.938 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927 Frw, bigaragaza ko yiyongereyeho 722 Frw. Ibiciro bishya RURA yabitangaje ku wa 5 Kamena bikazatangira gukurikizwa ku wa 6 Kamena 2026, Saa Kumi n’Ebyiri za […]

Continue Reading

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye ibihembo mu Irushanwa Mpuzamahanga rya Huawei ICT ryabereye mu Bushinwa.

Amakipe atatu y’abanyeshuri b’Abanyarwanda yaserukiye igihugu yitwaye neza, yegukana umwanya wa mbere n’uwa kabiri mu irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi ry’ikoranabuhanga rya Huawei ICT Competition 2025/2026, ryaberaga i Shenzhen mu Bushinwa. Huawei ICT Competition ni irushanwa ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cya Huawei ku rwego rw’Isi. Ryashyiriweho abanyeshuri n’abarimu bo muri za kaminuza n’amashuri makuru. Riba ari […]

Continue Reading

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Continue Reading

Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]

Continue Reading

Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge

Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza. Uyu munyeshuri utangaza benshi ubwo yari mu […]

Continue Reading

Ngoma: Babanyeshuri babiri baherutse gukubita animatrice bakatiwe gufungwa

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bigaga mu ishuri rya EAV Gitwe, riherereye mu Karere ka Ngoma, baherutse gutabwa muri yombi bazira gukubita ushinzwe imyitwarire yabo (animatrice), bakatiwe gufungwa umwaka umwe urimo amezi umunani asubitse. Tariki ya 2 Kamena 2026 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Ngoma rwasomye imyanzuro y’urubanza rw’aba bakobwa babiri, aho bashinjwaga gukubita umuyobozi ushinzwe imyitwarire ku […]

Continue Reading

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]

Continue Reading

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]

Continue Reading

America: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ubuza Trump kongera kurasa Iran

Inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite muri America yatoye yemeza umushinga w’itegeko rigamije kwambura Perezida Donald Trump ububasha bwo kugira icyemezo cya gisirikare yongera gufata kigamije gutera Iran. Abatoye bemeza ni amajwi 215 ku majwi 208 yatoye Oya. Mu batoye bemeza uyu mushinga w’itegeko harimo bane bo mu ishyaka ry’Aba-Republican rya Perezida Donald Trump biyunze kuri […]

Continue Reading

BasiGo Rwanda igiye kongera bisi z’amashanyarazi mu gutwara abajya mu ntara.

Ikigo gikwirakwiza bisi zikoresha amashanyarazi mu Rwanda, BasiGo, kigiye kwinjiza bisi nshya 18 mu Rwanda zitwara abagenzi, zizakorera mu ntara zitandukanye mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byatumbagiye no kwimakaza gahunda zo kurengera ibidukikije. Ni bisi zikoresha amashanyarazi 100%, ibifasha mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro bya lisansi na mazutu no kubungabunga ibidukikije. Zifite […]

Continue Reading