Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro.
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro itabyemera ikaraswa mu buryo bwo kuyisenya. Perezida Donald Trump yateguje Iran kwemera ingingo 15 kugirango irangize intambara zo mu Burasirazuba bwo hagati. Ushinzwe itangazamakuru rya Leta ya Washington, Karoline Leavitt yavuze ko Iran nitemera ko yatsinzwe intambara, hari gahunda yo kuyisenya burundu. Ntabwo Iran ikozwa ibyo guhagarika […]
Continuer la lecture
