Masisi: Umudugudu wa Malemo wigaruriwe na Wazalendo nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo na AFC/M23.

Umudugudu wa Malemo, uherereye mu gace ka Bashali Mokoto muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kugenzurwa n’ingabo za Wazalendo ku wa Gatandatu, tariki ya 14 Werurwe 2026, nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo n’inyeshyamba za AFC/M23. Nk’uko bitangazwa n’amasoko atandukanye arimo abayobozi gakondo n’abashinzwe umutekano muri ako gace, imirwano yatangiye mu gitondo kare […]

Continue Reading

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelona ahigitse Victor Font warushyigikiwe n’abakomeye.

Perezida w’ikipe ya FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu matora yabaye ku Cyumweru kuwa 15 werurwe 2026, atsinze ku majwi menshi cyane Victor Font bari bahanganye Laporta yegukanye amajwi 32,934 angana na 68.18% by’abanyamuryango batoye, mu gihe Font we yabonye amajwi 14,384 angana na 29.78%. Ibi bituma Laporta akomeza kuyobora iyi […]

Continue Reading

Ikibuga cy’indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone.

Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone habanza kugaragara umuriro ariko uza kuzimywa. Iki gitero cyagabwe ku wa 16 Werurwe 2026, cyatumye ingendo zisubikwa by’igihe gito. Intambara ya Amerika, Israel na Iran yatumye ingendo zo mu kirere henshi zikomwa mu nkokora kuko Iran igaba ibitero ku bice byose ishinja gucumbikira ingabo cyangwa ibikorwa […]

Continue Reading

Kicukiro: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka.

Mu ma saa kumi nimwe n’igice z’umugoroba wo kuriki cyumweru tariki ya 15 werurwe 2026, inzu y’umuturage iherereye mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Nyarugunga, akagari ka kamashashi mu mudugudu wa Mukoni. yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka. bivugwa ko iyi nkongi ishobora kuba yatewe n’turika rya gas. aho Umukozi n’abana bari murugo barimo bareba film noneho […]

Continue Reading

Kiyovu sport, Gasogi united na AS kigali zasabwe gukora ikipe imwe.

Umujyi wa Kigali wasabye amakipe usanzwe ufasha ari yo Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe mu rwego rwo guhuriza hamwe ubushobozi. Ibi bimenyekanye nyuma y’ibaruwa umujyi wa kigali yandikiye aya makipe usanzwe ufashe muri iki cyumweru dusoje.  iyi baruwa yagiraga  iti: “Nshingiye ku myanzuro y’inama yabahuje n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali […]

Continue Reading

Niyonzima Haruna yahawe akazi muri FERWAFA.

Haruna Niyonzima wagiye mu kazi ko gutoza nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, yagizwe umwe mu batoza b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bashinzwe gukurikirana impano z’abato FERWAFA ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitegura amarushanwa yiswe TDS ‘Talent Development Scheme’, azenguruka intara zose z’igihugu ashaka abana bafite impano zo gukina ruhago. Ni muri […]

Continue Reading

Minisitiri Ndabamenye yakanguriye urubyiruko kuba inshuti n’ubuhinzi.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi. Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere ry’Ubuhinzi muri Afurika, AGRA na Global Citizen muri gahunda […]

Continue Reading

Ubuhinzi bw’umwimerere inzira yo kwirinda indwara no kuzahura urusobe rw’ibinyabuzima.

Mu Rwanda Ubuhinzi bw’umwimerere burimo gutera imbere aho bufasha abantu kurya ibiribwa bifite umwimerere, bigafasha kwirinda indwara cyane cyane izitandura nka Diabete, hypertension n izindi ariko bukafasha kurengera urusobe rw’ibinyabuzima.   Ubu buhinzi bukomeje kugaragara nk’inzira ikomeye ifasha kongera umusaruro w’ubuhinzi mu buryo burambye, kurengera ibidukikije no guteza imbere imibereho myiza y’abahinzi n’abaguzi. Mu Rwanda, aho ubuhinzi ari inkingi ikomeye […]

Continue Reading

Max Dowman w’imyaka 16 wa Arsenal yaciye agahigo ko gutsinda igitego muri Premier Leagueari muto kurusha abandi bose.

ibi byabaye kuruyu wa Gatandatu ubwo ikipe ya arsenal yari yakiriye ikipe ya Everton Fc kuri sitade ya Emirates mu mukino wa shampiyona aho byaje kurangira ikipe ya arsenal itsinze ibitego 2-0. Ubwo yatsindaga igitego kuri Everton, Max Dowman yakoze amateka muri Premier League aho yabaye umukinnyi ukiri muto cyane utsinze igitego ndetse anaca agahigo […]

Continue Reading

Bombori Bombori mw’ikipe ya Barcelona mbere y’amatora muriyi kipe.

Umunsi w’amatora mu ikipe ya Barcelona wageze ariko hakomeje kugaragara ihangana rikomeye hagati y’abakandida bahanganiye uyu mwanya aribo Joan Laporta na Victor Font.. Igice kinini cy’ayo makimbirane cyatangiye ubwo Joan Laporta yatangaga ikirego mu nama y’amatora ya Barcelona arega uwo bahanganye Victor Font ku cyaha cyo kwica amategeko y’amatora y’iyi kipe. Umunsi ubanziriza amatora, nyuma […]

Continue Reading

Bobi Wine yasohotse mu bwihisho yerekeza mu mahanga.

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko yavuye mu bwihisho yari amazemo hafi amezi abiri, akomereza mu mahanga mu ruzinduko ahamya ko ari urw’akazi. Kyagulanyi wamamaye mu muziki nka Bobi Wine yatangiye kwihisha tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo amatora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite yari arangiye. Asobanura ko Leta ya Uganda imaze […]

Continue Reading