Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro itabyemera ikaraswa mu buryo bwo kuyisenya. Perezida Donald Trump yateguje Iran kwemera ingingo 15 kugirango irangize intambara zo mu Burasirazuba bwo hagati. Ushinzwe itangazamakuru rya Leta ya Washington, Karoline Leavitt yavuze ko Iran nitemera ko yatsinzwe intambara, hari gahunda yo kuyisenya burundu. Ntabwo Iran ikozwa ibyo guhagarika […]

Continuer la lecture

Rwamagana: Umugore ukekwaho kwica umugabo we arashinja inshuti ye kuba nyirabayazana.

Umugore wari utuye mu Murenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana yabwiye Urukiko ko umugabo yari abereye inshoreke ari we wamugiriye inama yo kwica umugabo we ndetse akaba ari we wamuguriye icyuma yakoresheje Nyirahabiyaremye Agnes utuye mu Mudugudu wa Gishaka Akagari ka Bujyujyu ku wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2025, yaburanishijwe n’urukiko Rwisumbuye rwa […]

Continuer la lecture

Gen. Muhoozi yashimangiye ko ashyigikiye Israel mu ntambara ya Iran.

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ari inyuma ya Israel mu ntambara iki gihugu kigiye kumara ukwezi gihanganyemo na Iran ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yabitangaje mu gitondo cyo ku wa 26 Werurwe 2026 mu butumwa bwinshi uyu muyobozi yabyutse ashyira kuri X. Ati “Twifuza ko intambara yo […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Chike yahishuyeko mama we yamubujije Gushaka umugore Udakora.

Chike uri mu bahanzi bagezweho muri Nigeria, yatangaje ko nyina yamugiriye inama yo kutazigera ashaka umugore udafite akazi nubwo yaba amukunda. Ibi Chike yabigarutseho mu kiganiro cya podcast kizwi nka Ada’s Room. Uyu musore wamamaye mu ndirimbo nka ‘Egwu’ na ‘Running (To You)’ yavuze ko nyina yamusabye kutazigera akora ikosa ryo kurongora umukobwa ukomoka mu […]

Continuer la lecture

Kenya: Hatabuwe imirambo igera kuri 32 yiganjemo iy’abana.

Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy’abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi. Gutabururwa kw’iyi mirambo byakozwe nyuma y’uko polisi ibonye icyemezo cy’urukiko cyo kutabururwa kw’imirambo 14 byemezwaga mbere ko ari yo yashyinguwe aho hantu. Umuganga wa leta ushinzwe […]

Continuer la lecture

Rubavu: abantu batatu bagwiriwe n’urukuta rw’inzu.

Abaturage batatu bo mu Karere ka Rubavu bagwiriwe n’inzu nyuma y’imvura nyinshi yaguye umunsi wose ku wa 25 Werurwe 2026. Ibi biza byabereye mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rwaza ho mu Mudugudu wa Rebero, ku isaha ishyira saa 18h00’. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero, Uwajeneza Jeanette yavuzeko inzu yasenyutse ari iyakodeshwaga n’umugore w’imyaka 33. […]

Continuer la lecture

Ni ryari ngomba gufata umwanzuro wo gutandukana n’umukunzi wanjye?

Urukundo ni rwiza ndetse usanga umuntu uri mu rukundo aba yishimye, asa n’uwageze mu ijuru rito. Ariko ibi ni ku muntu wahiriwe mu rukundo, ufite umukunzi umwitaho, kandi babanye neza. Nyamara ushobora kuba uri mu rukundo, utishimye na gato, muhora mutongana, nta mahoro mufite mu rukundo rwanyu. Gutandukana n’umukunzi, ni icyemezo kigoranye cyane. Usanga abenshi […]

Continuer la lecture

Umugabo wa Zari yategeye uwo bagiye guterana ibipfunsi imodoka.

Umugabo wa Zari, Shakib Lutaaya yategeye imodoka yo mu bwoko bwa ‘Jeep Wrangler’ uwo bagiye guhurira mu mukino wo guterana ibipfunsi ku wa 11 Mata 2026. Shakib Lutaaya ari mu myiteguro y’umukino w’iteramakofe na Barista Timo, umusore wo muri Uganda ariko usanzwe aba i Dubai bakaba bategerejwe mu guterana ibipfunsi ku wa 11 Mata 2026. […]

Continuer la lecture

CAS yatangajeko yakiriye ubujirire bwa Sénégal yambuwe Igikombe cya Afurika

Sénégal yatangiye urugamba rwo kwisubiza Igikombe cya Afurika cya 2025 yambuwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ikagiha Maroc, yatanze ubujurire bwayo mu Rukiko rwa Siporo ku Isi (CAS). Ku wa 17 Werurwe 2026, Akanama gashinzwe Ubujurire mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) kemeje ko Igikombe cya Afurika cyegukanywe na Sénégal icyamburwa, kigahabwa Maroc. […]

Continuer la lecture

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame ku busabe bw’Abayisilamu bifuza gusubizaho indangururamajwi za mu gitondo.

Perezida Kagame yemereye Abayisilamu gusubizaho umuhamagaro w’isengesho rya mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi uzwi nko gutora Adhana. Perezida Kagame yabibemereye mu kiganiro cyamuhuje n’Abayisilamu bo mu Rwanda cyabereye muri BK Arena kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2026. Ni ikibazo cyabajijwe n’Umuyisiramukazi utivuze amazina avuga ko kuba Adhan idakorwa badasenga neza uko bikwiriye. […]

Continuer la lecture

Kiliziya yemeje ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa.

Vatican yatangaje ko abo muri Kiliziya Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa, mu rwego rwo kuvura indwara zimwe na zimwe. Byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026. Ibi bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bwifashishije ingingo z’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. Mu nyandiko ya paji 88 igaragaza amabwiriza agomba gukurikizwa kuri […]

Continuer la lecture